Imvururu zikomeye cyane mu Banye-Congo nyuma yo gusabira Tshisekedi indi manda kubera itike y’igikombe cy’Isi

Ibyishimo byari byuzuye mu mihanda no mu mitima y’Abanye-Congo nyuma y’imyaka irenga igice cy’ikinyejana bategereje kongera kubona ikipe yabo y’igihugu igera ku rwego rwo guhatanira igikombe cy’Isi. Iyi ntsinzi idasanzwe …

Imvururu zikomeye cyane mu Banye-Congo nyuma yo gusabira Tshisekedi indi manda kubera itike y’igikombe cy’Isi Read More

Perezida Tshisekedi yahembye abakinnyi ba RDC nyuma yo kubona itike y’igikombe cy’isi anatangaza ibyo agiye gukorera AFC/M23

Ibyishimo byuzuye mu murwa mukuru Kinshasa byahindutse urubuga rwa politiki, ubwo Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yakiraga ikipe y’igihugu, Les Léopards, nyuma yo kubona itike yo kwitabira Igikombe cy’Isi cya …

Perezida Tshisekedi yahembye abakinnyi ba RDC nyuma yo kubona itike y’igikombe cy’isi anatangaza ibyo agiye gukorera AFC/M23 Read More

Amerika: Bakangaranyijwe n’urufaya rw’amasasu hafi y’ibiro bya Perezida Trump.

Amasaha ya nijoro yo ku Cyumweru yaranzwe n’uruhererekane rw’urusaku rwumvikanye hafi y’ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, ibintu byahise bituma inzego zishinzwe umutekano zitangira ibikorwa …

Amerika: Bakangaranyijwe n’urufaya rw’amasasu hafi y’ibiro bya Perezida Trump. Read More

“Abarokotse Jenoside ntibarokowe n’Imana” – Dr. Bizimana mu gihe u Rwanda rwitegura icyunamo

Mu gihe imyiteguro yo kwinjira mu cyumweru cy’icyunamo gitangira ku wa 7 Mata 2026 irimbanyije, yongeye kuzana ibiganiro bikomeye mu Banyarwanda, byibanda ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’uburyo yasojwe. …

“Abarokotse Jenoside ntibarokowe n’Imana” – Dr. Bizimana mu gihe u Rwanda rwitegura icyunamo Read More

RDC ikomeje kwitambika u Rwanda yemeye gusinya amasezerano mpuzamahanga rwari rugiye gusinya.

RDC ikomeje kwitambika u Rwanda yemeye gusinya amasezerano mpuzamahanga rwari rugiye gusinya. Umugabane wa Afurika ukomeje kwinjira mu murongo mushya w’imikoranire mpuzamahanga ku kibazo cy’abimukira, aho ibihugu bimwe bitangiye kwemera …

RDC ikomeje kwitambika u Rwanda yemeye gusinya amasezerano mpuzamahanga rwari rugiye gusinya. Read More

Abayobozi 26 ba gisirikare na Politike muri AFC/M23 bafatiwe ibihano na Loni, Amerika n’Ubumwe bw’u Burayi

Raporo nshya yashyizwe ahagaragara muri Mata 2026 n’Itsinda ry’Ubushakashatsi kuri Congo (Congo Research Group – CRG) ku bufatanye n’Ikigo gishinzwe Ubufatanye Mpuzamahanga (CIC) cya Kaminuza ya New York, yagaragaje ishusho …

Abayobozi 26 ba gisirikare na Politike muri AFC/M23 bafatiwe ibihano na Loni, Amerika n’Ubumwe bw’u Burayi Read More

Iringaniza ryahindutse ivangura: Umunsi Col. Nsekalije avuga ko adatonesheje ab’iwabo ngo bige bazamutera amabuye

Amateka y’uburezi bw’u Rwanda agaragaza ibihe byagiye birangwa n’ivangura ryashingiye ku moko n’uturere, aho amahirwe yo kwiga atahabwaga abanyeshuri hashingiwe ku bushobozi bwabo, ahubwo agashingira ku nkomoko yabo. Ibi byagarutsweho …

Iringaniza ryahindutse ivangura: Umunsi Col. Nsekalije avuga ko adatonesheje ab’iwabo ngo bige bazamutera amabuye Read More