Minisitiri Dr. Bizimana yakiriye Gen. Faye wahoze ari mu ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yakiriye Umunya-Sénégal Gen. Babacar Faye wahoze ari mu Ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR, mu gihe igihugu …

Minisitiri Dr. Bizimana yakiriye Gen. Faye wahoze ari mu ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR. Read More

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende.

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende. Inkuru y’umuturage wo mu mujyi wa Bujumbura witwa Nyandwi Gérard yateye impungenge benshi nyuma yo kugaragaza uburyo …

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende. Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zifite ingaruka zikomeye cyane mu buyobozi bwa ryo

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zifite ingaruka zikomeye cyane mu buyobozi bwaryo Impinduka nshya mu buyobozi bw’Umujyi wa Goma zongeye kugaragaza icyerekezo ihuriro AFC/M23 rifite mu gukomeza gushimangira imiyoborere mu …

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zifite ingaruka zikomeye cyane mu buyobozi bwa ryo Read More

Kuki Urukiko rugiye gutanga umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga?

Paris yongeye kwisanga mu kigeragezo gikomeye cy’amateka n’ubutabera, mu gihe Urukiko rw’Ubujurire rutangaza umwanzuro utegerejwe na benshi ku ihagarikwa ry’iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga, umugore wa Juvénal Habyarimana, mu …

Kuki Urukiko rugiye gutanga umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga? Read More

Inkuru nziza ku banyarwanda yuko Amerika na Iran byemeranyije agahenge k’ibyumweru bibiri

Isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli ryagaragaje impinduka zikomeye nyuma y’itangazo ritunguranye rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ryemezaga ko igihugu cye cyemeranyije na Iran agahenge k’igihe …

Inkuru nziza ku banyarwanda yuko Amerika na Iran byemeranyije agahenge k’ibyumweru bibiri Read More

Impamvu Iran ikomeje kurasa muri Israel n’abafatanyabikorwa ba Amerika mu gihe hamaze kwemeranya agahenge

Ibitero bya misile bikomeje kumvikana mu bice bya Israel no mu birindiro by’abafatanyabikorwa ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ku mpapuro habayeho kwemeranya agahenge k’ibyumweru bibiri hagati ya …

Impamvu Iran ikomeje kurasa muri Israel n’abafatanyabikorwa ba Amerika mu gihe hamaze kwemeranya agahenge Read More

Abasirikare bakomeye b’u Burundi mu kaga mu gihe hamenyekanye aho Kayumba Gen. Nyamwasa yari ahuriye n’iturika ry’i Musaga.

Abasirikare bakomeye b’u Burundi mu kaga mu gihe hamenyekanye aho Kayumba Gen. Nyamwasa yari ahuriye n’iturika ry’i Musaga rikomeje guteza impagarara mu gihugu Iminsi ikomeje kwicuma mu Burundi yasize igihugu …

Abasirikare bakomeye b’u Burundi mu kaga mu gihe hamenyekanye aho Kayumba Gen. Nyamwasa yari ahuriye n’iturika ry’i Musaga. Read More

Kera kabaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuye ku izima ireka uruhande yari yarafashe ku Rwanda

Kera kabaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuye ku izima ireka uruhande yari yarafashe ku Rwanda, Impinduka zifite igisobanuro gikomeye ku mateka n’ubutabera Impinduka z’ingenzi mu mvugo ya dipolomasi y’Isi …

Kera kabaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuye ku izima ireka uruhande yari yarafashe ku Rwanda Read More