“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakuye ku mirimo Lt Col Ir. Léonidas Nibigira wari uyoboye ikigo cya Leta gishinzwe ibikorwa by’inyubako, OBUHA, nyuma y’uruzinduko yakoreye ahubakwa umushinga wo korora inkwavu …

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu. Read More

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote.

Ikoranabuhanga rya drone rikomeje guhindura uburyo bwo guhangana n’ibyaha mu Rwanda, aho mu Karere ka Kayonza ryatumye hafatwa abantu 73 bakekwaho ibikorwa bifitanye isano no guteka Kanyanga, kuyicuruza ndetse no …

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote. Read More

Guverinoma ya RDC yabonye intwaro nshya idasanzwe iri kwifashisha mu kwigarurira umujyi wa Goma.

Ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwongeye gukurura impaka zikomeye hagati ya Leta y’i Kinshasa n’ihuriro AFC/M23 rigenzura Umujyi wa Goma n’ibindi bice byinshi …

Guverinoma ya RDC yabonye intwaro nshya idasanzwe iri kwifashisha mu kwigarurira umujyi wa Goma. Read More

RDC yarakariye u Rwanda nyuma y’ibyo rwakoze: Kinshasa yavuze ko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga

Umwuka mubi wongeye kuzamuka hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’aho Kigali ifatiye icyemezo cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi mu turere twa Rubavu na Rusizi, …

RDC yarakariye u Rwanda nyuma y’ibyo rwakoze: Kinshasa yavuze ko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga Read More

Perezida wa Mozambique yavuze iki mu gihe igihugu cye cyemeye gutanga inkunga ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado?

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yatangaje ko igihugu cye gifite ubushake bwo gukomeza ubufatanye n’u Rwanda mu rugamba rwo kurwanya iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado, mu gihe hafashwe …

Perezida wa Mozambique yavuze iki mu gihe igihugu cye cyemeye gutanga inkunga ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado? Read More

U Rwanda rwafashe icyemezo cya nyuma ku ngabo zarwo ziri muri Cabo Delgado nyuma yuko EU ihagaritse inkunga yazigeneraga

Amakuru manshya yatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yakuyeho urujijo ku hazaza h’ingabo z’u Rwanda ziri mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, nyuma y’amezi yari …

U Rwanda rwafashe icyemezo cya nyuma ku ngabo zarwo ziri muri Cabo Delgado nyuma yuko EU ihagaritse inkunga yazigeneraga Read More

AFC/M23 yavuye mu birindiro byinshi byayo mu gihe imirwano ikomeye yubuye hagati yayo n’ingabo za Leta ya Kinshasa

Ibice byinshi byo mu majyepfo y’Ikirwa cya Idjwi byakanguwe n’amakuru avuga ko abarwanyi ba AFC/M23 baba bavuye mu birindiro byinshi bari bafite muri ako gace, mu gihe indi mirwano mishya …

AFC/M23 yavuye mu birindiro byinshi byayo mu gihe imirwano ikomeye yubuye hagati yayo n’ingabo za Leta ya Kinshasa Read More

Perezida Ndayishimiye akoze impinduka zikomeye cyane muri Guverinoma y’u Burundi. Ukuri ku cyizihishe inyuma.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakoze impinduka zikomeye mu biro bishinzwe itumanaho n’amakuru muri Perezidansi, ashyiraho Nancy Ninette Mutoni nk’umukuru mushya w’ibyo biro ndetse anamugira umuvugizi mushya wa Perezida wa …

Perezida Ndayishimiye akoze impinduka zikomeye cyane muri Guverinoma y’u Burundi. Ukuri ku cyizihishe inyuma. Read More

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri kwigamba ko cyahanuye Drone y’Ingabo y’u Rwanda

Umwuka mubi hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda ukomeje gufata indi ntera nyuma y’uko igisirikare cya Congo, FARDC, gitangaje ko cyahanuye drone ya gisirikare y’u Rwanda kivuga …

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri kwigamba ko cyahanuye Drone y’Ingabo y’u Rwanda Read More