Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Minisitiri w’u Burundi wasanzwe ku nzira yitabye Imana

Urupfu rutunguranye rwa Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga, rwateje urujijo n’impaka zikomeye mu baturage no mu banyapolitiki, nyuma y’uko asanzwe mu modoka ye yapfuye mu buryo butarasobanuka neza, …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Minisitiri w’u Burundi wasanzwe ku nzira yitabye Imana Read More

Ibyatangajwe na Yakutumba byateye ubwoba benshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Umwuka w’impungenge ukomeje kwiyongera mu baturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’amagambo akomeye yatangajwe na William Yakutumba, umwe mu …

Ibyatangajwe na Yakutumba byateye ubwoba benshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More

Umuryango w’Abibumbye wasabwe kuvugurura ikarita y’Isi kubera umugabane wa Afurika.

Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika zatangiye gufata indi ntera, aho igihugu cya Togo cyashyize imbere ikibazo kimaze imyaka amagana cyerekeye uko umugabane wa Afurika ugaragazwa ku ikarita y’Isi. …

Umuryango w’Abibumbye wasabwe kuvugurura ikarita y’Isi kubera umugabane wa Afurika. Read More

U Rwanda rugiye gukura ingabo za rwo muri Mozambique? Ibibazo 5 bikomeye bikomeje guteza impaka ku mutekano wa Cabo Delgado

Impaka ku hazaza h’ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Cabo Delgado zakomeje gufata indi ntera ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’uruhererekane rw’ibyemezo bya politiki n’ubukungu byafashwe n’ibihugu …

U Rwanda rugiye gukura ingabo za rwo muri Mozambique? Ibibazo 5 bikomeye bikomeje guteza impaka ku mutekano wa Cabo Delgado Read More

Intambwe idasanzwe mu biganiro by’amahoro: Abasirikare ba AFC/M23 na FARDC bagiye guhurira mu rwego rumwe

Abahagarariye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 bateye indi ntambwe ikomeye igamije kugarura amahoro, aho ku nshuro ya mbere bemeranyije ku gushyiraho uburyo bushya bwo gukorana …

Intambwe idasanzwe mu biganiro by’amahoro: Abasirikare ba AFC/M23 na FARDC bagiye guhurira mu rwego rumwe Read More

U Rwanda rwasabye ubufasha Misiri mu guhangana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

U Rwanda rwinjiye mu kindi cyiciro cy’imbaraga za dipolomasi rugamije gushaka amajwi azafasha Louise Mushikiwabo kongera kugirirwa icyizere cyo kuyobora Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), mu matora ateganyijwe mu mpera …

U Rwanda rwasabye ubufasha Misiri mu guhangana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Read More

Uturere twa Bugesera na Rusizi twashyizwe mu kato ko gucuruza no kwimura ingurube kubera indwara yaciye ibintu.

Uturere twa Bugesera na Rusizi twafatiwe ingamba zikomeye zo guhagarika ikwirakwira ry’indwara ya muryamo yibasiye ingurube, nyuma y’uko bigaragaye ko iri kurimbura ayo matungo ku muvuduko uteye inkeke. Icyemezo cyo …

Uturere twa Bugesera na Rusizi twashyizwe mu kato ko gucuruza no kwimura ingurube kubera indwara yaciye ibintu. Read More

Umunyakenya watwaraga ikamyo yiciwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma yo kwamburwa na FARDC

Inkuru y’urupfu rwa Edwin Njuguna Ngugi, umushoferi w’ikamyo ukomoka muri Kenya, yongeye kugaragaza ikibazo gikomeye cy’umutekano mucye gikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane cyane mu …

Umunyakenya watwaraga ikamyo yiciwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma yo kwamburwa na FARDC Read More

Marguerite Barankitse wahagamye u Burundi akaza kwisanga mu Rwanda yageneye ubutumwa bukomeye Perezida Ndayishimiye.

Inkuru y’ubuzima bwa Marguerite Barankitse ni imwe mu zigaragaza uko umuntu ashobora guhaguruka akarwanya urwango n’akarengane akoresheje urukundo n’ubumuntu, nubwo yaba anyuze mu bihe bikomeye by’intambara, ubwicanyi n’ubuhunzi. Uyu mugore …

Marguerite Barankitse wahagamye u Burundi akaza kwisanga mu Rwanda yageneye ubutumwa bukomeye Perezida Ndayishimiye. Read More