Abaturage bacitse igikuba bashya ubwoba bwinshi cyane nyuma yo guhishura ubucuruzi bwa Habimana na mugenzi we.

Abaturage bo mu turere twa Mubende na Fort Portal muri Uganda bakomeje gutungurwa n’amakuru yerekeye abagabo babiri bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza inyama z’imbwa, ibintu byateje impaka n’ubwoba mu baturage …

Abaturage bacitse igikuba bashya ubwoba bwinshi cyane nyuma yo guhishura ubucuruzi bwa Habimana na mugenzi we. Read More

Burera: Hamenyekanye icyatumye umunyeshuri yicwa na bagenzi be. Barindwi muri bo batawe muri yombi

Urupfu rw’umunyeshuri wigaga mu Ishuri Ryisumbuye rya Kagogo (ES Kagogo) ruherereye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera rwateye agahinda n’inkeke mu baturage, nyuma y’uko amakuru agaragaza ko rwakomotse …

Burera: Hamenyekanye icyatumye umunyeshuri yicwa na bagenzi be. Barindwi muri bo batawe muri yombi Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma ya gatanya kwa Vestine na Dorcas batandukanye na MIE nyuma y’urugendo rw’imyaka isaga itanu

Inkuru y’itandukana rya Vestine na Dorcas n’inzu ifasha abahanzi ya MIE ikomeje kuvugisha benshi mu bakurikiranira hafi umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, cyane cyane nyuma y’imyaka isaga …

Ukuri ku cyihishe inyuma ya gatanya kwa Vestine na Dorcas batandukanye na MIE nyuma y’urugendo rw’imyaka isaga itanu Read More

Inzego z’umutekano ziri guhigisha uruhindu abagize uruhare mu kwivugana umukobwa w’imyaka 17 bamukase ijosi.

Agahinda n’akababaro byarenze urugero byafashe abaturage bo mu Mudugudu wa Kamvumba, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma, nyuma y’urupfu rw’umukobwa w’imyaka 17 wari utuye muri aka …

Inzego z’umutekano ziri guhigisha uruhindu abagize uruhare mu kwivugana umukobwa w’imyaka 17 bamukase ijosi. Read More

Amashusho ya Kirabo yateje Impaka nyuma yuko ayasabiye Imbabazi, asaba rubanda kureka kuyareba

Uyu munyamideli n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga ari mu bantu bavugishije benshi muri iyi minsi nyuma y’uko amashusho bivugwa ko ari aye yihariye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu buryo butunguranye, ibintu …

Amashusho ya Kirabo yateje Impaka nyuma yuko ayasabiye Imbabazi, asaba rubanda kureka kuyareba Read More

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12?

Nyuma y’urugendo rwamaze imyaka 12 rwahinduye byinshi mu mikorere no mu iterambere rya Rayon Sports, uruganda rwenga ibinyobwa rwa SKOL Brewery Ltd rwatangaje ko amasezerano yarwo yo gutera inkunga iyi …

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12? Read More

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana.

Abaturage bo mu Murenge wa Mushonyi mu Karere ka Rutsiro babyutse batewe ubwoba n’urupfu rw’umugore wasanzwe amanitse mu mugozi mu rugo yabagamo, mu gihe Polisi y’u Rwanda yatangiye gushakisha umugabo …

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana. Read More

Impuruza zikomeye nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwafunzehoteli enye zo mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo hoteli enye zo mu Rwanda nyuma y’ubugenzuzi bwimbitse bwagaragaje ko hari ibibazo bikomeye byatumaga zituzuza ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Iki …

Impuruza zikomeye nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwafunzehoteli enye zo mu Rwanda Read More