Urujijo rukomeye ku makamyo menshi yuzuye intwaro yinjiye mu Burundi agasubizwa inyuma mu ibanga rikomeye

Amakuru akomeje guturuka mu Burundi no mu bihugu bihana imbibi na bwo akomeje guteza impaka n’impungenge, nyuma y’uko hagaragaye urujijo ku makamyo menshi bikekwa ko yari yikoreye intwaro, yinjiye muri …

Urujijo rukomeye ku makamyo menshi yuzuye intwaro yinjiye mu Burundi agasubizwa inyuma mu ibanga rikomeye Read More

Hamenyekanye impamvu y’urupfu rwa Minisitiri Bugaga wasanzwe kunzira yapfuye bigateza impaka n’ibibazo mu Burundi

Inkuru y’urupfu rwa Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga, yakomeje kuba ingingo ikomeye ivugwa cyane mu gihugu no mu karere, nyuma y’uko Guverinoma yemeje ko yishwe n’impanuka, mu gihe …

Hamenyekanye impamvu y’urupfu rwa Minisitiri Bugaga wasanzwe kunzira yapfuye bigateza impaka n’ibibazo mu Burundi Read More

“Ikibazo si njyewe”: DJ Ira yacyebuye Abarundi bakomeje kumwibasira bamuziza gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda, ababwiza ukuri

Iradukunda Grace Divine uzwi cyane nka DJ Ira yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira ahagaragara ubutumwa burebure asubiza abamaze igihe bamwibasira, by’umwihariko bamwe mu Barundi batishimiye icyemezo …

“Ikibazo si njyewe”: DJ Ira yacyebuye Abarundi bakomeje kumwibasira bamuziza gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda, ababwiza ukuri Read More

U Rwanda rwasabye abafite imodoka zabo kuzibika bakayoboka bisi no kwitegura ibihe bidasanzwe

Izamuka rikabije ry’ibiciro bya lisansi ryatangiye kugaragara mu Rwanda ryateje impungenge mu baturage, bituma Leta itangira gusaba impinduka mu myitwarire y’abakoresha imodoka, inatanga icyizere ko nubwo ibiciro bihindagurika, ububiko bw’ibikomoka …

U Rwanda rwasabye abafite imodoka zabo kuzibika bakayoboka bisi no kwitegura ibihe bidasanzwe Read More

Bihinduye isura: Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gufatira ibihano bikakaye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Umwuka wa dipolomasi ukomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, aho igitutu cy’amahanga kirushaho kwiyongera kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ishinjwa kudashyira mu bikorwa ibyo yiyemeje bijyanye …

Bihinduye isura: Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gufatira ibihano bikakaye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Read More

Uko ihuriro ry’abagamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda rikomeje kwaguka: Imigambi mibisha y’ibanga yamenyekanye.

Akarere k’Ibiyaga Bigari kongera kugaragaramo ibimenyetso by’ihuriro rigari ry’imbaraga zivugwaho guhurizwa hamwe hagamijwe guhungabanya umutekano w’u Rwanda, mu gihe amakuru atandukanye akomeje kuvugwa ku mikoranire iri hagati y’ibihugu bimwe na …

Uko ihuriro ry’abagamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda rikomeje kwaguka: Imigambi mibisha y’ibanga yamenyekanye. Read More

U Rwanda, Kenya na Uganda bihuje imbaraga byiyemeza kwihutisha umushinga uzahindura ubuzima bwa benshi.

Abayobozi mu by’imari b’ibihugu bitatu byo muri Afurika y’Iburasirazuba bongereye imbaraga mu kongera kubyutsa umushinga wari waradindiye w’umuhanda wa gari ya moshi wa Standard Gauge Railway (SGR), bagaragaza ko ari …

U Rwanda, Kenya na Uganda bihuje imbaraga byiyemeza kwihutisha umushinga uzahindura ubuzima bwa benshi. Read More

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yokeje igitutu kidasanzwe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Igitutu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gikomeje kwiyongera, aho isabwa kugaragaza ibikorwa bifatika byo gusenya umutwe wa FDLR umaze imyaka myinshi uvugwaho guhungabanya …

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yokeje igitutu kidasanzwe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri ruyihishurira ibigiye kuba muri RDC umutwe wa FDLR nudasenywa

Ibibazo by’umutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata indi ntera, mu gihe u Rwanda rwongeye kumvikanisha ku rwego mpuzamahanga ko nta mahoro arambye ashobora kugerwaho mu gihe umutwe wa FDLR …

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri ruyihishurira ibigiye kuba muri RDC umutwe wa FDLR nudasenywa Read More