Intambara yo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ikomeje gufata indi ntera

Intambara yo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ikomeje gufata indi ntera mu mubano wa dipolomasi n’umutekano hagati y’u Rwanda na Mozambique, mu gihe Guverinoma ya Mozambique …

Intambara yo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ikomeje gufata indi ntera Read More

Zabyaye amahari hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera Ebola imaze guhitana abarenga 130 muri RDC

Ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’abamaze kugaragara muri Uganda, bikomeje guteza impaka hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku …

Zabyaye amahari hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera Ebola imaze guhitana abarenga 130 muri RDC Read More

Ibaruwa y’Imfungwa yandikiye Perezida Ndayishimiye yatumye benshi bacika ururondogoro.

Ijwi rikomeye ry’umufungwa uri muri Gereza Nkuru ya Mpimba mu Burundi ryakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu, nyuma y’uko yandikiye Perezida w’u Burundi, Évariste …

Ibaruwa y’Imfungwa yandikiye Perezida Ndayishimiye yatumye benshi bacika ururondogoro. Read More

U Rwanda rwashyize umucyo ku cyemezo cyarwo cyateje umwuka mubi hagati yarwo na RDC, WHO itanga umuburo ukomeye.

Impungenge ku cyorezo cya Ebola zikomeje kwiyongera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba nyuma y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda bikomeje kugaragaramo abanduye ndetse n’abahitanwa n’iyi ndwara, mu gihe …

U Rwanda rwashyize umucyo ku cyemezo cyarwo cyateje umwuka mubi hagati yarwo na RDC, WHO itanga umuburo ukomeye. Read More

Kampala: Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye imirimo mishya nk’umuyobozi wa EASF atanga ubutumwa bukomeye

Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye ku mugaragaro inshingano nshya zo kuyobora Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zishinzwe gutabara aho rukomeye, zizwi nka The Eastern Africa Standby Force (EASF), mu muhango …

Kampala: Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye imirimo mishya nk’umuyobozi wa EASF atanga ubutumwa bukomeye Read More

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakuye ku mirimo Lt Col Ir. Léonidas Nibigira wari uyoboye ikigo cya Leta gishinzwe ibikorwa by’inyubako, OBUHA, nyuma y’uruzinduko yakoreye ahubakwa umushinga wo korora inkwavu …

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu. Read More

Guverinoma ya RDC yabonye intwaro nshya idasanzwe iri kwifashisha mu kwigarurira umujyi wa Goma.

Ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwongeye gukurura impaka zikomeye hagati ya Leta y’i Kinshasa n’ihuriro AFC/M23 rigenzura Umujyi wa Goma n’ibindi bice byinshi …

Guverinoma ya RDC yabonye intwaro nshya idasanzwe iri kwifashisha mu kwigarurira umujyi wa Goma. Read More

RDC yarakariye u Rwanda nyuma y’ibyo rwakoze: Kinshasa yavuze ko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga

Umwuka mubi wongeye kuzamuka hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’aho Kigali ifatiye icyemezo cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi mu turere twa Rubavu na Rusizi, …

RDC yarakariye u Rwanda nyuma y’ibyo rwakoze: Kinshasa yavuze ko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga Read More