AFC/M23 yasubije HRW, Abanye-Congo bakora imyigaragambyo karundura bamagana Ibitero bya FARDC n’u Burundi.

Inkubiri ya politiki n’umutekano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’aho ihuriro AFC/M23 rishinje umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu wa Human Rights …

AFC/M23 yasubije HRW, Abanye-Congo bakora imyigaragambyo karundura bamagana Ibitero bya FARDC n’u Burundi. Read More

Jean-Luc Habyarimana Yahuye n’Abayobozi ba FDLR n’abasirikare bakuru bari kunoza umugambi mugari wo gutera u Rwanda.

Jean-Luc Habyarimana, umuhungu w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Juvénal Habyarimana, yongeye kuvugwa cyane mu makuru y’umutekano wo mu Karere k’Ibiyaga Bigari nyuma ya raporo zitandukanye zigaragaza ko yagiranye inama n’abayobozi …

Jean-Luc Habyarimana Yahuye n’Abayobozi ba FDLR n’abasirikare bakuru bari kunoza umugambi mugari wo gutera u Rwanda. Read More

Tshisekedi yageze i Nairobi agamije kwibasira u Rwanda, ariko akomwa mu nkokora. Uko umugambi we wapfubye.

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugaragaza ubushake bwo gukoresha amahuriro mpuzamahanga mu gushinja u Rwanda ibibazo by’umutekano muke bimaze imyaka myinshi mu burasirazuba bw’igihugu cye, …

Tshisekedi yageze i Nairobi agamije kwibasira u Rwanda, ariko akomwa mu nkokora. Uko umugambi we wapfubye. Read More

Amb. Nduhungirehe yanyomoje Perezida Tshisekedi wabeshye ko yitabiriye inama ya Africa Forward Summit i Nairobi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yamaganye amakuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo avuga ko igihugu cyabo cyagize uruhare mu biganiro bikomeye byabereye mu …

Amb. Nduhungirehe yanyomoje Perezida Tshisekedi wabeshye ko yitabiriye inama ya Africa Forward Summit i Nairobi Read More

Ukraine Yahinduye Isura y’Urugamba: Yigaranzuye Ingabo z’u Burusiya Mu Ntambara Imaze Imyaka Irenga Ine

Intambara imaze imyaka irenga ine hagati ya Ukraine n’u Burusiya iri kwinjira mu kindi cyiciro gishya, nyuma y’uko ku rugamba hatangiye kugaragara ibimenyetso byerekana ko ingabo za Kyiv zongeye kugira …

Ukraine Yahinduye Isura y’Urugamba: Yigaranzuye Ingabo z’u Burusiya Mu Ntambara Imaze Imyaka Irenga Ine Read More

Ambasaderi yafatiriye inyandiko z’Indege ya Perezida w’u Burundi imaze imyaka 10 iparitse i Madrid

Ibibazo bikomeje kuvugwa ku ndege ya Perezida w’u Burundi yo mu bwoko bwa Gulfstream G-IV ifite nimero 9U-BKB byafashe indi ntera nyuma y’uko hamenyekanye amakuru avuga ko inyandiko z’ingenzi ziyemerera …

Ambasaderi yafatiriye inyandiko z’Indege ya Perezida w’u Burundi imaze imyaka 10 iparitse i Madrid Read More

RDC: Ibitero karundura nyuma y’impinduka zidasanzwe zakozwe mu butasi no mu buyobozi bwa gisirikare bwa AFC/M23

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kuvugwamo impinduka zikomeye mu buyobozi bwa gisirikare n’inzego z’ubutasi, mu gihe imirwano ikaze ikomeje gufata indi ntera mu misozi ya Minembwe na Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, …

RDC: Ibitero karundura nyuma y’impinduka zidasanzwe zakozwe mu butasi no mu buyobozi bwa gisirikare bwa AFC/M23 Read More

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasabiwe gufungwa imyaka itanu mu rubanza rwazamuye impaka ndende

Urubanza ruregwamo umunyamakuru Ndahiro Valens Papy rwakomeje gukurura amarangamutima n’impaka mu bakurikiranira hafi umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda, nyuma y’uko Ubushinjacyaha bumusabiye igifungo cy’imyaka itanu ndetse n’ihazabu ya miliyoni imwe n’ibihumbi …

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasabiwe gufungwa imyaka itanu mu rubanza rwazamuye impaka ndende Read More

Perezida Kagame yavuze uko Afurika yamburwa ikanahanwa: “Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga byinshi”

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko uburyo Afurika ifatwa ku rwego mpuzamahanga bukomeje kugaragaza akarengane, aho ibihugu bikomeye bikoresha ibihano n’igitutu mu rwego rwo kurengera inyungu zabyo …

Perezida Kagame yavuze uko Afurika yamburwa ikanahanwa: “Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga byinshi” Read More