Ibibazo n’Urwikekwe byadutse nyuma y’iturika ry’Ububiko bw’Intwaro: Ifatwa ry’abasirikare rikomeje guteza impagarara mu Burundi

Amakuru akomeje gukwirakwira mu gihugu cy’u Burundi agaragaza urujijo n’impaka zikomeye nyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu bubiko bw’intwaro muri Camp Base, ikigo cya gisirikare kizwi cyane nka FDNB Logistics Brigade, …

Ibibazo n’Urwikekwe byadutse nyuma y’iturika ry’Ububiko bw’Intwaro: Ifatwa ry’abasirikare rikomeje guteza impagarara mu Burundi Read More

RDC: Perezida Tshisekedi yanenzwe kwitabira ibirori byinshi mu gihe abaturage be bakomeje kwicwa

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba indiri y’umutekano muke uhitana ubuzima bw’abasivili umunsi ku wundi, aho intara yo muri Ituri yongeye kuvugwamo ubwicanyi ndengakamere bwahitanye abantu batagira …

RDC: Perezida Tshisekedi yanenzwe kwitabira ibirori byinshi mu gihe abaturage be bakomeje kwicwa Read More

Masisi: Imirwano ikomeye irarimbanyije mu gihe ibiganiro bya Qatar bigiye kwimurirwa mu kindi gihugu.

Imirwano ikomeye yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho ku wa 5 Mata 2026 abaturage bo muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru babyukiye …

Masisi: Imirwano ikomeye irarimbanyije mu gihe ibiganiro bya Qatar bigiye kwimurirwa mu kindi gihugu. Read More

Abashinzwe iperereza bataye muri yombi abayobozi bane, ingendo zitari ngombwa z’Abaminisitiri zirahagarikwa

Ibihugu bya Afurika bikomeje guhura n’ingaruka zikomeye z’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku rwego mpuzamahanga, aho bamwe mu bayobozi batangiye gufata ibyemezo bikakaye mu rwego rwo gukumira igihombo n’imicungire mibi …

Abashinzwe iperereza bataye muri yombi abayobozi bane, ingendo zitari ngombwa z’Abaminisitiri zirahagarikwa Read More

Sosiyete Sivile yahaye umuburo ukomeye cyane RDC ku bikorwa bya gisirikare byo guhiga no gusenya FDLR.

Ibikorwa bya gisirikare bigamije guhiga no gusenya umutwe wa FDLR mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gutera impaka n’impungenge, aho bamwe mu baturage n’abayobozi ba sosiyete sivile …

Sosiyete Sivile yahaye umuburo ukomeye cyane RDC ku bikorwa bya gisirikare byo guhiga no gusenya FDLR. Read More

Perezida Tshisekedi yemereye ingabo za FARDC n’iz’u Burundi gukizwa n’amaguru nyuma yo kumutakambira bikomeye?

Perezida Tshisekedi yemereye ingabo za FARDC n’iz’u Burundi gukizwa n’amaguru nyuma yo kumutakambira bikomeye Imisozi ya Minembwe ikomeje kuba isibaniro ry’imirwano ikomeye, aho ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi …

Perezida Tshisekedi yemereye ingabo za FARDC n’iz’u Burundi gukizwa n’amaguru nyuma yo kumutakambira bikomeye? Read More

AFC/M23 yashimangiye ko idashobora gusubira inyuma no kurekura ibice igenzura inahishura ibice bishya iri kwerekezamo

Ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC/M23 bwongeye gushimangira ko budafite umugambi uwo ari wo wose wo gusubira inyuma mu bice bumaze gufata mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe …

AFC/M23 yashimangiye ko idashobora gusubira inyuma no kurekura ibice igenzura inahishura ibice bishya iri kwerekezamo Read More

RDC yashimangiye igisirikare cyayo mu bufatanye bushya n’igihugu gifitanye umubano ukomeye n’u Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) yinjiye mu cyiciro gishya cyo kongera imbaraga mu bya gisirikare nyuma yo gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’igihugu gisanzwe gifitanye umubano wihariye kandi ukomeye n’u Rwanda, …

RDC yashimangiye igisirikare cyayo mu bufatanye bushya n’igihugu gifitanye umubano ukomeye n’u Rwanda Read More

Umupilote wa Amerika wari mu ndege yarashwe na Iran yabonetse nyuma y’amasaha y’ihurizo rikomeye

Umupilote wa Amerika wari mu ndege yarashwe na Iran yatabawe nyuma y’amasaha y’ihurizo rikomeye Inkuru y’igikorwa gikomeye cya gisirikare cyakozwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kugaragaza uburemere bw’umwuka …

Umupilote wa Amerika wari mu ndege yarashwe na Iran yabonetse nyuma y’amasaha y’ihurizo rikomeye Read More

Minisitiri Bizimana yashyize umucyo ku ikoreshwa ry’ijambo “gutwika” rikunze cyane mu rubyiruko.

Impaka ku mikoreshereze y’amagambo mu mibereho ya buri munsi zongeye gufata indi ntera nyuma y’uko Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean Damascène Bizimana, agarutse ku ijambo “gutwika” rikunze gukoreshwa cyane …

Minisitiri Bizimana yashyize umucyo ku ikoreshwa ry’ijambo “gutwika” rikunze cyane mu rubyiruko. Read More