Umuvugizi w’ingabo za AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma ‘Yishwe’ mu gihe imirwano yakajije umurego i Rubaya?

Kuva ku wa 24 Gashyantare 2026, ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri X (Twitter), hakwirakwiye amakuru avuga ko Lt Col Willy Ngoma, umuvugizi w’ingabo za AFC/M23, yaba yapfuye nyuma yo kuraswa …

Umuvugizi w’ingabo za AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma ‘Yishwe’ mu gihe imirwano yakajije umurego i Rubaya? Read More

Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC boherereje ubutumwa bwihariye Perezida Ndayishimiye na Général Prime Niyongabo

Mu gihe mu Ukuboza 2025, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Prime Niyongabo, yatangaje ko u Burundi bwakuye abasirikare babwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) mu rwego rwo kubahiriza …

Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC boherereje ubutumwa bwihariye Perezida Ndayishimiye na Général Prime Niyongabo Read More

RDC yaciye amarenga yo kwemeza ku mugaragaro ‘Repubulika ya Kivu’ mu bice bigenzurwa na AFC/M23?

Muri Nyakanga 2022, Perezida Paul Kagame yavuze ijambo rikomeye rishingiye ku kibazo cy’abavuga Ikinyarwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), avuga ko abashaka kubirukana babirukanana n’ubutaka bwabo. Ibi yabivuze …

RDC yaciye amarenga yo kwemeza ku mugaragaro ‘Repubulika ya Kivu’ mu bice bigenzurwa na AFC/M23? Read More

Urujijo ku Ibaruwa y’Amahirwe y’Akazi ku Barundi mu Butaliyani: Ese Gahunda ya Ambasade y’u Burundi i Roma ni Ukuri cyangwa ni Uburiganya?

Mu mpera z’icyumweru gishize, urubyiruko rw’u Burundi rwatangiye gukwirakwiza amakuru yavugaga ko hari amahirwe mashya yo kujya gukora mu Butaliyani biciye mu mahugurwa y’ururimi rw’Igitaliyani atangwa ku buntu. Ibaruwa iriho …

Urujijo ku Ibaruwa y’Amahirwe y’Akazi ku Barundi mu Butaliyani: Ese Gahunda ya Ambasade y’u Burundi i Roma ni Ukuri cyangwa ni Uburiganya? Read More

Israel yatangije intambara yeruye hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yohereje indege 50 z’intambara?

Mu gihe umwuka w’intambara mu Burasirazuba bwo Hagati ukomeje gututumba, Israel yagabye ibitero ku birindiro bya Hezbollah na Hamas muri Liban, mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika yohereje indege …

Israel yatangije intambara yeruye hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yohereje indege 50 z’intambara? Read More

Kigali: Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bafatanyije n’abaturage muri Car Free Day

Ku Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, Umujyi wa Kigali wuzuye ibyishimo n’imbaraga z’abakunda siporo ubwo Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanyaga n’abaturage mu gikorwa gisanzwe cyo gukora …

Kigali: Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bafatanyije n’abaturage muri Car Free Day Read More