Kasuku yarusimbutse: Hamenyekanye abari bagiye kumwicira muri Amerika bitwaje imbunda akarokorwa n’umukecuru?

Ijoro ryo ku wa 12 rishyira uwa 13 Mata 2026 ryabaye iry’akababaro n’ubwoba ku munyamakuru witwa Kambale Wilondja uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Jaysqueezer cyangwa Kasuku, nyuma yo kugabwaho …

Kasuku yarusimbutse: Hamenyekanye abari bagiye kumwicira muri Amerika bitwaje imbunda akarokorwa n’umukecuru? Read More

RDC: Hadutse imirwano ikomeye cyane mu gihe ibiganiro hagati ya AFC/M23 bijemo amananiza bigitangira.

Umutekano wongeye kuzamba bikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho imirwano n’ibitero bikomeye byongeye kubura mu bice bya Minembwe n’ahandi, mu gihe ibiganiro by’amahoro biri kubera i …

RDC: Hadutse imirwano ikomeye cyane mu gihe ibiganiro hagati ya AFC/M23 bijemo amananiza bigitangira. Read More

U Busuwisi: Ibiganiro bishya by’amahoro hagati ya AFC/M23 na RDC bijemo amananiza akomeye bigitangira.

Ibiganiro byahuje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 i Genève mu busuwisi byatangiye bigaragaramo amananiza akomeye, ibintu byahise bikurura impaka mu basesenguzi batandukanye ku cyerekezo nyakuri …

U Busuwisi: Ibiganiro bishya by’amahoro hagati ya AFC/M23 na RDC bijemo amananiza akomeye bigitangira. Read More

Uko Perezida Habyarimana yashakaga kwica Abatutsi akazigaragaza nk’umucunguzi wa bo

Ibiganiro n’ubuhamya bitandukanye bikomeje gushyira mu mucyo uko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe mu buryo bwimbitse kandi burimo amayeri menshi, aho bamwe mu bayobozi bakuru b’icyo gihe bagaragazwa nk’abari bafite imigambi …

Uko Perezida Habyarimana yashakaga kwica Abatutsi akazigaragaza nk’umucunguzi wa bo Read More

Imirwano ikaze cyane yahanganishije RDC na AFC/M23 mu gihe impande zombi zitabiriye ibiganiro bishya by’amahoro

Uurasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kugaragara nk’akarere kari mu gihirahiro gikomeye, aho inzira z’amahoro zigeragezwa ku ruhande rumwe, mu gihe ku rundi ruhande imirwano ikomeza gufata indi …

Imirwano ikaze cyane yahanganishije RDC na AFC/M23 mu gihe impande zombi zitabiriye ibiganiro bishya by’amahoro Read More

Papa Léon XIV yasubije Perezida Trump wamwibasiye mu burakari bwinshi akanigereranya na Yezu Kristo

Umwuka mubi hagati ya Donald Trump na Papa Léon XIV ukomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko uyu muperezida atangaje amagambo akomeye ndetse akanasakaza ifoto yakozwe n’ikoranabuhanga (AI) imugaragaza asa na …

Papa Léon XIV yasubije Perezida Trump wamwibasiye mu burakari bwinshi akanigereranya na Yezu Kristo Read More

Hamenyekanye umutego ukomeye cyane Tshisekedi na Amerika bateze AFC/M23 mu biganiro bishya byo mu Busuwisi

Amakuru mashya akomeje kujya ahagaragara agaragaza ko ibiganiro bishya biri guhuza Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 mu Busuwisi bishobora kuba bifite undi murongo wihishe inyuma …

Hamenyekanye umutego ukomeye cyane Tshisekedi na Amerika bateze AFC/M23 mu biganiro bishya byo mu Busuwisi Read More

Guhagarika intambara ntabirimo! Benshi batunguwe n’ingingo 3 AFC/M23 na Kinshasa bagiye kuganiraho mu Busuwisi

Icyiciro cya cyenda cy’ibiganiro hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’impande zihuriye mu ihuriro rya AFC/M23 cyatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata, kibera mu …

Guhagarika intambara ntabirimo! Benshi batunguwe n’ingingo 3 AFC/M23 na Kinshasa bagiye kuganiraho mu Busuwisi Read More