Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende.
Mu Mujyi wa Kigali hakomeje kuvugwa cyane inkuru y’ibishyimbo byaranduwe bikiri hafi kwera, nyuma y’amafoto n’ubutumwa byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, bikurura impaka ndende mu baturage. Ibi byatangiye ubwo uwitwa Bagiruwubusa …
Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende. Read More