AFC/M23 yahinduye Ubutasi n’Ubuyobozi bwa Gisirikare: Col. wa Twirwaneho Yasimbuye Nzenze wa M23, Sematama ahabwa inshingano nshya.

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje gukora impinduka zikomeye mu nzego zaryo za gisirikare n’ubuyobozi mu rwego ryo gukomeza kwagura ibikorwa byaryo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho amakuru …

AFC/M23 yahinduye Ubutasi n’Ubuyobozi bwa Gisirikare: Col. wa Twirwaneho Yasimbuye Nzenze wa M23, Sematama ahabwa inshingano nshya. Read More

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto

Ikipe ya Manchester United yamuritse ku mugaragaro umwambaro mushya izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026/27, mu gikorwa cyakuruye amarangamutima y’abafana b’iyi kipe yo mu Bwongereza ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku …

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto Read More

Urujijo kuri ba bantu bakoze uburiganya bwo kwizeza urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada

Urubyiruko rwinshi rwo mu Rwanda rwongeye kwisanga mu gihirahiro nyuma y’amakuru yavugaga amahirwe yo kujya kwiga muri Canada, bikarangira bamwe mu bari babiteguye bafashwe bakekwaho uburiganya no gushuka abaturage. Ku …

Urujijo kuri ba bantu bakoze uburiganya bwo kwizeza urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada Read More

Icyihishe inyuma y’Uruzinduko rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda muri Uganda rwahuriranye n’urwa Tshisekedi.

Urugendo rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, muri Uganda rwabaye mu gihe akarere k’Afurika y’Iburasirazuba kari gukurikiranira hafi uburyo umubano hagati y’ibihugu bitandukanye ukomeje guhinduka, cyane cyane hagati …

Icyihishe inyuma y’Uruzinduko rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda muri Uganda rwahuriranye n’urwa Tshisekedi. Read More

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17.

Abaturage bo mu Karere ka Muhanga babyukiye mu gahinda nyuma y’impanuka ikomeye yabereye mu Mudugudu wa Busozi, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza, igahitana abantu babiri abandi 15 bagakomereka bikomeye. …

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17. Read More

Tshisekedi na Museveni mu mikoranire mishya nyuma ya Operation Shujaa ku nyeshyamba za ADF

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iya Uganda bikomeje kwagura ubufatanye bwabyo mu rwego rw’umutekano, ubucuruzi n’ibikorwaremezo, mu gihe abayobozi b’ibihugu byombi biteganyijwe ko kuri uyu wa 11 Gicurasi 2026 basinyana …

Tshisekedi na Museveni mu mikoranire mishya nyuma ya Operation Shujaa ku nyeshyamba za ADF Read More

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi.

Impungenge zikomeje kwiyongera mu rwego mpuzamahanga rw’ubuzima nyuma y’uko indwara ya Hantavirus igaragaye mu buryo budasanzwe mu ntangiriro za Gicurasi 2026, aho bamwe mu bantu bari mu bwato bw’ubukerarugendo bapfuye …

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi. Read More