Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye

Nyuma y’imyaka myinshi ari umwe mu baririmbyi b’ingenzi muri Korali ya Ambassadors of Christ, Sarah Sanyu yafashe icyemezo gikomeye cyo gutangira urugendo rwe bwite nk’umuhanzi wigenga, anahita atangaza ko ari …

Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye Read More

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe

Umuhanzi The Ben yongeye kugaragaza ko afite imishinga ikomeye igamije kuzamura uruganda rw’umuziki nyarwanda, aho yatangaje ko mu minsi iri imbere azashyira hanze album nshya ndetse akanakorana ibitaramo bikomeye n’umuhanzi …

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe Read More

Habaye impanuka ikomeye cyane yabereye mu rugo igahitana Umugore n’Umugabo bari bari gukora urukundo rwo mu mashuka.

Mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Rugerero, Akagari ka Rwaza, Umudugudu wa Rebero, humvikanye inkuru y’incamugongo y’abantu batatu bagwiriwe n’inzu mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 25 …

Habaye impanuka ikomeye cyane yabereye mu rugo igahitana Umugore n’Umugabo bari bari gukora urukundo rwo mu mashuka. Read More

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukoresha nabi ijambo ‘Indangamirwa’ rimaze kwamamara mu mvugo z’ubu.

Mu gihe imvugo n’imikoreshereze y’amagambo bikomeje guhinduka cyane cyane mu rubyiruko, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene, yongeye kwibutsa urubyiruko akamaro ko gusobanukirwa neza amagambo y’umuco Nyarwanda, …

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukoresha nabi ijambo ‘Indangamirwa’ rimaze kwamamara mu mvugo z’ubu. Read More