Nyarugabo wabaye Minisitiri yageneye Ndayishimiye ubutumwa bukomeye nyuma y’iturika ry’i Bujumbura

Icyakurikiye iturika rikomeye riheruka kubera i Bujumbura cyahinduye isura y’ibiganiro ku mutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari, aho amagambo akomeye yavuzwe na Me Moïse Nyarugabo yashyize ku murongo ikibazo cy’uruhare rw’ibihugu …

Nyarugabo wabaye Minisitiri yageneye Ndayishimiye ubutumwa bukomeye nyuma y’iturika ry’i Bujumbura Read More

U Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangiye ibiganiro bidasanzwe.

Imibereho y’abaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwibazwaho cyane nyuma y’igihe kirenga amezi atatu intambara ikomeye ibaye mu gace ka Uvira isize ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage …

U Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangiye ibiganiro bidasanzwe. Read More

Perezida Kagame yakomoje ku bihano bya Amerika, imibanire na AFC/M23 no gukura ingabo muri Mozambique

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rudateze guhindura icyerekezo cyarwo mu bijyanye n’umutekano n’inyungu zarwo, nubwo rukomeje gushyirwaho igitutu n’ibihano mpuzamahanga, cyane cyane biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za …

Perezida Kagame yakomoje ku bihano bya Amerika, imibanire na AFC/M23 no gukura ingabo muri Mozambique Read More

U Rwanda rwaburiye Mozambique nyuma y’amakuru y’uko EU yahagaritse inkunga yahabwaga ingabo za RDF.

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira ko hakenewe uburyo buhamye kandi burambye bwo gutera inkunga ibikorwa by’ingabo zayo ziri mu ntara ya Cabo Delgado, igaragaza ko igihe kigeze ngo umutwaro wari …

U Rwanda rwaburiye Mozambique nyuma y’amakuru y’uko EU yahagaritse inkunga yahabwaga ingabo za RDF. Read More

Bujumbura byahinduye isura: Irekurwa rya Gen. Bunyoni rifitanye isano n’iturika ryabereye i Musaga?

Iminsi mike mbere n’inyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu bubiko bw’intwaro i Musaga mu mujyi wa Bujumbura, u Burundi bwari bumaze kwinjira mu bihe bidasanzwe bya politiki n’umutekano. Ibi byatumye bamwe …

Bujumbura byahinduye isura: Irekurwa rya Gen. Bunyoni rifitanye isano n’iturika ryabereye i Musaga? Read More

Impuruza muri gereza ya Mpimba: Abagororwa bavuga ko ibisasu byabaguyemo, bamwe bahasiga ubuzima mu rusaku rw’amasasu i Bujumbura

Ijoro ry’akajagari n’ubwoba ryabaye i Bujumbura ku wa 31 Werurwe 2026 rikomeje kugaragaza ingaruka zikomeye, nyuma y’uko abagororwa bo muri gereza nkuru ya Mpimba batangiye gutabaza bavuga ko ibisasu byabaguyemo …

Impuruza muri gereza ya Mpimba: Abagororwa bavuga ko ibisasu byabaguyemo, bamwe bahasiga ubuzima mu rusaku rw’amasasu i Bujumbura Read More

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR.

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yongeye kugaragaza impungenge ku buryo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kuvuga …

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR. Read More

Perezida Ndayishimiye yagize icyo avuga ku bisasu byaturikiye i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye yagize icyo avuga ku bisasu byaturikiye i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yihanganishije abaturage bagizweho ingaruka n’inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare giherereye mu gace ka Musaga …

Perezida Ndayishimiye yagize icyo avuga ku bisasu byaturikiye i Bujumbura Read More

Bujumbura mu kajagari: Urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje rwakurikiwe n’ubusahuzi.

Umujyi wa Bujumbura winjiye mu ijoro ridasanzwe ryuzuyemo ubwoba n’akajagari, nyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu kigo cya gisirikare cya Musaga, rikurikirwa n’ubusahuzi bwibasiye amazu y’abaturage bahunze. Uru rusaku rw’ibiturika n’amasasu …

Bujumbura mu kajagari: Urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje rwakurikiwe n’ubusahuzi. Read More