Abana b’Impanga ba Col. Vianney Kazarama barekuwe nyuma y’igihe bafunzwe n’intasi nkuru ya AFC/M23

Amakuru amaze iminsi acicikana mu bice bigenzurwa na AFC/M23 yemeje ko abana babiri b’impanga ba Col. Vianney Kazarama bamaze kurekurwa nyuma y’igihe bafunzwe bakekwaho “gutunga imbunda no gutanga amakuru i …

Abana b’Impanga ba Col. Vianney Kazarama barekuwe nyuma y’igihe bafunzwe n’intasi nkuru ya AFC/M23 Read More

Uwakiniye Manchester United yahamagawe bwa mbere mu Mavubi, Stephen Constantine asiga abavandimwe ba Mickels n’Abakinnyi bakomeye

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Stephen Constantine, yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 bazitabira umwiherero w’imikino ibiri ya gicuti izabera muri Maroc, hagaragaramo amazina mashya ndetse n’abakinnyi bakomeye basanzwe bamenyerewe …

Uwakiniye Manchester United yahamagawe bwa mbere mu Mavubi, Stephen Constantine asiga abavandimwe ba Mickels n’Abakinnyi bakomeye Read More

MIFOTRA yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta nubwo hari impinduka ku ndámunite

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yashyize umucyo ku makuru amaze iminsi avugwa ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro bya bamwe mu bakozi ba Leta bavuga ko habayeho izamuka ry’imishahara, …

MIFOTRA yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta nubwo hari impinduka ku ndámunite Read More

“Arsenal ni iki?” Perezida Museveni yanenze abayobozi bishimira Arsenal mu gihe ubukene burembeje abaturage

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kunenga bikomeye abayobozi ndetse n’abaturage bo muri Uganda bari mu byishimo byo kwizihiza intsinzi ya Arsenal F.C. muri Shampiyona y’u …

“Arsenal ni iki?” Perezida Museveni yanenze abayobozi bishimira Arsenal mu gihe ubukene burembeje abaturage Read More

Kivu Republic: Umuryango w’Abibumbye watangiye kwemera Repubulika Nshya ya Kivu mu bice bigenzurwa na AFC/M23?

Ibiganiro byahuje ubuyobozi bwa AFC/M23 n’abahagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, World Health Organization (WHO), byongeye gukomeza guteza impaka ku hazaza h’uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane …

Kivu Republic: Umuryango w’Abibumbye watangiye kwemera Repubulika Nshya ya Kivu mu bice bigenzurwa na AFC/M23? Read More

RDC: AFC/M23 yigaranzuye FARDC n’abambari bayo yisubiza uduce turenga 10, inasenya D-4 yarindaga ikirere cya RDC

Imirwano yongeye gukaza umurego mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Gicurasi wigambye ko wongeye kwigarurira uduce …

RDC: AFC/M23 yigaranzuye FARDC n’abambari bayo yisubiza uduce turenga 10, inasenya D-4 yarindaga ikirere cya RDC Read More

RDC: Nyuma ya Rubaya, ibindi bitero biteye ubwoba bya FARDC mu matware ya AFC/M23 byibasiye Rumangabo na Cyangungu.

Umutekano wongeye kuzamba bikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’uruhererekane rw’ibitero bya drones n’ibisasu byagabwe mu bice bitandukanye birimo Rumangabo, Rubaya, Kalehe na Minembwe, ibintu byakajije …

RDC: Nyuma ya Rubaya, ibindi bitero biteye ubwoba bya FARDC mu matware ya AFC/M23 byibasiye Rumangabo na Cyangungu. Read More

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo

Hari abagabo n’abasore benshi bavuga ko ibibazo byo mu ngo, amakimbirane adashira cyangwa kutumvikana n’abo bashakanye/bakundana bibasunikira kujya bamara igihe kinini mu tubari no gushaka abagore b’igihe gito, bamwe bakaba …

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo Read More

Uganda: Perezida Museveni yifashishije AK-47 yihanangiriza Andrew Mwenda wamwise “umusaza udashoboye”.

Inkubiri y’amagambo hagati ya Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni n’umunyamakuru w’inararibonye Andrew Mwenda yakomeje kuvugisha benshi muri Uganda no hanze yayo, nyuma y’uko uyu munyamakuru anenze bikomeye ubutegetsi bwa …

Uganda: Perezida Museveni yifashishije AK-47 yihanangiriza Andrew Mwenda wamwise “umusaza udashoboye”. Read More

Igitero cy’ubunyamaswa cyagabwe mu matware ya AFC/M23 cyahitanye benshi, imirwano ikomeza gukomera

Inkuru ndende y’amarira n’ubwoba yongeye kwandikwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’igitero cya drone y’intambara cyagabwe mu gace ka Rubaya, agace kazwiho ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya …

Igitero cy’ubunyamaswa cyagabwe mu matware ya AFC/M23 cyahitanye benshi, imirwano ikomeza gukomera Read More