Umushoramari wari umaze igihe mu rukundo na Jolly Mutesi, yaciye amarenga yo kuba mu munyenga w’urukundo na Alliah Cool.

Inkuru y’urukundo hagati y’ibyamamare ikomeje gutuma benshi bagira amatsiko, bibaza byinshi ku by’imitima yabo, cyane cyane iyo batangiye kugaragaza impinduka zidasanzwe ku mbuga nkoranyambaga. Ibi ni byo biri kuvugwa cyane …

Umushoramari wari umaze igihe mu rukundo na Jolly Mutesi, yaciye amarenga yo kuba mu munyenga w’urukundo na Alliah Cool. Read More

RIB yakomoje ku guta muri yombi Sibomana Athanase wahoze ari umunyamakuru wa Radio Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rukomeje gukurikiranira hafi imvugo n’ibikorwa byose bishobora kuba bifitanye isano n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside, by’umwihariko nyuma y’amagambo amaze iminsi avugwa na Sibomana Athanase wahoze …

RIB yakomoje ku guta muri yombi Sibomana Athanase wahoze ari umunyamakuru wa Radio Rwanda Read More

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwahuye n’uruva gusenya mu rubanza rwa Lt Gen Yav bushinja gukorana n’u Rwanda

Urubanza ruregwamo Lt Gen Philémon Yav Irung rukomeje kuba kimwe mu byateye impaka zikomeye mu nzego z’ubutabera bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko ku wa 21 …

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwahuye n’uruva gusenya mu rubanza rwa Lt Gen Yav bushinja gukorana n’u Rwanda Read More

Umwicanyi ruharwa wakatiwe urwo gupfa kubera Jenoside ubu ahabwa pansiyo muri gereza: Ubuhamya bwa Rwahama Anaclet

Rwahama Anaclet, umwe mu bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akatirwa igihano cy’urupfu, ubu ni umwe mu bafungiye mu Igororero bavuga inkuru y’ubuzima bwahindutse, aho kuva ku rwego rwo kuba …

Umwicanyi ruharwa wakatiwe urwo gupfa kubera Jenoside ubu ahabwa pansiyo muri gereza: Ubuhamya bwa Rwahama Anaclet Read More

Goma: Umurambo w’umwana wagonzwe na Convoy y’abasirikare ba AFC/M23 wabonetse

Agahinda gakomeye n’amarira byongeye gutwikira umujyi wa Goma nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umwana Mutiya Mwisha Jérémie, wapfuye agonzwe n’imodoka zari muri convoy y’ingabo za M23 ku wa Mbere tariki ya …

Goma: Umurambo w’umwana wagonzwe na Convoy y’abasirikare ba AFC/M23 wabonetse Read More

RDC mu gihirahiro cy’amasezerano na Amerika: Kinshasa yatewe utwatsi ku bufasha yari yasabye bwo kwita ku bimukira.

Inkuru y’ibikorwa bishya bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byo kwakira abimukira birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje guteza impaka, cyane cyane nyuma y’uko Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe …

RDC mu gihirahiro cy’amasezerano na Amerika: Kinshasa yatewe utwatsi ku bufasha yari yasabye bwo kwita ku bimukira. Read More

Ibyo umujyanama wa Perezida Trump yaganiriye na Tshisekedi na Ndayishimiye

Ihuriro mpuzamahanga ryabereye i Antalya muri Türkiye ryahuje abakuru b’ibihugu n’abayobozi batandukanye ku Isi, ryabaye n’urubuga rw’ibiganiro bikomeye ku bibazo by’umutekano n’ubukungu mu karere k’ibiyaga bigari. Muri iri huriro, Perezida …

Ibyo umujyanama wa Perezida Trump yaganiriye na Tshisekedi na Ndayishimiye Read More

Hamenyekanye ibyo Ibyo Ndayishimiye yaganiriye na Traoré wa Burkina Faso wamwakiriye

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ku wa Mbere yakiriwe ku mugaragaro mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadougou, aho yagiranye ibiganiro bikomeye na Perezida w’inzibacyuho w’icyo gihugu, Ibrahim Traoré. Uru …

Hamenyekanye ibyo Ibyo Ndayishimiye yaganiriye na Traoré wa Burkina Faso wamwakiriye Read More

RDC yafashe icyemezo cyarakaje Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe umubano wari usanzwe warajemo agatotsi

Icyemezo cya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyo guhagarika ikoreshwa ry’Amadolari n’andi mafaranga mvamahanga mu kwishyura serivisi zose guhera tariki ya 9 Mata 2027, cyakuruye impaka ndende …

RDC yafashe icyemezo cyarakaje Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe umubano wari usanzwe warajemo agatotsi Read More

APR FC na Rayon Sports zigiye gukinira ku kibuga gito cya Kamena mu gihe Stade Huye ikomeje kudakoreshwa

Impinduka zigaragara mu mikinire ya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda zikomeje gufata indi ntera, aho amakipe akomeye arimo APR FC na Rayon Sports agiye gukinira ku kibuga gito cya …

APR FC na Rayon Sports zigiye gukinira ku kibuga gito cya Kamena mu gihe Stade Huye ikomeje kudakoreshwa Read More