Hatangiye imyiteguro ya kamarampaka yo kuvugurura Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

I Kinshasa hatangiye kuvugwa cyane umushinga wa kamarampaka ugamije kuvugurura Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igitekerezo kimaze gukurura impaka ndende hagati y’abashyigikiye ubutegetsi n’abatavuga rumwe na bwo, …

Hatangiye imyiteguro ya kamarampaka yo kuvugurura Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More

Perezida Ndayishimiye yavuze ko atazi aho umugore we akura amafaranga menshi akoresha akayata ayaha Abarundi.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashimiye ku mugaragaro umugore we Angelina Ndayubaha, amuha ishimwe nk’umukozi w’indashyikirwa, amugaragaza nk’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. Ibi yabigarutseho …

Perezida Ndayishimiye yavuze ko atazi aho umugore we akura amafaranga menshi akoresha akayata ayaha Abarundi. Read More

Hakizimana washatse guhatana na Perezida Kagame ku mwanya w’umukuru w’igihugu akomeje guteza impaka ndende

Umwarimu Hakizimana Innocent, wigeze kugaragaza inyota yo guhatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2024, akomeje kuba umwe mu bantu bavugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, aho ibikorwa n’amagambo atangaza bikomeje guteza impaka …

Hakizimana washatse guhatana na Perezida Kagame ku mwanya w’umukuru w’igihugu akomeje guteza impaka ndende Read More

Mu butumwa bukakaye, Joseph Kabila asubije Amerika yamufatiye ibihano, Tshisekedi ahamagaza imyigaragambyo

Umwuka wa politiki muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje gufata indi ntera nyuma y’ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye uwahoze ari Perezida Joseph Kabila Kabange, byakurikiwe n’ubutumwa …

Mu butumwa bukakaye, Joseph Kabila asubije Amerika yamufatiye ibihano, Tshisekedi ahamagaza imyigaragambyo Read More

Gen (Rtd) Ibingira yasubije abavuga ko ‘Abahutu bari mu buyobozi ari udukingirizo’ anaburira abonsa FDLR

Ibitekerezo bikomeje gukwirakwizwa n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, by’umwihariko abari mu mahanga, bikomeje guteza impaka ku miyoborere y’igihugu no ku cyerekezo cy’ubumwe bw’Abanyarwanda, aho bamwe bavuga ko Abahutu bashyirwa mu …

Gen (Rtd) Ibingira yasubije abavuga ko ‘Abahutu bari mu buyobozi ari udukingirizo’ anaburira abonsa FDLR Read More

Havutse umwuka mubi imbere muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yacitsemo ibice

Amashyaka ya politiki n’abayagize mu nzego z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bakomeje kugaragaza kutavuga rumwe gukomeye, mu gihe ibibazo by’umutekano n’imiyoborere bikomeje kuba urusobe, bikaba byarushijeho kugaragarira …

Havutse umwuka mubi imbere muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yacitsemo ibice Read More

Kanombe: Gen. Makenga asoza amahugurwa y’aba-Cadres barenga 500, AFC/M23 yerekana icyerekezo gishya

Umugaba Mukuru w’Ingabo za AFC/M23 (ARC) akaba n’umuhuzabikorwa wa gisirikare muri iri huriro, Général-Major Sultani Makenga, yayoboye umuhango wo gusoza icyiciro cya kabiri cy’amahugurwa y’ingengabitekerezo agenewe abanyamuryango b’iri huriro bazwi …

Kanombe: Gen. Makenga asoza amahugurwa y’aba-Cadres barenga 500, AFC/M23 yerekana icyerekezo gishya Read More