Ibyabaye ku mugabo wifuje kuryamana na Dj Ira uheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda.

Iradukunda Grace Divine wamamaye nka DJ Ira yongeye kuvuga ku buzima abakobwa bakora mu myidagaduro banyuramo, agaragaza uburyo hari bamwe bagifite imyumvire ibatesha agaciro ndetse bakabafata nk’abakobwa bicuruza kubera gusa …

Ibyabaye ku mugabo wifuje kuryamana na Dj Ira uheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda. Read More

Kwizera Emelyne wamamaye mu mashusho y’ubusambanyi yasohoye andi yatumye benshi bacika ururondogoro.

Kwizera Emelyne, umwe mu bakobwa bamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga mu bihe bitandukanye kubera imyitwarire yagiye ivugisha benshi, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ubuhamya bwe bw’ubuzima bushya avuga ko …

Kwizera Emelyne wamamaye mu mashusho y’ubusambanyi yasohoye andi yatumye benshi bacika ururondogoro. Read More

Urukiko rwahinduye itegeko ku bana b’ingimbi n’abangavu batera akabariro babyumvikanye.

Impaka ndende zari zimaze imyaka zivugwa muri Kenya ku bijyanye n’uburyo amategeko ahana ibyaha by’imibonano mpuzabitsina akoreshwa ku rubyiruko, zafashe indi ntera nyuma y’icyemezo gikomeye cyafashwe n’Urukiko Rukuru rwa Nairobi. …

Urukiko rwahinduye itegeko ku bana b’ingimbi n’abangavu batera akabariro babyumvikanye. Read More

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote.

Ikoranabuhanga rya drone rikomeje guhindura uburyo bwo guhangana n’ibyaha mu Rwanda, aho mu Karere ka Kayonza ryatumye hafatwa abantu 73 bakekwaho ibikorwa bifitanye isano no guteka Kanyanga, kuyicuruza ndetse no …

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote. Read More

Ebola yongeye guhangayikisha akarere: U Rwanda rwakajije ingamba ku mupaka wa RDC nyuma y’imibare mishya ya OMS

Ubwiyongere bw’abandura Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda bwakanguye ibihugu byo mu karere, aho u Rwanda rwatangaje ko rwatangiye gukaza ingamba zo gukumira iki cyorezo ku …

Ebola yongeye guhangayikisha akarere: U Rwanda rwakajije ingamba ku mupaka wa RDC nyuma y’imibare mishya ya OMS Read More

Bombori bombori hagati ya Yampano n’umukunzi we: Gukubitana, Gukuramo Inda, Ubwambure bwabo, byose byamenyekanye.

Umubano wa Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano n’umukunzi we uzwi nka Vava wageze ahakomeye nyuma y’aho bombi batangiriye kuvugana nabi ku mbuga nkoranyambaga, buri wese ashinja mugenzi we ibikorwa bikomeye …

Bombori bombori hagati ya Yampano n’umukunzi we: Gukubitana, Gukuramo Inda, Ubwambure bwabo, byose byamenyekanye. Read More

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na RDC

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ubwoba bw’ikwirakwira rya Ebola bukomeje gufata indi …

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na RDC Read More

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasabiwe gufungwa imyaka itanu mu rubanza rwazamuye impaka ndende

Urubanza ruregwamo umunyamakuru Ndahiro Valens Papy rwakomeje gukurura amarangamutima n’impaka mu bakurikiranira hafi umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda, nyuma y’uko Ubushinjacyaha bumusabiye igifungo cy’imyaka itanu ndetse n’ihazabu ya miliyoni imwe n’ibihumbi …

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasabiwe gufungwa imyaka itanu mu rubanza rwazamuye impaka ndende Read More

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto

Ikipe ya Manchester United yamuritse ku mugaragaro umwambaro mushya izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026/27, mu gikorwa cyakuruye amarangamutima y’abafana b’iyi kipe yo mu Bwongereza ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku …

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto Read More