Hamenyekanye amakuru mashya ku bitero karundura byateye impungenge AFC/M23 biri gutegurwa na FARDC n’abambari bayo

Impungenge zikomeje kwiyongera mu bice bya Minembwe no mu nkengero zayo nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ritangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe bifatanyije bari gutegura ibitero bikomeye …

Hamenyekanye amakuru mashya ku bitero karundura byateye impungenge AFC/M23 biri gutegurwa na FARDC n’abambari bayo Read More

AFC/M23 yasubije HRW, Abanye-Congo bakora imyigaragambyo karundura bamagana Ibitero bya FARDC n’u Burundi.

Inkubiri ya politiki n’umutekano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’aho ihuriro AFC/M23 rishinje umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu wa Human Rights …

AFC/M23 yasubije HRW, Abanye-Congo bakora imyigaragambyo karundura bamagana Ibitero bya FARDC n’u Burundi. Read More

Jean-Luc Habyarimana Yahuye n’Abayobozi ba FDLR n’abasirikare bakuru bari kunoza umugambi mugari wo gutera u Rwanda.

Jean-Luc Habyarimana, umuhungu w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Juvénal Habyarimana, yongeye kuvugwa cyane mu makuru y’umutekano wo mu Karere k’Ibiyaga Bigari nyuma ya raporo zitandukanye zigaragaza ko yagiranye inama n’abayobozi …

Jean-Luc Habyarimana Yahuye n’Abayobozi ba FDLR n’abasirikare bakuru bari kunoza umugambi mugari wo gutera u Rwanda. Read More

Tshisekedi yageze i Nairobi agamije kwibasira u Rwanda, ariko akomwa mu nkokora. Uko umugambi we wapfubye.

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugaragaza ubushake bwo gukoresha amahuriro mpuzamahanga mu gushinja u Rwanda ibibazo by’umutekano muke bimaze imyaka myinshi mu burasirazuba bw’igihugu cye, …

Tshisekedi yageze i Nairobi agamije kwibasira u Rwanda, ariko akomwa mu nkokora. Uko umugambi we wapfubye. Read More

Amb. Nduhungirehe yanyomoje Perezida Tshisekedi wabeshye ko yitabiriye inama ya Africa Forward Summit i Nairobi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yamaganye amakuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo avuga ko igihugu cyabo cyagize uruhare mu biganiro bikomeye byabereye mu …

Amb. Nduhungirehe yanyomoje Perezida Tshisekedi wabeshye ko yitabiriye inama ya Africa Forward Summit i Nairobi Read More

Ukraine Yahinduye Isura y’Urugamba: Yigaranzuye Ingabo z’u Burusiya Mu Ntambara Imaze Imyaka Irenga Ine

Intambara imaze imyaka irenga ine hagati ya Ukraine n’u Burusiya iri kwinjira mu kindi cyiciro gishya, nyuma y’uko ku rugamba hatangiye kugaragara ibimenyetso byerekana ko ingabo za Kyiv zongeye kugira …

Ukraine Yahinduye Isura y’Urugamba: Yigaranzuye Ingabo z’u Burusiya Mu Ntambara Imaze Imyaka Irenga Ine Read More

Ambasaderi yafatiriye inyandiko z’Indege ya Perezida w’u Burundi imaze imyaka 10 iparitse i Madrid

Ibibazo bikomeje kuvugwa ku ndege ya Perezida w’u Burundi yo mu bwoko bwa Gulfstream G-IV ifite nimero 9U-BKB byafashe indi ntera nyuma y’uko hamenyekanye amakuru avuga ko inyandiko z’ingenzi ziyemerera …

Ambasaderi yafatiriye inyandiko z’Indege ya Perezida w’u Burundi imaze imyaka 10 iparitse i Madrid Read More

RDC: Ibitero karundura nyuma y’impinduka zidasanzwe zakozwe mu butasi no mu buyobozi bwa gisirikare bwa AFC/M23

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kuvugwamo impinduka zikomeye mu buyobozi bwa gisirikare n’inzego z’ubutasi, mu gihe imirwano ikaze ikomeje gufata indi ntera mu misozi ya Minembwe na Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, …

RDC: Ibitero karundura nyuma y’impinduka zidasanzwe zakozwe mu butasi no mu buyobozi bwa gisirikare bwa AFC/M23 Read More