AFC/M23 yamenyesheje umuhuza mu biganiro by’amahoro ibyakozwe na RDC mu gihe yari iri munzira yerekeza mu Busuwisi

AFC/M23 yamenyesheje umuhuza wa mu biganiro by’amahoro, Qatar(Doha) n’abandi bafatanyabikorwa mpuzamahanga ibyakozwe na Guverinoma ya RDC mu gihe itsinda ryayo ryari mu nzira ryo kujya muri Busuwisi kugira ngo ryitabire …

AFC/M23 yamenyesheje umuhuza mu biganiro by’amahoro ibyakozwe na RDC mu gihe yari iri munzira yerekeza mu Busuwisi Read More

Perezida Museveni yakomoje ku masezerano y’u Rwanda na RDC anahishura ikindi kintu gikomeye giteye impungenge.

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kugaragaza icyizere afitiye amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ayabona nk’intambwe ikomeye ishobora guhindura …

Perezida Museveni yakomoje ku masezerano y’u Rwanda na RDC anahishura ikindi kintu gikomeye giteye impungenge. Read More

Perezida Museveni yongeye kuzamura impaka nyuma yo kuvuga ko atiyumvisha uburyo abandi bajya ku Kwezi Abanya-Afurika bahugiye mu kumansura

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kuzamura impaka ku rwego Afurika iriho mu iterambere, agaragaza ko hari icyuho kinini hagati yayo n’ibihugu byateye imbere, cyane cyane mu by’ikoranabuhanga n’ubumenyi …

Perezida Museveni yongeye kuzamura impaka nyuma yo kuvuga ko atiyumvisha uburyo abandi bajya ku Kwezi Abanya-Afurika bahugiye mu kumansura Read More

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yongeye gukaza umurego yagize ingaruka ku buzima bwa benshi

Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ihuriro rya AFC/M23 rikomeje guhangana n’ingabo za FARDC zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo, mu gihe ibiganiro by’amahoro …

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yongeye gukaza umurego yagize ingaruka ku buzima bwa benshi Read More

Minisitiri Dr. Bizimana yakiriye Gen. Faye wahoze ari mu ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yakiriye Umunya-Sénégal Gen. Babacar Faye wahoze ari mu Ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR, mu gihe igihugu …

Minisitiri Dr. Bizimana yakiriye Gen. Faye wahoze ari mu ngabo zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni mu Rwanda, MINUAR. Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zifite ingaruka zikomeye cyane mu buyobozi bwa ryo

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zifite ingaruka zikomeye cyane mu buyobozi bwaryo Impinduka nshya mu buyobozi bw’Umujyi wa Goma zongeye kugaragaza icyerekezo ihuriro AFC/M23 rifite mu gukomeza gushimangira imiyoborere mu …

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zifite ingaruka zikomeye cyane mu buyobozi bwa ryo Read More

Hamenyekanye impamvu FARDC yatinye kwakira abasirikare 5000 ba yo bafashwe mpiri na AFC/M23

Amakuru arushaho gusobanuka ku cyemezo cyafashwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyo kudahita yakira abasirikare bayo barenga 5000 bafashwe mpiri n’ihuriro AFC/M23, mu gihe byari byitezwe ko …

Hamenyekanye impamvu FARDC yatinye kwakira abasirikare 5000 ba yo bafashwe mpiri na AFC/M23 Read More

Kuki Urukiko rugiye gutanga umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga?

Paris yongeye kwisanga mu kigeragezo gikomeye cy’amateka n’ubutabera, mu gihe Urukiko rw’Ubujurire rutangaza umwanzuro utegerejwe na benshi ku ihagarikwa ry’iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga, umugore wa Juvénal Habyarimana, mu …

Kuki Urukiko rugiye gutanga umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga? Read More

Inkuru nziza ku banyarwanda yuko Amerika na Iran byemeranyije agahenge k’ibyumweru bibiri

Isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli ryagaragaje impinduka zikomeye nyuma y’itangazo ritunguranye rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ryemezaga ko igihugu cye cyemeranyije na Iran agahenge k’igihe …

Inkuru nziza ku banyarwanda yuko Amerika na Iran byemeranyije agahenge k’ibyumweru bibiri Read More