Urujijo kuri ba bantu bakoze uburiganya bwo kwizeza urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada

Urubyiruko rwinshi rwo mu Rwanda rwongeye kwisanga mu gihirahiro nyuma y’amakuru yavugaga amahirwe yo kujya kwiga muri Canada, bikarangira bamwe mu bari babiteguye bafashwe bakekwaho uburiganya no gushuka abaturage. Ku …

Urujijo kuri ba bantu bakoze uburiganya bwo kwizeza urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada Read More

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17.

Abaturage bo mu Karere ka Muhanga babyukiye mu gahinda nyuma y’impanuka ikomeye yabereye mu Mudugudu wa Busozi, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza, igahitana abantu babiri abandi 15 bagakomereka bikomeye. …

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17. Read More

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi.

Impungenge zikomeje kwiyongera mu rwego mpuzamahanga rw’ubuzima nyuma y’uko indwara ya Hantavirus igaragaye mu buryo budasanzwe mu ntangiriro za Gicurasi 2026, aho bamwe mu bantu bari mu bwato bw’ubukerarugendo bapfuye …

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi. Read More

Rwanda Premier League yaciye impaka ku gutanga ibikombe bibiri bya Shampiyona muri uyu mwaka w’imikino

Impaka zikomeje gufata intera mu bakurikiranira hafi umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’uko ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwemeje ko uyu mwaka w’imikino wa 2025/26 uzasozwa hatanzwe ibikombe bibiri bya …

Rwanda Premier League yaciye impaka ku gutanga ibikombe bibiri bya Shampiyona muri uyu mwaka w’imikino Read More

Umusifuzi yakubtiwe ku kibuga kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane.

Umusifuzi yakubiswe kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane. Agahinda n’uburakari byafashe benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Zambia nyuma y’urupfu rw’umusifuzi Donald Tonga wari ufite …

Umusifuzi yakubtiwe ku kibuga kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Gitifu Habiyaremye wasanzwe mu mugezi yapfuye nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe irengero

Agahinda n’urujijo bikomeje kuvugwa mu Karere ka Karongi nyuma y’aho Habiyaremye Bernard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kavumu mu Murenge wa Twumba asanzwe mu mugezi yapfuye, nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Gitifu Habiyaremye wasanzwe mu mugezi yapfuye nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe irengero Read More

Abakobwa bagaragaye bambaye amasume muri Gare ya Nyabugogo bateje impaka batumye Polisi itanga umuburo ukomeye.

Amashusho y’abakobwa babiri bagaragaye muri Gare ya Nyabugogo bambaye amasume ndetse bafite udutambaro tw’umweru mu mutwe yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, bituma abantu benshi bayavugaho ndetse bamwe bibaza niba ibikorwa …

Abakobwa bagaragaye bambaye amasume muri Gare ya Nyabugogo bateje impaka batumye Polisi itanga umuburo ukomeye. Read More

Ubuhamya bwa ‘Slay Queen’ y’i Kigali yahuzaga abakobwa bicuruza n’ibyamamare bwazamuye impaka ndende

Mukaruziga Shakira, umugore w’Umunyarwandakazi wigeze kubaho ubuzima buhenze kandi buvugisha benshi mu bakobwa bazwi nka ‘Slay Queens’, yahishuye uburyo urugendo rwe rwo gushaka amafaranga no kubaho ubuzima bwo ku rwego …

Ubuhamya bwa ‘Slay Queen’ y’i Kigali yahuzaga abakobwa bicuruza n’ibyamamare bwazamuye impaka ndende Read More

Abanyeshuri babiri b’abakobwa bafungiwe gukubita animatrice bakamugira intere bamuziza ibyo yari amaze kubakorera

Abanyeshuri babiri b’abakobwa bigaga mu mwaka wa gatandatu mu ishami ry’Ubuhinzi ku ishuri rya EAV Gitwe riherereye mu Murenge wa Rukira mu Karere ka Ngoma, batawe muri yombi nyuma yo …

Abanyeshuri babiri b’abakobwa bafungiwe gukubita animatrice bakamugira intere bamuziza ibyo yari amaze kubakorera Read More