Perezida Kagame yijeje Abayisilamu ko azabishyura vuba umwenda amaze imyaka 15 ababereyemo, ashimangira ko amadini agomba gukorera mu murongo unoze
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yijeje Abayisilamu bo mu Rwanda ko ibibazo byari bimaze igihe kirekire bitarakemuka, birimo umwenda Leta ibafitiye n’ikibazo cy’ubutaka bagenewe, bigiye gukemurwa vuba, ashimangira …
Perezida Kagame yijeje Abayisilamu ko azabishyura vuba umwenda amaze imyaka 15 ababereyemo, ashimangira ko amadini agomba gukorera mu murongo unoze Read More