Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri kwigamba ko cyahanuye Drone y’Ingabo y’u Rwanda

Umwuka mubi hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda ukomeje gufata indi ntera nyuma y’uko igisirikare cya Congo, FARDC, gitangaje ko cyahanuye drone ya gisirikare y’u Rwanda kivuga …

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri kwigamba ko cyahanuye Drone y’Ingabo y’u Rwanda Read More

Ambasaderi wa Uganda muri Loni yahishuye byinshi ku ntambara hagati y’u Rwanda n’iki gihugu n’icyari cyiyihishe inyuma

Dr Adonia Ayebare, Ambasaderi wa Uganda mu Muryango w’Abibumbye, yahishuye ko hari igihe umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Uganda wageze ku rwego ruteye impungenge ku buryo intambara yeruye yashoboraga …

Ambasaderi wa Uganda muri Loni yahishuye byinshi ku ntambara hagati y’u Rwanda n’iki gihugu n’icyari cyiyihishe inyuma Read More

Kampala: Bahiye ubwoba bwinshi cyane kubera uruzinduko rw’amateka rwa Gen. Muhoozi Kainerugaba i Kigali.

Izina rya Gen Muhoozi Kainerugaba rikomeje kugarukwaho cyane mu mateka mashya y’umubano w’u Rwanda na Uganda, nyuma y’igihe kinini ibihugu byombi birebana ay’ingwe ndetse abaturage babyo bakagerwaho n’ingaruka zikomeye zatewe …

Kampala: Bahiye ubwoba bwinshi cyane kubera uruzinduko rw’amateka rwa Gen. Muhoozi Kainerugaba i Kigali. Read More

Uganda yafunze imipaka nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda, mu gihe Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane

Ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda rikomeje guteza impungenge zikomeye mu bihugu byo mu karere no ku rwego mpuzamahanga, aho ibihugu …

Uganda yafunze imipaka nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda, mu gihe Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane Read More

Hashyizweho amabwiriza mashya akakaye ku bashaka kurushinga: Umusore udafite ibiti 10 bya Avoka ntiyemerewe kurongora

Amabwiriza mashya yashyizweho n’ubuyobozi bwa Komine Muyinga mu Ntara ya Buhumuza mu Burundi yatangiye kuvugisha benshi nyuma y’uko hamenyekanye ko umusore wese ushaka gusezerana imbere y’amategeko agomba kubanza kugaragaza ko …

Hashyizweho amabwiriza mashya akakaye ku bashaka kurushinga: Umusore udafite ibiti 10 bya Avoka ntiyemerewe kurongora Read More

Ubumwe bw’u Burayi na Mozambique bafashe icyemezo gikakaye kizagira ingaruka zikomeye cyane ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado

Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi (EU) watangaje ko ugiye gushyira imbaraga mu kongerera ubushobozi Ingabo za Mozambique (FADM), aho gukomeza gutera inkunga ibikorwa by’Ingabo z’u Rwanda ziri mu Ntara ya …

Ubumwe bw’u Burayi na Mozambique bafashe icyemezo gikakaye kizagira ingaruka zikomeye cyane ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado Read More

Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane mu gihe u Rwanda rwafunze indi mipaka ibiri yarwo

Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola bukomeje gukwira mu karere k’Ibiyaga Bigari nyuma y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda byongeye kugaragaramo iyi ndwara yica vuba, ibintu byatumye u Rwanda rukaza …

Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane mu gihe u Rwanda rwafunze indi mipaka ibiri yarwo Read More

Ebola yongeye guhangayikisha akarere: U Rwanda rwakajije ingamba ku mupaka wa RDC nyuma y’imibare mishya ya OMS

Ubwiyongere bw’abandura Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda bwakanguye ibihugu byo mu karere, aho u Rwanda rwatangaje ko rwatangiye gukaza ingamba zo gukumira iki cyorezo ku …

Ebola yongeye guhangayikisha akarere: U Rwanda rwakajije ingamba ku mupaka wa RDC nyuma y’imibare mishya ya OMS Read More

Leta y’u Rwanda yemereye Paul Rusesabagina umwanya ukomeye muri Guverinoma?

Paul Rusesabagina yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza amagambo mashya atari yarigeze avuga mbere ku buryo yafashwe akanafungirwa mu Rwanda, ibintu bamwe mu basesenguzi bafashe nk’amakabyankuru agamije kongera kwiyegereza abamushyigikiye …

Leta y’u Rwanda yemereye Paul Rusesabagina umwanya ukomeye muri Guverinoma? Read More

Paul Rusesabagina yagarutse! Yongeye kwibasira u Rwanda, atangaza andi magambo mashya atigeze avuga na rimwe.

Paul Rusesabagina yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza amagambo mashya atari yarigeze avuga mbere ku buryo yafashwe akanafungirwa mu Rwanda, ibintu bamwe mu basesenguzi bafashe nk’amakabyankuru agamije kongera kwiyegereza abamushyigikiye …

Paul Rusesabagina yagarutse! Yongeye kwibasira u Rwanda, atangaza andi magambo mashya atigeze avuga na rimwe. Read More