Urunturuntu mu bafana b’Amavubi: Perezida wabo akurikiranyweho kunyereza amafaranga bari bagenewe muri FIFA Series 2026.

Ihuriro ry’abafana b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, riri mu bihe by’ihungabana n’impaka zikomeye nyuma y’aho Perezida waryo, Muhawenimana Claude, ahagaritswe by’agateganyo ku nshingano ze, akurikiranyweho kunyereza amafaranga yagenewe abafana mu marushanwa mpuzamahanga …

Urunturuntu mu bafana b’Amavubi: Perezida wabo akurikiranyweho kunyereza amafaranga bari bagenewe muri FIFA Series 2026. Read More

Joseph Kabila wahoze ayobora RDC asohoye itangazo karundura ryateye ubwoba Tshisekedi n’abo bakorana.

Ibiganiro bikomeye byahuje abanyapolitiki n’abayobozi batandukanye bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasize hatanzwe itangazo rikomeye rishinja ubutegetsi buriho kuyobora igihugu mu murongo w’igitugu, bikongera impungenge ku hazaza h’umutekano …

Joseph Kabila wahoze ayobora RDC asohoye itangazo karundura ryateye ubwoba Tshisekedi n’abo bakorana. Read More

RIB yataye muri yombi gitifu w’Umurenge wategetse abantu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, tariki ya 6 Mata.

Inkuru y’itabwa muri yombi ry’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bugarama, Ndamyimana Daniel, yakomeje kuvugisha benshi mu gihugu, by’umwihariko mu gihe u Rwanda rwari rwinjiye mu cyumweru cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi …

RIB yataye muri yombi gitifu w’Umurenge wategetse abantu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, tariki ya 6 Mata. Read More

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu 59 bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Icyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi cyongeye kugaragaza ko urugamba rwo kurwanya ingengabitekerezo yayo rugikomeje, nubwo hari intambwe igaragara mu kugabanya umubare w’abayigaragaraho. Mu minsi …

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu 59 bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside Read More

RDC: Abari Barafashwe Bugwate Barekuwe Nyuma yo Gutorokera mu Mirwano Ikaze Mu Gitero Simusiga cya FARDC

Abantu bane bari barafashwe bugwate n’umutwe witwaje intwaro mu mujyi wa Bunia, mu ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bongeye kubona umudendezo nyuma yo kubasha gutoroka mu …

RDC: Abari Barafashwe Bugwate Barekuwe Nyuma yo Gutorokera mu Mirwano Ikaze Mu Gitero Simusiga cya FARDC Read More

Minisitiri w’Umutekano muri RDC yahiye ubwoba bwinshi cyane kubera ibyo Guverinoma ishaka kumukorera

Umwuka wa politiki ukomeje gufata indi ntera mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho Minisitiri w’Umutekano, Jacquemain Shabani Lukoo, yugarijwe n’igitutu gikomeye giturutse mu Nteko Ishinga Amategeko, …

Minisitiri w’Umutekano muri RDC yahiye ubwoba bwinshi cyane kubera ibyo Guverinoma ishaka kumukorera Read More

REG yateguje ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu ntara 3 z’u Rwanda

Abatuye mu bice bitandukanye by’u Rwanda baritegura iminsi itatu idasanzwe ishobora kubangamira ibikorwa bya buri munsi, nyuma y’itangazo ryasohowe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG) rigaragaza gahunda y’ibura ry’amashanyarazi …

REG yateguje ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu ntara 3 z’u Rwanda Read More

Kasuku yarusimbutse: Hamenyekanye abari bagiye kumwicira muri Amerika bitwaje imbunda akarokorwa n’umukecuru?

Ijoro ryo ku wa 12 rishyira uwa 13 Mata 2026 ryabaye iry’akababaro n’ubwoba ku munyamakuru witwa Kambale Wilondja uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Jaysqueezer cyangwa Kasuku, nyuma yo kugabwaho …

Kasuku yarusimbutse: Hamenyekanye abari bagiye kumwicira muri Amerika bitwaje imbunda akarokorwa n’umukecuru? Read More

RDC: Hadutse imirwano ikomeye cyane mu gihe ibiganiro hagati ya AFC/M23 bijemo amananiza bigitangira.

Umutekano wongeye kuzamba bikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho imirwano n’ibitero bikomeye byongeye kubura mu bice bya Minembwe n’ahandi, mu gihe ibiganiro by’amahoro biri kubera i …

RDC: Hadutse imirwano ikomeye cyane mu gihe ibiganiro hagati ya AFC/M23 bijemo amananiza bigitangira. Read More