Igisubizo cy’umugore wa Cyprien Ntaryamira wapfanye na Habyarimana ku wamubajije ikintu cyihariye asaba u Rwanda

Imyaka 32 irashize indege yari itwaye Perezida w’u Rwanda, Juvénal Habyarimana, n’uwayoboraga u Burundi, Cyprien Ntaryamira, ihanuriwe i Kigali, ariko kugeza uyu munsi ukuri ku byabaye ntikuramenyekana neza, bituma imiryango …

Igisubizo cy’umugore wa Cyprien Ntaryamira wapfanye na Habyarimana ku wamubajije ikintu cyihariye asaba u Rwanda Read More

Byasubiye i rudubi: Iran yasubije Perezida Trump wayiteguje kuyirimbura mu munsi umwe wonyine

Amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ageze ku rwego ruteye impungenge, aho amagambo akomeye n’ibikorwa bya gisirikare bikomeje kwiyongera uko iminsi ishira. Perezida …

Byasubiye i rudubi: Iran yasubije Perezida Trump wayiteguje kuyirimbura mu munsi umwe wonyine Read More

FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma yuko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.

Ibice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kuba isibaniro ry’imirwano ikarishye, aho amakuru aturuka ku mpande zitandukanye agaragaza ko abasivili ari bo bakomeje kugerwaho n’ingaruka zikomeye …

FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma yuko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi. Read More

Habaye impanuka ikomeye cyane y’ibyuma byari biri hejuru y’ikamyo byahubutse byica umuntu wari uri mu yindi modoka.

Impuruza z’impanuka zo mu muhanda zongeye kumvikana mu Karere ka Ruhango, aho ibyuma byari bitwikiriye ikamyo byahubutse bikica umuntu mu buryo bwatunguranye, bikongera kwerekana ibibazo bikigaragara mu micungire y’imizigo n’umutekano …

Habaye impanuka ikomeye cyane y’ibyuma byari biri hejuru y’ikamyo byahubutse byica umuntu wari uri mu yindi modoka. Read More

RDC: Abaturage b’abanyamulenge bashutswe bahungira ahari ingabo z’umwanzi zabagabye ho igitero simusiga.

RDC: Abaturage b’abanyamulenge bashutswe bahungira ahari ingabo z’umwanzi zabagabye ho igitero simusiga. Ibibazo by’umutekano mucye bikomeje gufata indi ntera mu misozi miremire y’i Mulenge, by’umwihariko mu gace ka Ndondo muri …

RDC: Abaturage b’abanyamulenge bashutswe bahungira ahari ingabo z’umwanzi zabagabye ho igitero simusiga. Read More

Hamenyekanye amayeri urubyiruko rw’i Rubavu rwakoreshaga rugiye muri Wazalendo na FDLR

Ibice byegereye umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byabaye isoko y’ibibazo by’umutekano mu myaka yashize, aho bamwe mu rubyiruko bashukwaga bakambuka bagiye gushaka ubuzima bwiza, ariko …

Hamenyekanye amayeri urubyiruko rw’i Rubavu rwakoreshaga rugiye muri Wazalendo na FDLR Read More

Ambasaderi Uwihanganye yasobanuye icyihishe inyuma y’ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi kirimo kugaragara cyane mu Rwanda

Ibibazo by’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi bimaze iminsi bigaragara mu bice bitandukanye by’u Rwanda byateje impaka n’ibitekerezo byinshi mu baturage, bamwe bakeka ko byaba bifitanye isano n’intambara ziri kubera mu Burasirazuba bwo …

Ambasaderi Uwihanganye yasobanuye icyihishe inyuma y’ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi kirimo kugaragara cyane mu Rwanda Read More

Haciwe amarenga y’uko Ibiganiro byo mu Busuwisi bizibanda ku gushaka uko RDC yakorana na Kivu nyuma y’umwanzuro wa AFC/M23?

Amakuru aturuka mu nzego zitandukanye akomeje gutanga ishusho nshya ku cyerekezo ibiganiro by’amahoro hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 bishobora gufata, nyuma y’uko habonetse …

Haciwe amarenga y’uko Ibiganiro byo mu Busuwisi bizibanda ku gushaka uko RDC yakorana na Kivu nyuma y’umwanzuro wa AFC/M23? Read More