RDC yongeye kwandika amateka. Nyuma y’umukino w’ishyiraniro yagarutse mu gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52

Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Les Léopards, yongeye kwandika amateka akomeye mu mupira w’amaguru nyuma yo kubona itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2026, ibintu bitari byarongeye …

RDC yongeye kwandika amateka. Nyuma y’umukino w’ishyiraniro yagarutse mu gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52 Read More

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agiye gufungura akabyiniro k’Abakirisitu i Kigali

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Kavutse Olivier, yatangaje ko agiye gufungura ahantu hihariye ho kwidagadurira hakomatanyije n’akazi mu Mujyi wa Kigali, aho hazajya hacurangirwa umuziki wa ‘Gospel’ mu …

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agiye gufungura akabyiniro k’Abakirisitu i Kigali Read More

Impamvu atari umutwe wo gukerensa nubwo FARDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba yo ngo boherezwe mu Rwanda

Umutwe wa FDLR umaze imyaka irenga makumyabiri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukomeje kugaragara nk’ikibazo gikomeye ku mutekano w’akarere nubwo hari igihe wagiye ugaragazwa nk’udafite imbaraga. Icyakora, …

Impamvu atari umutwe wo gukerensa nubwo FARDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba yo ngo boherezwe mu Rwanda Read More

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri filime Seburikoko yagowe cyane n’akazi ko gusukura imirambo

Mutoni Assia wamamaye muri sinema nyarwanda, cyane cyane muri filime Seburikoko, ari mu bagaragaje ko ubuzima bwo kwimukira mu mahanga bushobora gutandukana cyane n’uko benshi babutekereza. Nyuma yo gushaka no …

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri filime Seburikoko yagowe cyane n’akazi ko gusukura imirambo Read More

Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo Abajura barimo umugore umwe bibye Inka barayibaga.

Ibikorwa by’ubujura bw’amatungo bikomeje gutera impungenge mu Karere ka Rubavu, aho abantu barindwi barimo umugore umwe bafatiwe mu cyuho bakekwaho kubaga no kugurisha inyama z’inka yibwe. Ibi byabaye mu rukerera …

Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo Abajura barimo umugore umwe bibye Inka barayibaga. Read More

Kapiteni w’ikipe y’igihugu, Amavubi igiye guhura bwa mbere n’ikipe yo ku Mugabane w’u Burayi yijeje abakunzi ba yo igikombe

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Bizimana Djihad, yatangaje ko ikipe ayoboye ifite intego yo kwandika amateka mashya mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, yegukana igikombe cya FIFA Series 2026 kiri …

Kapiteni w’ikipe y’igihugu, Amavubi igiye guhura bwa mbere n’ikipe yo ku Mugabane w’u Burayi yijeje abakunzi ba yo igikombe Read More

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwamuritswe inkoranyamuga irimo ijambo Inkoreshakure n’andi magambo mashya

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwatangaje intambwe nshya igamije guteza imbere ikoreshwa ry’Ikinyarwanda mu nzego z’ikoranabuhanga, rugaragaza inkoranyamuga nshya igamije gusobanura no kwimika amagambo ajyanye n’isi ya none. Iyi nkoranyamuga …

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwamuritswe inkoranyamuga irimo ijambo Inkoreshakure n’andi magambo mashya Read More

Jason Derulo yagaragaje ko atiyumvisha impamvu atarashaka ku myaka 37, avuga ku masomo yakuye mu rukundo

Umuhanzi w’Umunyamerika Jason Derulo uri mu bagezweho mu njyana ya R&B, yatangaje ko atiyumvisha uko ageze ku myaka 37 akiri ingaragu, nubwo yigeze kurota kubaka urugo akiri muto. Mu kiganiro …

Jason Derulo yagaragaje ko atiyumvisha impamvu atarashaka ku myaka 37, avuga ku masomo yakuye mu rukundo Read More