RDC yakajije umuvuduko yagiye gusabira u Rwanda ibindi bihano nyuma y’ibyo rwafatiwe na Amerika

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje urugamba rwa dipolomasi rugamije gushaka ko Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) gifatirwa ibihano n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi, nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe …

RDC yakajije umuvuduko yagiye gusabira u Rwanda ibindi bihano nyuma y’ibyo rwafatiwe na Amerika Read More

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga Irahira rya Museveni ritegerejwe na benshi rizatwara

Guverinoma ya Uganda yatangaje ko yateganyije miliyari icyenda z’Amashilingi ya Uganda, asaga miliyari 3,5 z’Amafaranga y’u Rwanda, azakoreshwa mu muhango wo kurahiza Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, uherutse kongera …

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga Irahira rya Museveni ritegerejwe na benshi rizatwara Read More

Ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe. Inama idasanzwe yakozwe mbere y’iyicwa rye, n’ibyo yazize

Urupfu rwa Gabriel “Gabby” Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi rukomeje guteza impaka zikomeye, mu gihe amakuru mashya akomeje kujya hanze agaragaza ibimenyetso benshi bavuga ko bishimangira ko …

Ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe. Inama idasanzwe yakozwe mbere y’iyicwa rye, n’ibyo yazize Read More

Umusirikare wa FARDC n’abapolisi bafatiwe mu mabandi yibasiye urugo rw’abapadiri i Kinshasa

Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yataye muri yombi abantu 13 bakekwaho kugira uruhare mu gitero cyagabwe ku rugo rw’abapadiri bo muri Paruwasi Gatolika ya Saint-Théophile iherereye …

Umusirikare wa FARDC n’abapolisi bafatiwe mu mabandi yibasiye urugo rw’abapadiri i Kinshasa Read More

Kimwe mu byo nicuza cyane ni ukuba naravuganiye Tshisekedi ngo Amerika imufashe – Uko Tibor Nagy yibeshye.

Tibor Nagy wahoze ari Umunyamabanga wa Leta wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe ubufatanye na Afurika, yavuze ko kimwe mu bintu yicuza cyane mu buzima bwe bwa politiki …

Kimwe mu byo nicuza cyane ni ukuba naravuganiye Tshisekedi ngo Amerika imufashe – Uko Tibor Nagy yibeshye. Read More

Kuki Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bayo kwirinda kugera muri utu turere 3 tw’u Rwanda?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu turere twa Rubavu, Musanze na Rusizi, by’umwihariko mu bice biri hafi y’umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira …

Kuki Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bayo kwirinda kugera muri utu turere 3 tw’u Rwanda? Read More

Ibyabaye kuri Perezida Ndayishimiye byatumye mugenzi we Tshisekedi asaba imbabazi ku gutera u Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yemeye ku mugaragaro ko yigeze kugira umugambi wo gutera u Rwanda ariko nyuma akaza kuwuhagarika amaze gutahura ko yari yarabeshywe …

Ibyabaye kuri Perezida Ndayishimiye byatumye mugenzi we Tshisekedi asaba imbabazi ku gutera u Rwanda Read More

Indi nkongi y’umuriro idasanzwe mu mujyi wa Bujumbura nyuma y’iturika ry’ububiko bw’intwaro i Musaga

Abacuruzi bo mu isoko rya Kinama riherereye mu Mujyi wa Bujumbura bari mu gahinda gakomeye nyuma y’aho iri soko rifashwe n’inkongi y’umuriro rikangirika bikomeye, ibintu byatumye benshi bavuga ko basubijwe …

Indi nkongi y’umuriro idasanzwe mu mujyi wa Bujumbura nyuma y’iturika ry’ububiko bw’intwaro i Musaga Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Karasira Aimable witabye Imana habura amasaha macye ngo afungurwe

Karasira Aimable Uzaramba wamamaye nka “Prof Nigga” mu muziki no ku mbuga nkoranyambaga, yapfuye mu buryo bwatunguranye habura amasaha make ngo afungurwe nyuma yo kurangiza igihano cy’igifungo yari amaze imyaka …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Karasira Aimable witabye Imana habura amasaha macye ngo afungurwe Read More

RDC yahishuye impinduka zikomeye cyane igiye gukora kugirango FARDC ibashe kwigaranzura AFC/M23.

Ibibazo by’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera, aho ubuyobozi bw’igisirikare bwemeye ku mugaragaro ko hari intege nke zikomeye mu bijyanye n’itumanaho, byanahaye …

RDC yahishuye impinduka zikomeye cyane igiye gukora kugirango FARDC ibashe kwigaranzura AFC/M23. Read More