Impuruza muri gereza ya Mpimba: Abagororwa bavuga ko ibisasu byabaguyemo, bamwe bahasiga ubuzima mu rusaku rw’amasasu i Bujumbura

Ijoro ry’akajagari n’ubwoba ryabaye i Bujumbura ku wa 31 Werurwe 2026 rikomeje kugaragaza ingaruka zikomeye, nyuma y’uko abagororwa bo muri gereza nkuru ya Mpimba batangiye gutabaza bavuga ko ibisasu byabaguyemo …

Impuruza muri gereza ya Mpimba: Abagororwa bavuga ko ibisasu byabaguyemo, bamwe bahasiga ubuzima mu rusaku rw’amasasu i Bujumbura Read More

Yafashwe nyuma y’inkuru yakoze: RIB yataye muri yombi umunyamakuru DC Clement

Inkuru y’ifatwa rya Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement ku mbuga nkoranyambaga yakomeje kuvugisha benshi, ikomatanya ibijyanye n’ikoreshwa ry’ubutaka, kubahiriza amategeko ndetse n’uruhare rw’imbuga nkoranyambaga mu kugaragaza ibibazo by’abaturage. Byatangiye …

Yafashwe nyuma y’inkuru yakoze: RIB yataye muri yombi umunyamakuru DC Clement Read More

RDC yongeye kwandika amateka. Nyuma y’umukino w’ishyiraniro yagarutse mu gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52

Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Les Léopards, yongeye kwandika amateka akomeye mu mupira w’amaguru nyuma yo kubona itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2026, ibintu bitari byarongeye …

RDC yongeye kwandika amateka. Nyuma y’umukino w’ishyiraniro yagarutse mu gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52 Read More

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR.

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yongeye kugaragaza impungenge ku buryo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kuvuga …

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR. Read More

Bujumbura mu kajagari: Urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje rwakurikiwe n’ubusahuzi.

Umujyi wa Bujumbura winjiye mu ijoro ridasanzwe ryuzuyemo ubwoba n’akajagari, nyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu kigo cya gisirikare cya Musaga, rikurikirwa n’ubusahuzi bwibasiye amazu y’abaturage bahunze. Uru rusaku rw’ibiturika n’amasasu …

Bujumbura mu kajagari: Urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje rwakurikiwe n’ubusahuzi. Read More

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agiye gufungura akabyiniro k’Abakirisitu i Kigali

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Kavutse Olivier, yatangaje ko agiye gufungura ahantu hihariye ho kwidagadurira hakomatanyije n’akazi mu Mujyi wa Kigali, aho hazajya hacurangirwa umuziki wa ‘Gospel’ mu …

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agiye gufungura akabyiniro k’Abakirisitu i Kigali Read More

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’inyubako z’ishuri zagaragaye zisenywa zituzuye zigeze mu madirishya. Video

Impaka zikomeje kuvugisha benshi mu baturage nyuma y’aho mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, hagaragaye inyubako zisanzwe zigeze ku rwego rwo gushyirwamo amadirishya zisennwe n’ubuyobozi, mu gihe abazubakaga bavuga …

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’inyubako z’ishuri zagaragaye zisenywa zituzuye zigeze mu madirishya. Video Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’igisasu cyaturikije ububiko bw’intwaro i Bujumbura bikitirirwa impanuka.

Umutekano mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi, Bujumbura, wajemo urujijo rukomeye nyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu kigo cya gisirikare cya Musaga, aho ububiko bw’intwaro bwafashwe n’inkongi y’umuriro bukaza guturika mu …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’igisasu cyaturikije ububiko bw’intwaro i Bujumbura bikitirirwa impanuka. Read More