Uko havutse umwiryane n’intambara yo kurwanira ubutegetsi mu Akazu nyuma y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana

Ibimenyetso by’umwiryane n’imbaraga z’itsinda ryiswe Akazu mu butegetsi bwa Perezida Juvénal Habyarimana byatangiye kugaragara kera mbere y’ihanurwa ry’indege ye, bigenda byiyongera buhoro buhoro kugeza ubwo bihindutse urufunguzo rw’igenamigambi rya Jenoside …

Uko havutse umwiryane n’intambara yo kurwanira ubutegetsi mu Akazu nyuma y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana Read More

Perezida Kagame yakomoje ku bihano biherutse gufatirwa Ingabo za RDF no kubari mu mugambi wo gutera u Rwanda.

Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa Abanyarwanda n’amahanga ko agaciro n’icyubahiro by’Ingabo z’u Rwanda bidashobora guteshwa agaciro n’igitutu icyo ari cyo cyose, ashingiye ku mateka akomeye igihugu cyanyuzemo n’uruhare rukomeye zagize …

Perezida Kagame yakomoje ku bihano biherutse gufatirwa Ingabo za RDF no kubari mu mugambi wo gutera u Rwanda. Read More

Mbere y’uko wica u Rwanda, ruzakwica: Ubutumwa Bukomeye bwa Perezida Kagame mu Kwibuka Jenoside ku nshuro ya 32

Ijwi ry’ubuhamya riremereye, amagambo yuzuye amarira n’agahinda, n’amateka atazibagirana byahurijwe hamwe mu gutangiza Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 10 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 32. Ni igikorwa cyongeye kwibutsa …

Mbere y’uko wica u Rwanda, ruzakwica: Ubutumwa Bukomeye bwa Perezida Kagame mu Kwibuka Jenoside ku nshuro ya 32 Read More

Igisubizo cy’umugore wa Cyprien Ntaryamira wapfanye na Habyarimana ku wamubajije ikintu cyihariye asaba u Rwanda

Imyaka 32 irashize indege yari itwaye Perezida w’u Rwanda, Juvénal Habyarimana, n’uwayoboraga u Burundi, Cyprien Ntaryamira, ihanuriwe i Kigali, ariko kugeza uyu munsi ukuri ku byabaye ntikuramenyekana neza, bituma imiryango …

Igisubizo cy’umugore wa Cyprien Ntaryamira wapfanye na Habyarimana ku wamubajije ikintu cyihariye asaba u Rwanda Read More

Byasubiye i rudubi: Iran yasubije Perezida Trump wayiteguje kuyirimbura mu munsi umwe wonyine

Amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ageze ku rwego ruteye impungenge, aho amagambo akomeye n’ibikorwa bya gisirikare bikomeje kwiyongera uko iminsi ishira. Perezida …

Byasubiye i rudubi: Iran yasubije Perezida Trump wayiteguje kuyirimbura mu munsi umwe wonyine Read More

FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma yuko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.

Ibice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kuba isibaniro ry’imirwano ikarishye, aho amakuru aturuka ku mpande zitandukanye agaragaza ko abasivili ari bo bakomeje kugerwaho n’ingaruka zikomeye …

FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma yuko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi. Read More

Habaye impanuka ikomeye cyane y’ibyuma byari biri hejuru y’ikamyo byahubutse byica umuntu wari uri mu yindi modoka.

Impuruza z’impanuka zo mu muhanda zongeye kumvikana mu Karere ka Ruhango, aho ibyuma byari bitwikiriye ikamyo byahubutse bikica umuntu mu buryo bwatunguranye, bikongera kwerekana ibibazo bikigaragara mu micungire y’imizigo n’umutekano …

Habaye impanuka ikomeye cyane y’ibyuma byari biri hejuru y’ikamyo byahubutse byica umuntu wari uri mu yindi modoka. Read More

RDC: Abaturage b’abanyamulenge bashutswe bahungira ahari ingabo z’umwanzi zabagabye ho igitero simusiga.

RDC: Abaturage b’abanyamulenge bashutswe bahungira ahari ingabo z’umwanzi zabagabye ho igitero simusiga. Ibibazo by’umutekano mucye bikomeje gufata indi ntera mu misozi miremire y’i Mulenge, by’umwihariko mu gace ka Ndondo muri …

RDC: Abaturage b’abanyamulenge bashutswe bahungira ahari ingabo z’umwanzi zabagabye ho igitero simusiga. Read More