Amb Gatete yahishuye indi nzira Afurika yakwisunga mu gihe iy’umuhora wa Hormuz yakomeza kwanga

Impinduka zikomeye ziri kuba mu miterere y’ubukungu bw’isi zikomeje gushyira Afurika mu mwanya mushya, aho ishobora kwigira igicumbi cy’inzira z’ubucuruzi n’iterambere rirambye mu gihe ibibazo by’umutekano muke bikomeje kwibasira ibice …

Amb Gatete yahishuye indi nzira Afurika yakwisunga mu gihe iy’umuhora wa Hormuz yakomeza kwanga Read More

Raporo iteye ubwoba ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku ihanurwa ry’indege yari itwaye Habyarimana na mugenzi we Ntaryamira

Raporo y’ibanga yakozwe n’Ikigo cy’Ubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA) igaragaza ishusho itangaje kandi iteye ubwoba y’amasaha ya mbere yakurikiye ihanurwa ry’indege yari itwaye Perezida Juvénal Habyarimana n’uw’u …

Raporo iteye ubwoba ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku ihanurwa ry’indege yari itwaye Habyarimana na mugenzi we Ntaryamira Read More

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatanze ubusobanuro ku rupfu rw’umushyitsi wari wamusuye.

Urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 30 witwa Mugabo Emmanuel, wapfiriye mu rugo rw’umuhanzi Ngenzi Serge uzwi nka Neg G The General, rukomeje guteza urujijo n’agahinda mu muryango we, mu nshuti ze …

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatanze ubusobanuro ku rupfu rw’umushyitsi wari wamusuye. Read More

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Irani yarahiriye kwihorera ku rupfu rwa se imbaga Abanya-Irani buzuye imihanda ya Tehran.

Umwuka wa politiki mpuzamahanga wongeye gukomera cyane mu Burasirazuba bwo Hagati, aho Iran iri kwerekana ibimenyetso bivuguruzanya hagati yo kwishimira ibyo yise intsinzi n’ingaruka z’intambara ishobora kongera kubura umutwe mu …

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Irani yarahiriye kwihorera ku rupfu rwa se imbaga Abanya-Irani buzuye imihanda ya Tehran. Read More

Guverineri Kayitesi yagaragaje impungenge zikomeye ku batanga amakuru ku hari imibiri y’abishwe muri Jenoside

Imyaka irenga mirongo 32 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, haracyari imibiri itarashyingurwa mu cyubahiro, ibintu bikomeje kuba igikomere gikomeye ku bayirokotse n’imiryango yabo. Mu Ntara y’Amajyepfo, ubuyobozi buravuga ko hari …

Guverineri Kayitesi yagaragaje impungenge zikomeye ku batanga amakuru ku hari imibiri y’abishwe muri Jenoside Read More

AFC/M23 yamenyesheje umuhuza mu biganiro by’amahoro ibyakozwe na RDC mu gihe yari iri munzira yerekeza mu Busuwisi

AFC/M23 yamenyesheje umuhuza wa mu biganiro by’amahoro, Qatar(Doha) n’abandi bafatanyabikorwa mpuzamahanga ibyakozwe na Guverinoma ya RDC mu gihe itsinda ryayo ryari mu nzira ryo kujya muri Busuwisi kugira ngo ryitabire …

AFC/M23 yamenyesheje umuhuza mu biganiro by’amahoro ibyakozwe na RDC mu gihe yari iri munzira yerekeza mu Busuwisi Read More

Perezida Museveni yakomoje ku masezerano y’u Rwanda na RDC anahishura ikindi kintu gikomeye giteye impungenge.

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kugaragaza icyizere afitiye amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ayabona nk’intambwe ikomeye ishobora guhindura …

Perezida Museveni yakomoje ku masezerano y’u Rwanda na RDC anahishura ikindi kintu gikomeye giteye impungenge. Read More

Perezida Museveni yongeye kuzamura impaka nyuma yo kuvuga ko atiyumvisha uburyo abandi bajya ku Kwezi Abanya-Afurika bahugiye mu kumansura

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kuzamura impaka ku rwego Afurika iriho mu iterambere, agaragaza ko hari icyuho kinini hagati yayo n’ibihugu byateye imbere, cyane cyane mu by’ikoranabuhanga n’ubumenyi …

Perezida Museveni yongeye kuzamura impaka nyuma yo kuvuga ko atiyumvisha uburyo abandi bajya ku Kwezi Abanya-Afurika bahugiye mu kumansura Read More

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yongeye gukaza umurego yagize ingaruka ku buzima bwa benshi

Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ihuriro rya AFC/M23 rikomeje guhangana n’ingabo za FARDC zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo, mu gihe ibiganiro by’amahoro …

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yongeye gukaza umurego yagize ingaruka ku buzima bwa benshi Read More