Zabyaye amahari hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera Ebola imaze guhitana abarenga 130 muri RDC

Ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’abamaze kugaragara muri Uganda, bikomeje guteza impaka hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku …

Zabyaye amahari hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera Ebola imaze guhitana abarenga 130 muri RDC Read More

Ibaruwa y’Imfungwa yandikiye Perezida Ndayishimiye yatumye benshi bacika ururondogoro.

Ijwi rikomeye ry’umufungwa uri muri Gereza Nkuru ya Mpimba mu Burundi ryakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu, nyuma y’uko yandikiye Perezida w’u Burundi, Évariste …

Ibaruwa y’Imfungwa yandikiye Perezida Ndayishimiye yatumye benshi bacika ururondogoro. Read More

Urukiko rwahinduye itegeko ku bana b’ingimbi n’abangavu batera akabariro babyumvikanye.

Impaka ndende zari zimaze imyaka zivugwa muri Kenya ku bijyanye n’uburyo amategeko ahana ibyaha by’imibonano mpuzabitsina akoreshwa ku rubyiruko, zafashe indi ntera nyuma y’icyemezo gikomeye cyafashwe n’Urukiko Rukuru rwa Nairobi. …

Urukiko rwahinduye itegeko ku bana b’ingimbi n’abangavu batera akabariro babyumvikanye. Read More

U Rwanda rwashyize umucyo ku cyemezo cyarwo cyateje umwuka mubi hagati yarwo na RDC, WHO itanga umuburo ukomeye.

Impungenge ku cyorezo cya Ebola zikomeje kwiyongera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba nyuma y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda bikomeje kugaragaramo abanduye ndetse n’abahitanwa n’iyi ndwara, mu gihe …

U Rwanda rwashyize umucyo ku cyemezo cyarwo cyateje umwuka mubi hagati yarwo na RDC, WHO itanga umuburo ukomeye. Read More

Kampala: Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye imirimo mishya nk’umuyobozi wa EASF atanga ubutumwa bukomeye

Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye ku mugaragaro inshingano nshya zo kuyobora Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zishinzwe gutabara aho rukomeye, zizwi nka The Eastern Africa Standby Force (EASF), mu muhango …

Kampala: Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye imirimo mishya nk’umuyobozi wa EASF atanga ubutumwa bukomeye Read More

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakuye ku mirimo Lt Col Ir. Léonidas Nibigira wari uyoboye ikigo cya Leta gishinzwe ibikorwa by’inyubako, OBUHA, nyuma y’uruzinduko yakoreye ahubakwa umushinga wo korora inkwavu …

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu. Read More

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote.

Ikoranabuhanga rya drone rikomeje guhindura uburyo bwo guhangana n’ibyaha mu Rwanda, aho mu Karere ka Kayonza ryatumye hafatwa abantu 73 bakekwaho ibikorwa bifitanye isano no guteka Kanyanga, kuyicuruza ndetse no …

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote. Read More