Perezida Macron w’u Bufaransa yahishuye uruhande ashyigikiye mu kibazo cya RDC, AFC/M23 n’u Rwanda

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yatangaje ku mugaragaro ko igihugu cye gishyigikiye inzira y’ibiganiro mu gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke umaze imyaka myinshi urangaza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu …

Perezida Macron w’u Bufaransa yahishuye uruhande ashyigikiye mu kibazo cya RDC, AFC/M23 n’u Rwanda Read More

Urukiko rwatanze umwanzuro wa nyuma mu rubanza u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza.

U Rwanda rwatangaje ko rwubaha umwanzuro wafashwe n’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubukemurampaka nyuma yo gutsindwa mu rubanza rwari ruhanganyemo n’u Bwongereza ku birebana n’amasezerano yo kohereza abimukira i Kigali, ariko rushimangira ko …

Urukiko rwatanze umwanzuro wa nyuma mu rubanza u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza. Read More

AFC/M23 na FARDC iri kumwe n’abambari bayo babyukiye mu mirwano karahabutaka mu gihe Gen Mutayomba ukorana na FDLR yarasiwe ku rugamba

Masisi yongeye kuba isibaniro ry’imirwano ikomeye hagati y’impande zihanganye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho abarwanyi ba AFC/M23 n’ingabo za FARDC zifatanyije n’abarwanyi ba Wazalendo bakomeje guhangana …

AFC/M23 na FARDC iri kumwe n’abambari bayo babyukiye mu mirwano karahabutaka mu gihe Gen Mutayomba ukorana na FDLR yarasiwe ku rugamba Read More

Impungenge ku basirikare bo mu mutwe udasanzwe w’ingabo za FARDC boherejwe ku mipaka y’u Rwanda n’u Burundi zikomeje kwiyongera

Amakuru akomeje kuvugwa mu karere k’Ibiyaga Bigari arerekana ko umutwe udasanzwe w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) uzwi ku izina rya “Hiboux” waba waroherejwe mu Burundi mu rwego …

Impungenge ku basirikare bo mu mutwe udasanzwe w’ingabo za FARDC boherejwe ku mipaka y’u Rwanda n’u Burundi zikomeje kwiyongera Read More

Gen. Mutayomba yiciwe mu mirwano ikaze cyane imaze iminsi ibera muri Masisi. Urupfu rwe rwaciye igikuba muri RDC

Akarere ka Masisi ko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru gakomeje kuba isibaniro ry’imirwano ikomeye ihanganishije ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) n’uruhande rugizwe n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), …

Gen. Mutayomba yiciwe mu mirwano ikaze cyane imaze iminsi ibera muri Masisi. Urupfu rwe rwaciye igikuba muri RDC Read More

Amerika yahinduye umurongo nyuma y’uko Iran ivuzwe mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC

Impinduka zikomeye mu buryo Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwaramo ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gukurura impaka, cyane cyane nyuma y’uko izina …

Amerika yahinduye umurongo nyuma y’uko Iran ivuzwe mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC Read More

Masisi yongeye gushya: Imirwano ikaze cyane yongeye kubura yateje ihunga ry’Ibihumbi by’Abaturage

Akarere ka Masisi ko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kongeye kuba indiri y’imirwano ikomeye hagati y’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’imitwe …

Masisi yongeye gushya: Imirwano ikaze cyane yongeye kubura yateje ihunga ry’Ibihumbi by’Abaturage Read More

Umukozi wo mu rugo w’imyaka 19 yatorokanye nyirabuja bajya kubana nk’umugabo n’umugore. Abaturage baguye mu kantu.

Inkuru idasanzwe yakomeje kuvugisha benshi mu Karere ka Nyagatare nyuma y’aho umugore wari usanzwe afite urugo n’umugabo we afashe icyemezo cyo kurusiga akajya kubana n’umusore w’imyaka 19 wari usanzwe amukorera …

Umukozi wo mu rugo w’imyaka 19 yatorokanye nyirabuja bajya kubana nk’umugabo n’umugore. Abaturage baguye mu kantu. Read More