RDC: Ibitero karundura nyuma y’impinduka zidasanzwe zakozwe mu butasi no mu buyobozi bwa gisirikare bwa AFC/M23

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kuvugwamo impinduka zikomeye mu buyobozi bwa gisirikare n’inzego z’ubutasi, mu gihe imirwano ikaze ikomeje gufata indi ntera mu misozi ya Minembwe na Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, …

RDC: Ibitero karundura nyuma y’impinduka zidasanzwe zakozwe mu butasi no mu buyobozi bwa gisirikare bwa AFC/M23 Read More

Perezida Kagame yavuze uko Afurika yamburwa ikanahanwa: “Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga byinshi”

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko uburyo Afurika ifatwa ku rwego mpuzamahanga bukomeje kugaragaza akarengane, aho ibihugu bikomeye bikoresha ibihano n’igitutu mu rwego rwo kurengera inyungu zabyo …

Perezida Kagame yavuze uko Afurika yamburwa ikanahanwa: “Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga byinshi” Read More

AFC/M23 yahinduye Ubutasi n’Ubuyobozi bwa Gisirikare: Col. wa Twirwaneho Yasimbuye Nzenze wa M23, Sematama ahabwa inshingano nshya.

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje gukora impinduka zikomeye mu nzego zaryo za gisirikare n’ubuyobozi mu rwego ryo gukomeza kwagura ibikorwa byaryo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho amakuru …

AFC/M23 yahinduye Ubutasi n’Ubuyobozi bwa Gisirikare: Col. wa Twirwaneho Yasimbuye Nzenze wa M23, Sematama ahabwa inshingano nshya. Read More

Icyihishe inyuma y’Uruzinduko rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda muri Uganda rwahuriranye n’urwa Tshisekedi.

Urugendo rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, muri Uganda rwabaye mu gihe akarere k’Afurika y’Iburasirazuba kari gukurikiranira hafi uburyo umubano hagati y’ibihugu bitandukanye ukomeje guhinduka, cyane cyane hagati …

Icyihishe inyuma y’Uruzinduko rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda muri Uganda rwahuriranye n’urwa Tshisekedi. Read More

Tshisekedi na Museveni mu mikoranire mishya nyuma ya Operation Shujaa ku nyeshyamba za ADF

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iya Uganda bikomeje kwagura ubufatanye bwabyo mu rwego rw’umutekano, ubucuruzi n’ibikorwaremezo, mu gihe abayobozi b’ibihugu byombi biteganyijwe ko kuri uyu wa 11 Gicurasi 2026 basinyana …

Tshisekedi na Museveni mu mikoranire mishya nyuma ya Operation Shujaa ku nyeshyamba za ADF Read More

Tanzania mu mazi abira nyuma yo kwanga kwakira intumwa zari zije kuyikoraho iperereza ridasanzwe.

Tanzania mu mazi abira nyuma yo kwanga kwakira intumwa zari zije kuyikoraho iperereza rikomeye cyane. Umwuka mubi hagati ya Leta ya Tanzania n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ukomeje gufata indi ntera …

Tanzania mu mazi abira nyuma yo kwanga kwakira intumwa zari zije kuyikoraho iperereza ridasanzwe. Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryikomye Amerika ku ruhare rwayo mu ntambara yo Burasirazuba bwa RDC

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rikomeje kugaragaza kutishimira uburyo Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwitwara mu bibazo by’umutekano muke bimaze imyaka myinshi mu Burasirazuba …

Ihuriro rya AFC/M23 ryikomye Amerika ku ruhare rwayo mu ntambara yo Burasirazuba bwa RDC Read More