RIB irahari, nagire vuba anjyaneyo: Igisubizo cya Minisitiri Dr. Bizimana ku bamugereranya na Léon Mugesera.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean Damascène Bizimana, yongeye kugaragaza ko hari umurongo utagomba kwambukwa hagati yo kuvuga amateka nyayo no gukwirakwiza imvugo z’urwango, asubiza abamugereranya n’uwahoze ari umunyapolitiki Léon …

RIB irahari, nagire vuba anjyaneyo: Igisubizo cya Minisitiri Dr. Bizimana ku bamugereranya na Léon Mugesera. Read More

Barimo uwayifungiwe imyaka 13: Abantu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Ibikorwa n’amagambo bifitanye isano n’ingengabitekerezo ya Jenoside bikomeje kugaragara hirya no hino mu gihugu, by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, aho abantu babiri batawe muri yombi bakekwaho ibikorwa n’imvugo bikomeretsa abarokotse …

Barimo uwayifungiwe imyaka 13: Abantu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside Read More

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano ingabo z’u Rwanda no kuzihagarikira inkunga Ibimenyetso bikomeje kugaragara ku rwego mpuzamahanga byerekana ko imyanzuro yafashwe …

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga Read More

Uganda: Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko yiteguye kuyobora ingabo 100,000 za UPDF muri Israel

Amagambo aherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Muhoozi Kainerugaba, yongeye gukurura impaka zikomeye ku ruhando mpuzamahanga no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, aho yagaragaje ubushake bwo kohereza ingabo z’igihugu …

Uganda: Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko yiteguye kuyobora ingabo 100,000 za UPDF muri Israel Read More

Bitunguranye, Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka 500 umupolisi witwa Irankunda runamutegeka gutanga miliyoni 100.

Urubanza rwaciwe n’Urukiko rw’i Mwaro rwaciye amarenga akomeye ku mikorere y’inzego z’umutekano mu Burundi, aho umupolisi Osias Irankunda yakatiwe igifungo cya burundu ndetse agategekwa gutanga indishyi z’akababaro zingana na miliyoni …

Bitunguranye, Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka 500 umupolisi witwa Irankunda runamutegeka gutanga miliyoni 100. Read More

Ambasade y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yasabye imbabazi u Rwanda ku makosa akomeye cyane warukoreye.

Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yasabye imbabazi u Rwanda ku makosa akomeye cyane warukoreye. Icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyaranzwe n’ibikorwa bitandukanye hirya …

Ambasade y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yasabye imbabazi u Rwanda ku makosa akomeye cyane warukoreye. Read More