RIB yaburiye abamamaza imiti y’inyatsi n’abizeza abaturage kubajyana i Burayi na Amerika ibateguza ibihano biremereye

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye gukangurira Abanyarwanda kwitondera abantu n’ibikorwa bishobora kubashora mu bwambuzi bushukana, runaburira by’umwihariko abakoresha ibitangazamakuru, imbuga nkoranyambaga n’ibyamamare bikomeje kwamamaza ibikorwa bitemewe n’amategeko. Ubu butumwa bwatanzwe …

RIB yaburiye abamamaza imiti y’inyatsi n’abizeza abaturage kubajyana i Burayi na Amerika ibateguza ibihano biremereye Read More

Bombori bombori mu mubano wa Bruce Melodie na Coach Gael nyuma y’ubutumwa bwe buremereye bwazamuye impaka ndende

Bruce Melodie yongeye kuba ingingo nyamukuru y’ibiganiro ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’ubutumwa bugufi yatambukije, bwatumye benshi bongera kwibaza ku mubano afitanye n’umujyanama we umaze imyaka amufasha mu rugendo rw’umuziki, Coach …

Bombori bombori mu mubano wa Bruce Melodie na Coach Gael nyuma y’ubutumwa bwe buremereye bwazamuye impaka ndende Read More

Urupfu rw’Umunyeshuri wiyahuye nyuma y’ibyo Umwarimu yari amaze kumukorera rwazamuye Impaka ndende.

Urujijo n’agahinda bikomeje kuganza mu karere ka Rubirizi mu burengerazuba bwa Uganda, nyuma y’urupfu rw’umunyeshuri witwa Sheilla Ankunda wigaga mu St. Thomas Vocational Secondary School, aho bikekwa ko yiyahuye nyuma …

Urupfu rw’Umunyeshuri wiyahuye nyuma y’ibyo Umwarimu yari amaze kumukorera rwazamuye Impaka ndende. Read More

Hahishuwe ko rwaserera iri mu muryango w’umuhanzi Kafeero ifitanye isano n’u Rwanda: Amabanga akomeye cyane yamenyekanye.

Inkuru y’umuhanzi wamamaye muri Uganda, Prince Job Paul Kafeero, yongeye kuvugisha benshi nyuma y’uko ibisubizo by’ibipimo bya ADN (DNA) bishyize iherezo ku bibazo byari bimaze imyaka bivugwaho mu muryango we. …

Hahishuwe ko rwaserera iri mu muryango w’umuhanzi Kafeero ifitanye isano n’u Rwanda: Amabanga akomeye cyane yamenyekanye. Read More

Ubushyuhe Bukabije i Burayi bukomeje gutuma abantu bajya ku mucanga wa Bredene batambaye akenda na kamwe.

Ubushyuhe bukabije bukomeje kwibasira ibice byinshi by’umugabane w’u Burayi bwatumye abaturage n’abakerarugendo bashaka uburyo butandukanye bwo kwirinda ingaruka zabwo, bamwe bahitamo kujya ku nkombe z’inyanja aho bashobora kubona akayaga n’umwuka …

Ubushyuhe Bukabije i Burayi bukomeje gutuma abantu bajya ku mucanga wa Bredene batambaye akenda na kamwe. Read More

Ubukwe bwahagaze ku munota wa nyuma! Umukobwa yabenzwe ku munsi w’ubukwe nyuma yuko umusore amuvumbuyeho amakuru adasanzwe

Abaturage bo mu Karere ka Ngoma bakomeje kuvuga inkuru y’ubukwe bwari bwitezwe n’abantu benshi ariko bugahagarara ku munota wa nyuma nyuma y’uko hamenyekanye amakuru yatumye umusore wari ugiye gushyingiranwa afata …

Ubukwe bwahagaze ku munota wa nyuma! Umukobwa yabenzwe ku munsi w’ubukwe nyuma yuko umusore amuvumbuyeho amakuru adasanzwe Read More

Shakib ari mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi w’Umuhanzikazi Umunyarwandakazi? Ibyo Twamenye

Shakib Cham Lutaaya, wahoze ari umugabo wa Zari Hassan wamamaye nka The Boss Lady, ari mu bantu bakomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru byo muri Afurika y’Iburasirazuba …

Shakib ari mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi w’Umuhanzikazi Umunyarwandakazi? Ibyo Twamenye Read More

Kigali: Isimbi Noeline yongeye kurikoroza nyuma yo gushyira hanze amashusho yatumye benshi bavuga amangambure.

Isimbi Noeline Narubega, umwe mu Banyarwanda bakunze kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera ibikorwa bye n’imibereho idasanzwe mu maso ya benshi, yongeye kuba ingingo y’ibiganiro nyuma yo gutangaza ko akomeje …

Kigali: Isimbi Noeline yongeye kurikoroza nyuma yo gushyira hanze amashusho yatumye benshi bavuga amangambure. Read More

Inkuru Idasanzwe: Impanga zashyingiranywe n’Impanga zikora ubukwe bwabereye rimwe buhuruza abatari bake. Amafoto

Impanga ebyiri z’abasore n’impanga ebyiri z’abakobwa zaciye agahigo mu gihugu cya Nigeria nyuma yo gushyingiranwa no guhuriza hamwe ibirori by’ubukwe bwazo mu munsi umwe, ibintu byakuruye amarangamutima n’ibitekerezo byinshi ku …

Inkuru Idasanzwe: Impanga zashyingiranywe n’Impanga zikora ubukwe bwabereye rimwe buhuruza abatari bake. Amafoto Read More

“Muri iki gihe sinshobora gusohoka hanze” – Shaddyboo yahishuye uko Iradukunda Aimable yamusambanyije

Umunyamideli n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Shaddyboo yatangaje ko yagejeje ikirego cye ku Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), asaba ko hakurikiranwa Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza, amushinja kumusambanya ku gahato nyuma …

“Muri iki gihe sinshobora gusohoka hanze” – Shaddyboo yahishuye uko Iradukunda Aimable yamusambanyije Read More