Perezida wa Mozambique yavuze iki mu gihe igihugu cye cyemeye gutanga inkunga ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado?

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yatangaje ko igihugu cye gifite ubushake bwo gukomeza ubufatanye n’u Rwanda mu rugamba rwo kurwanya iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado, mu gihe hafashwe …

Perezida wa Mozambique yavuze iki mu gihe igihugu cye cyemeye gutanga inkunga ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado? Read More

U Rwanda rwafashe icyemezo cya nyuma ku ngabo zarwo ziri muri Cabo Delgado nyuma yuko EU ihagaritse inkunga yazigeneraga

Amakuru manshya yatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yakuyeho urujijo ku hazaza h’ingabo z’u Rwanda ziri mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, nyuma y’amezi yari …

U Rwanda rwafashe icyemezo cya nyuma ku ngabo zarwo ziri muri Cabo Delgado nyuma yuko EU ihagaritse inkunga yazigeneraga Read More

AFC/M23 yavuye mu birindiro byinshi byayo mu gihe imirwano ikomeye yubuye hagati yayo n’ingabo za Leta ya Kinshasa

Ibice byinshi byo mu majyepfo y’Ikirwa cya Idjwi byakanguwe n’amakuru avuga ko abarwanyi ba AFC/M23 baba bavuye mu birindiro byinshi bari bafite muri ako gace, mu gihe indi mirwano mishya …

AFC/M23 yavuye mu birindiro byinshi byayo mu gihe imirwano ikomeye yubuye hagati yayo n’ingabo za Leta ya Kinshasa Read More

Perezida Ndayishimiye akoze impinduka zikomeye cyane muri Guverinoma y’u Burundi. Ukuri ku cyizihishe inyuma.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakoze impinduka zikomeye mu biro bishinzwe itumanaho n’amakuru muri Perezidansi, ashyiraho Nancy Ninette Mutoni nk’umukuru mushya w’ibyo biro ndetse anamugira umuvugizi mushya wa Perezida wa …

Perezida Ndayishimiye akoze impinduka zikomeye cyane muri Guverinoma y’u Burundi. Ukuri ku cyizihishe inyuma. Read More

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri kwigamba ko cyahanuye Drone y’Ingabo y’u Rwanda

Umwuka mubi hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda ukomeje gufata indi ntera nyuma y’uko igisirikare cya Congo, FARDC, gitangaje ko cyahanuye drone ya gisirikare y’u Rwanda kivuga …

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri kwigamba ko cyahanuye Drone y’Ingabo y’u Rwanda Read More

Ambasaderi wa Uganda muri Loni yahishuye byinshi ku ntambara hagati y’u Rwanda n’iki gihugu n’icyari cyiyihishe inyuma

Dr Adonia Ayebare, Ambasaderi wa Uganda mu Muryango w’Abibumbye, yahishuye ko hari igihe umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Uganda wageze ku rwego ruteye impungenge ku buryo intambara yeruye yashoboraga …

Ambasaderi wa Uganda muri Loni yahishuye byinshi ku ntambara hagati y’u Rwanda n’iki gihugu n’icyari cyiyihishe inyuma Read More

Kampala: Bahiye ubwoba bwinshi cyane kubera uruzinduko rw’amateka rwa Gen. Muhoozi Kainerugaba i Kigali.

Izina rya Gen Muhoozi Kainerugaba rikomeje kugarukwaho cyane mu mateka mashya y’umubano w’u Rwanda na Uganda, nyuma y’igihe kinini ibihugu byombi birebana ay’ingwe ndetse abaturage babyo bakagerwaho n’ingaruka zikomeye zatewe …

Kampala: Bahiye ubwoba bwinshi cyane kubera uruzinduko rw’amateka rwa Gen. Muhoozi Kainerugaba i Kigali. Read More

Uganda yafunze imipaka nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda, mu gihe Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane

Ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda rikomeje guteza impungenge zikomeye mu bihugu byo mu karere no ku rwego mpuzamahanga, aho ibihugu …

Uganda yafunze imipaka nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda, mu gihe Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane Read More

Hashyizweho amabwiriza mashya akakaye ku bashaka kurushinga: Umusore udafite ibiti 10 bya Avoka ntiyemerewe kurongora

Amabwiriza mashya yashyizweho n’ubuyobozi bwa Komine Muyinga mu Ntara ya Buhumuza mu Burundi yatangiye kuvugisha benshi nyuma y’uko hamenyekanye ko umusore wese ushaka gusezerana imbere y’amategeko agomba kubanza kugaragaza ko …

Hashyizweho amabwiriza mashya akakaye ku bashaka kurushinga: Umusore udafite ibiti 10 bya Avoka ntiyemerewe kurongora Read More

Ubumwe bw’u Burayi na Mozambique bafashe icyemezo gikakaye kizagira ingaruka zikomeye cyane ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado

Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi (EU) watangaje ko ugiye gushyira imbaraga mu kongerera ubushobozi Ingabo za Mozambique (FADM), aho gukomeza gutera inkunga ibikorwa by’Ingabo z’u Rwanda ziri mu Ntara ya …

Ubumwe bw’u Burayi na Mozambique bafashe icyemezo gikakaye kizagira ingaruka zikomeye cyane ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado Read More