Ubutumwa bukomeye cyane bwa Perezida Kagame mu gihe u Bubiligi bwahaye u Burundi drone 5,000 zo gutera u Rwanda

Umutekano w’akarere k’Ibiyaga Bigari ukomeje kuba ingingo ivugwaho cyane mu itangazamakuru no mu baturage, nyuma y’amakuru akomeje gucicikana avuga ku migambi n’imyiteguro ya gisirikare ishobora kugira ingaruka ku Rwanda. Ni …

Ubutumwa bukomeye cyane bwa Perezida Kagame mu gihe u Bubiligi bwahaye u Burundi drone 5,000 zo gutera u Rwanda Read More

Kinshasa: Imirwano ikaze cyane yahanganishije abasirikare bafatanyije n’umutwe w’amabandi n’abapolisi.

Amasasu menshi n’urusaku rwinshi byumvikanye mu gace ka Makala mu murwa mukuru Kinshasa, aho abasirikare n’abapolisi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barasanye bikomeye mu minsi ibiri ikurikiranye, ku wa …

Kinshasa: Imirwano ikaze cyane yahanganishije abasirikare bafatanyije n’umutwe w’amabandi n’abapolisi. Read More

U Rwanda rwateguje impinduka zikomeye ku biciro by’ibikomoka kuri peteroli runasaba abaturage guhindura imyitwarire

U Rwanda rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje kuzamuka kandi bishobora gukomeza gutumbagira mu gihe kiri imbere, bitewe n’ingaruka z’intambara iri mu Burasirazuba bwo hagati, by’umwihariko ifungwa ry’inzira ya …

U Rwanda rwateguje impinduka zikomeye ku biciro by’ibikomoka kuri peteroli runasaba abaturage guhindura imyitwarire Read More

Perezida Ndayishimiye yaciye amarega yo gushyira mu bikorwa amasomo yakuye kuri Traoré wa Burkina Faso?

Mu gihe politiki ya Afurika ikomeje kugenda ihinduka byihuse, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ari mu bayobozi batangiye kugaragaza ibitekerezo bishya ku mikorere ya demokarasi, by’umwihariko ku bijyanye n’amatora. Ibi …

Perezida Ndayishimiye yaciye amarega yo gushyira mu bikorwa amasomo yakuye kuri Traoré wa Burkina Faso? Read More

Perezida Ndayishimiye mu kiniga n’ishavu ryinshi yasubije “Imbwa Itukura” wahishuye imigambi ye y’ibanga.

Impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga zafashe indi ntera nyuma y’uko Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, atanze igisubizo ku magambo yavuzwe n’urubuga ruzwi nka “Imbwa Itukura” rukorera ku rubuga rwa X …

Perezida Ndayishimiye mu kiniga n’ishavu ryinshi yasubije “Imbwa Itukura” wahishuye imigambi ye y’ibanga. Read More

Umwarimu utararangije kwiga kaminuza ntazongera kwigisha mu mashuri abanza: Impinduka nshya mu burezi bw’u Rwanda.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze, REB, rwatangaje ko ruri mu nzira zo kuvugurura uburyo abarimu bigisha mu mashuri abanza bategurwa, hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi no guhangana n’ibibazo byari bimaze igihe …

Umwarimu utararangije kwiga kaminuza ntazongera kwigisha mu mashuri abanza: Impinduka nshya mu burezi bw’u Rwanda. Read More

Hatangiye kugaragara amanyanga ateye inkeke ku bigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Congo

Inkuru nshya y’iperereza igaragaza urujijo n’impaka zikomeje kwiyongera ku ruhare rw’ibigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho hari ibimenyetso by’uko hari amakuru ashobora kuba …

Hatangiye kugaragara amanyanga ateye inkeke ku bigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Congo Read More

U Burundi bwahawe drone 5,000 zo kwifashisha mu gutera u Rwanda mu gihe ibikorwa bya gisirikare na byo bikomeje kugaragara hafi y’imipaka.

Amakuru atandukanye akomeje gucicikana mu karere k’Ibiyaga Bigari aragaragaza ko umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje kuzamo igitutu, aho ibihugu bimwe bivugwaho kwinjira mu migambi igamije guhindura ubutegetsi mu Rwanda, mu …

U Burundi bwahawe drone 5,000 zo kwifashisha mu gutera u Rwanda mu gihe ibikorwa bya gisirikare na byo bikomeje kugaragara hafi y’imipaka. Read More

Abanya-Afghanistan bafashije Amerika mu ntambara bagiye koherezwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump buri mu biganiro bikomeye bishobora guhindura ubuzima bw’Abanya-Afghanistan barenga 1,100 bafashije Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ntambara yo muri Afghanistan, aho bashobora koherezwa muri …

Abanya-Afghanistan bafashije Amerika mu ntambara bagiye koherezwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo? Read More

Dutemberane inzu y’arenga Miliyari 1 Frw Miss Jolly Mutesi yujuje i Kigali ikavugisha benshi. Amafoto + Video

Inkuru y’inzu nshya ya Jolly Mutesi ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru, aho benshi bayifata nk’icyitegererezo cy’inyubako zigezweho mu Mujyi wa Kigali. Nyuma y’igihe abantu bayivuga batarayibona …

Dutemberane inzu y’arenga Miliyari 1 Frw Miss Jolly Mutesi yujuje i Kigali ikavugisha benshi. Amafoto + Video Read More