Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika.

Ibintu bikomeje guhindura isura ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko ibiganiro byari bimaze amasaha 21 hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, byabereye muri Pakistan, birangiye nta mwanzuro uhamye …

Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika. Read More

Perezida Trump yifatiye ku gahanga Papa Léon XIV mu gihe agiye gutangira uruzinduko rukomeye muri Afurika

Inkubiri y’amagambo akomeye hagati ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na Papa Léon XIV ikomeje gufata indi ntera, mu gihe uyu muyobozi wa Kiliziya Gatolika yitegura …

Perezida Trump yifatiye ku gahanga Papa Léon XIV mu gihe agiye gutangira uruzinduko rukomeye muri Afurika Read More

Abacuruzi b’Abashi Bashimuswe Banakorerwa ibya Kinyamaswa Bazira Kujyana Ibicuruzwa Ahatuye Abanyamulenge

Ibikorwa by’ihohoterwa rikorerwa abasivili mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera, aho amakuru ava mu gace ka Minembwe agaragaza ishusho iteye impungenge y’umutekano muke, ivangura …

Abacuruzi b’Abashi Bashimuswe Banakorerwa ibya Kinyamaswa Bazira Kujyana Ibicuruzwa Ahatuye Abanyamulenge Read More

Indwara idasanzwe yadutse mu Burundi imaze kwica abantu yateye impungenge OMS itangira iperereza ryihutirwa

Indwara itaramenyekana neza yadutse mu gihugu cy’u Burundi, ikomeje gutera impungenge inzego z’ubuzima nyuma yo guhitana abantu batanu mu gihe abandi basaga 35 bamaze kuyandura. Iyi ndwara yagaragaye muri komine …

Indwara idasanzwe yadutse mu Burundi imaze kwica abantu yateye impungenge OMS itangira iperereza ryihutirwa Read More

Ingabo z’u Burundi zibye zikanasahura ibiryo mu baturage zakubiswe iz’akabwana zihunga mu Kavuyo zitaratangira kubirya

Amakuru akomeje guturuka mu misozi miremire ya Minembwe na Bijombo muri Kivu y’Amajyepfo arerekana isura ikomeje guhinduka mu mirwano ihanganishije ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo …

Ingabo z’u Burundi zibye zikanasahura ibiryo mu baturage zakubiswe iz’akabwana zihunga mu Kavuyo zitaratangira kubirya Read More

Hamenyekanye ibikubiye mu masezerano y’ibanga Joseph Kabila yagiranye na Tshisekedi mbere yo kumwibira ubutegetsi

Inkuru nshya igaragaza urujijo n’impaka zikomeje kuvugwa ku ihererekanya ry’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bivugwa ko hari amasezerano y’ibanga yabanje kugenwa mbere y’uko ubutegetsi buva kuri Joseph …

Hamenyekanye ibikubiye mu masezerano y’ibanga Joseph Kabila yagiranye na Tshisekedi mbere yo kumwibira ubutegetsi Read More

RDC: Bamwe mu baturage bahunze bavuye Masisi batangiye kubotsa nka brochette bakabarya.

Amakuru akomeje guturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya congo aragaragaza ubukana bukabije bw’ihohoterwa rikorerwa abasivili, aho bamwe mu baturage bavuga ko bageze ku rwego rwo kurya bagenzi babo, …

RDC: Bamwe mu baturage bahunze bavuye Masisi batangiye kubotsa nka brochette bakabarya. Read More

Ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byajemo kidobya

Ubushyamirane hagati y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 bukomeje gufata indi ntera mu gihe hategerejwe ibiganiro by’amahoro byagombaga gutangira mu Busuwisi hagati ya tariki ya 13 …

Ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byajemo kidobya Read More