Indwara idasanzwe yadutse mu Burundi imaze kwica abantu yateye impungenge OMS itangira iperereza ryihutirwa

Indwara itaramenyekana neza yadutse mu gihugu cy’u Burundi, ikomeje gutera impungenge inzego z’ubuzima nyuma yo guhitana abantu batanu mu gihe abandi basaga 35 bamaze kuyandura. Iyi ndwara yagaragaye muri komine …

Indwara idasanzwe yadutse mu Burundi imaze kwica abantu yateye impungenge OMS itangira iperereza ryihutirwa Read More

Ingabo z’u Burundi zibye zikanasahura ibiryo mu baturage zakubiswe iz’akabwana zihunga mu Kavuyo zitaratangira kubirya

Amakuru akomeje guturuka mu misozi miremire ya Minembwe na Bijombo muri Kivu y’Amajyepfo arerekana isura ikomeje guhinduka mu mirwano ihanganishije ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo …

Ingabo z’u Burundi zibye zikanasahura ibiryo mu baturage zakubiswe iz’akabwana zihunga mu Kavuyo zitaratangira kubirya Read More

Hamenyekanye ibikubiye mu masezerano y’ibanga Joseph Kabila yagiranye na Tshisekedi mbere yo kumwibira ubutegetsi

Inkuru nshya igaragaza urujijo n’impaka zikomeje kuvugwa ku ihererekanya ry’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bivugwa ko hari amasezerano y’ibanga yabanje kugenwa mbere y’uko ubutegetsi buva kuri Joseph …

Hamenyekanye ibikubiye mu masezerano y’ibanga Joseph Kabila yagiranye na Tshisekedi mbere yo kumwibira ubutegetsi Read More

RDC: Bamwe mu baturage bahunze bavuye Masisi batangiye kubotsa nka brochette bakabarya.

Amakuru akomeje guturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya congo aragaragaza ubukana bukabije bw’ihohoterwa rikorerwa abasivili, aho bamwe mu baturage bavuga ko bageze ku rwego rwo kurya bagenzi babo, …

RDC: Bamwe mu baturage bahunze bavuye Masisi batangiye kubotsa nka brochette bakabarya. Read More

Ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byajemo kidobya

Ubushyamirane hagati y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 bukomeje gufata indi ntera mu gihe hategerejwe ibiganiro by’amahoro byagombaga gutangira mu Busuwisi hagati ya tariki ya 13 …

Ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byajemo kidobya Read More

RIB irahari, nagire vuba anjyaneyo: Igisubizo cya Minisitiri Dr. Bizimana ku bamugereranya na Léon Mugesera.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean Damascène Bizimana, yongeye kugaragaza ko hari umurongo utagomba kwambukwa hagati yo kuvuga amateka nyayo no gukwirakwiza imvugo z’urwango, asubiza abamugereranya n’uwahoze ari umunyapolitiki Léon …

RIB irahari, nagire vuba anjyaneyo: Igisubizo cya Minisitiri Dr. Bizimana ku bamugereranya na Léon Mugesera. Read More

Barimo uwayifungiwe imyaka 13: Abantu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Ibikorwa n’amagambo bifitanye isano n’ingengabitekerezo ya Jenoside bikomeje kugaragara hirya no hino mu gihugu, by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, aho abantu babiri batawe muri yombi bakekwaho ibikorwa n’imvugo bikomeretsa abarokotse …

Barimo uwayifungiwe imyaka 13: Abantu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside Read More

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano ingabo z’u Rwanda no kuzihagarikira inkunga Ibimenyetso bikomeje kugaragara ku rwego mpuzamahanga byerekana ko imyanzuro yafashwe …

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga Read More