Ubukene bushya mu mijyi: Abantu bafite akazi ariko batabasha kubaho neza mu gihe hari abakorera 1.100 Frw mu isaha

Mu mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi iri kwaguka mu Rwanda, imyumvire y’uko kubona akazi bihita bisobanura ubuzima bwiza iri kugenda ihinduka bucece. Uko imyaka ishira, hagenda hagaragara icyiciro …

Ubukene bushya mu mijyi: Abantu bafite akazi ariko batabasha kubaho neza mu gihe hari abakorera 1.100 Frw mu isaha Read More

Umusore wari waburiwe irengero ku munsi w’ubukwe yabonetse, benshi batungurwa n’ibyo umugeni we yahise akora

Umusore w’imyaka 26 wo mu Karere ka Rwamagana wari umaze iminsi ashyirwa mu majwi nyuma yo kuburirwa irengero ku munsi nyir’izina w’ubukwe bwe, yongeye kuboneka ari muzima ndetse agarukana umugore …

Umusore wari waburiwe irengero ku munsi w’ubukwe yabonetse, benshi batungurwa n’ibyo umugeni we yahise akora Read More

Agahinda ku musore w’imyaka 52 wiyahuye nyuma yo gusanga yaranduye ya ndwara idakira ntinagire urukingo

Inkuru ibabaje yavugishije benshi mu Karere ka Rutsiro, nyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 52 wasanzwe yiyahuye mu nzu yabagamo wenyine, aho amakuru y’ibanze agaragaza ko ashobora kuba yarafashe icyemezo gikomeye nyuma …

Agahinda ku musore w’imyaka 52 wiyahuye nyuma yo gusanga yaranduye ya ndwara idakira ntinagire urukingo Read More

Kiliziya Gatolika mu mpinduka: Cardinal Kambanda yakomoje ku bihayimana “b’aba star”, TikTok n’impaka kuri Cathédrale nshya

Mu gihe isi igenda irushaho kwihuta mu bijyanye n’ikoranabuhanga no guhindura uburyo abantu babona amakuru n’iyobokamana, Kiliziya Gatolika mu Rwanda iri gushaka uburyo bushya bwo kwegera urubyiruko rugaragara nk’aho rugenda …

Kiliziya Gatolika mu mpinduka: Cardinal Kambanda yakomoje ku bihayimana “b’aba star”, TikTok n’impaka kuri Cathédrale nshya Read More

“Nahitamo Amagaju cyangwa Etincelles”: Umukinnyi wa APR FC yasuzuguye Rayon Sports mbere y’umukino uzabahuza

Mu gihe Shampiyona y’u Rwanda igeze ku musozo, amarangamutima n’ihangana bikomeje gufata indi ntera mbere y’umukino utegerejwe na benshi uzahuza APR FC na Rayon Sports ku munsi wa 29, uteganyijwe …

“Nahitamo Amagaju cyangwa Etincelles”: Umukinnyi wa APR FC yasuzuguye Rayon Sports mbere y’umukino uzabahuza Read More

Urukiko rwakatiye uwishe abanyeshuri bane mu rubanza rwasize amarira menshi n’amasomo akomeye

Urukiko Rukuru rw’i Kampala muri Uganda rwafashe umwanzuro ukomeye mu rubanza rwari rumaze iminsi rukurikiranywe n’abaturage benshi, rukatira igihano cy’urupfu Christopher Okello Onyum, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abana …

Urukiko rwakatiye uwishe abanyeshuri bane mu rubanza rwasize amarira menshi n’amasomo akomeye Read More

Umuganga umwe n’ababyaza 3 bafunzwe bazira ubugome bakoreye umubyeyi wari ugiye kubyara bugateza urupfu

Abakozi bane b’Ibitaro by’Akarere ka Nyanza, barimo umuganga umwe n’ababyaza batatu, bafunzwe bakekwaho gutanga serivisi mbi ku mubyeyi wari ugiye kubyara, bikamuviramo kubura umwana we nyuma y’igihe gito avutse. Aya …

Umuganga umwe n’ababyaza 3 bafunzwe bazira ubugome bakoreye umubyeyi wari ugiye kubyara bugateza urupfu Read More