Sénégal yajuririye muri CAS icyemezo cya CAF cyo kuyambura igikombe cya AFCON 2025.

Urukiko Nkemurampaka mu by’Imikino (CAS/TAS) rwatangaje ko rwamaze kwakira ubujurire bwatanzwe na Federasiyo y’Umupira w’Amaguru muri Sénégal (FSF), bujyanye n’icyemezo cyari cyafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) cyo kwambura …

Sénégal yajuririye muri CAS icyemezo cya CAF cyo kuyambura igikombe cya AFCON 2025. Read More

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge

Mu Murenge wa Muyumbu, Akarere ka Rwamagana, abaturage baracyari mu gahinda katewe n’amahano aherutse kuhaba, aho abantu babiri bakekwaho kwica abo bashakanye n’umwana muto baburanishijwe mu ruhame. Ni igikorwa ubuyobozi …

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge Read More

Umugabo yambuye ubuzima mu buryo buteye agahinda, umugore we wamusabye gukoropa inzu

Inkuru y’incamugongo mu umujyi wa Louisville muri Leta ya Kentucky, aho umugabo w’imyaka 57 witwa Patrick Brents akekwaho kwivugana umugore we, Carolyn Ross-Brents, amurashishije imbunda nyuma y’amakimbirane ashingiye ku mirimo …

Umugabo yambuye ubuzima mu buryo buteye agahinda, umugore we wamusabye gukoropa inzu Read More

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri kaminuza n’umukobwa wari wamusuye basanzwe mu nzu yari acumbitsemo bapfuye

Mu karere ka Rulindo hakomeje kuvugwa inkuru yateye benshi urujijo n’agahinda, nyuma y’urupfu rutunguranye rw’abantu babiri bari bakiri bato, umwe ari umunyeshuri muri IPRC Tumba College, undi ari umukobwa wari …

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri kaminuza n’umukobwa wari wamusuye basanzwe mu nzu yari acumbitsemo bapfuye Read More

RDB yakomoje ku byo kwakira Formula One mu Rwanda, ishoramari ryiyongereye n’intambara yo muri RDC 

Mu gihe ibihugu byinshi bya Afurika bikomeje guhura n’ihungabana ry’ubukungu rishingiye ku bibazo by’umutekano n’imihindagurikire y’amasoko ku Isi, u Rwanda rwo rukomeje kugaragaza isura yihariye y’iterambere rihamye. Imibare iheruka igaragaza …

RDB yakomoje ku byo kwakira Formula One mu Rwanda, ishoramari ryiyongereye n’intambara yo muri RDC  Read More

Mohamed Salah yasezeye kuri Liverpool FC mu buryo bwazamuye imbamutima za benshi

Rutahizamu w’icyamamare ukomoka mu Misiri, Mohamed Salah, yatangaje ku mugaragaro ko azatandukana n’ikipe ya Liverpool F.C. mu mpera z’umwaka w’imikino wa 2025/2026, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka icyenda yamaze ayikinira. …

Mohamed Salah yasezeye kuri Liverpool FC mu buryo bwazamuye imbamutima za benshi Read More

Inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye gutakaza agaciro: BNR yasabye abaturage kwihutira kuzihinduza

Banki Nkuru y’u Rwanda, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangaje gahunda nshya igamije kuvugurura amafaranga akoreshwa mu gihugu, aho zimwe mu noti zisanzwe ziri mu maboko y’abaturage zigiye gutakaza agaciro …

Inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye gutakaza agaciro: BNR yasabye abaturage kwihutira kuzihinduza Read More