#Kwibuka32: Umunsi Nduhungirehe abwirwa ko Abanyarwanda bakwiye kwibagirwa Jenoside yakorewe Abatutsi

Ijwi rikomeye ryumvikanye mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, aho urubyiruko rwari rwateraniye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iryo jwi …

#Kwibuka32: Umunsi Nduhungirehe abwirwa ko Abanyarwanda bakwiye kwibagirwa Jenoside yakorewe Abatutsi Read More

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Irani yarahiriye kwihorera ku rupfu rwa se imbaga Abanya-Irani buzuye imihanda ya Tehran.

Umwuka wa politiki mpuzamahanga wongeye gukomera cyane mu Burasirazuba bwo Hagati, aho Iran iri kwerekana ibimenyetso bivuguruzanya hagati yo kwishimira ibyo yise intsinzi n’ingaruka z’intambara ishobora kongera kubura umutwe mu …

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Irani yarahiriye kwihorera ku rupfu rwa se imbaga Abanya-Irani buzuye imihanda ya Tehran. Read More

Guverineri Kayitesi yagaragaje impungenge zikomeye ku batanga amakuru ku hari imibiri y’abishwe muri Jenoside

Imyaka irenga mirongo 32 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, haracyari imibiri itarashyingurwa mu cyubahiro, ibintu bikomeje kuba igikomere gikomeye ku bayirokotse n’imiryango yabo. Mu Ntara y’Amajyepfo, ubuyobozi buravuga ko hari …

Guverineri Kayitesi yagaragaje impungenge zikomeye ku batanga amakuru ku hari imibiri y’abishwe muri Jenoside Read More

AFC/M23 yamenyesheje umuhuza mu biganiro by’amahoro ibyakozwe na RDC mu gihe yari iri munzira yerekeza mu Busuwisi

AFC/M23 yamenyesheje umuhuza wa mu biganiro by’amahoro, Qatar(Doha) n’abandi bafatanyabikorwa mpuzamahanga ibyakozwe na Guverinoma ya RDC mu gihe itsinda ryayo ryari mu nzira ryo kujya muri Busuwisi kugira ngo ryitabire …

AFC/M23 yamenyesheje umuhuza mu biganiro by’amahoro ibyakozwe na RDC mu gihe yari iri munzira yerekeza mu Busuwisi Read More

Perezida Museveni yakomoje ku masezerano y’u Rwanda na RDC anahishura ikindi kintu gikomeye giteye impungenge.

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kugaragaza icyizere afitiye amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ayabona nk’intambwe ikomeye ishobora guhindura …

Perezida Museveni yakomoje ku masezerano y’u Rwanda na RDC anahishura ikindi kintu gikomeye giteye impungenge. Read More

Perezida Museveni yongeye kuzamura impaka nyuma yo kuvuga ko atiyumvisha uburyo abandi bajya ku Kwezi Abanya-Afurika bahugiye mu kumansura

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kuzamura impaka ku rwego Afurika iriho mu iterambere, agaragaza ko hari icyuho kinini hagati yayo n’ibihugu byateye imbere, cyane cyane mu by’ikoranabuhanga n’ubumenyi …

Perezida Museveni yongeye kuzamura impaka nyuma yo kuvuga ko atiyumvisha uburyo abandi bajya ku Kwezi Abanya-Afurika bahugiye mu kumansura Read More

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yongeye gukaza umurego yagize ingaruka ku buzima bwa benshi

Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ihuriro rya AFC/M23 rikomeje guhangana n’ingabo za FARDC zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo, mu gihe ibiganiro by’amahoro …

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yongeye gukaza umurego yagize ingaruka ku buzima bwa benshi Read More

Minisitiri Dr. Bizimana yakiriye Gen. Faye wahoze ari mu ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yakiriye Umunya-Sénégal Gen. Babacar Faye wahoze ari mu Ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR, mu gihe igihugu …

Minisitiri Dr. Bizimana yakiriye Gen. Faye wahoze ari mu ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR. Read More

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende.

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende. Inkuru y’umuturage wo mu mujyi wa Bujumbura witwa Nyandwi Gérard yateye impungenge benshi nyuma yo kugaragaza uburyo …

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende. Read More