Uvira igiye kuba intangiriro y’Intambara Nshya? Amakuru y’ibanga y’ibitero simusiga biri gutegurwa.

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru mashya agaragaza ko hashobora kuba hategurwa igitero kinini cya gisirikare gishobora gutangira mu minsi ya vuba, …

Uvira igiye kuba intangiriro y’Intambara Nshya? Amakuru y’ibanga y’ibitero simusiga biri gutegurwa. Read More

Trump yateguje Isi akaga gategereje Iran uyu munsi mu gihe intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati

Umwuka w’intambara hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Iran na Israel ukomeje kurushaho gukara, nyuma y’uko Perezida wa Amerika Donald Trump yongeye gutangaza amagambo akakaye aburira Iran, mu gihe …

Trump yateguje Isi akaga gategereje Iran uyu munsi mu gihe intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati Read More

Indege 2 z’igisirikare cya Amerika yahanutse mu gihe Iran yavuze ko Amerika na Israel bizishyura ibyo byangije ku kabi n’akeza

Intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel ikomeje kugaragaza ibimenyetso by’uko ibintu bishobora kurushaho gukomera, nyuma y’aho indege ebyiri …

Indege 2 z’igisirikare cya Amerika yahanutse mu gihe Iran yavuze ko Amerika na Israel bizishyura ibyo byangije ku kabi n’akeza Read More

Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhungabanya u Rwanda

Amakuru akomeje kujya ahagaragara mu nzego zitandukanye z’umutekano n’isesengura rya politiki mu karere k’Ibiyaga Bigari aravuga ko hari umugambi uri kunozwa uvugwaho guhuza imbaraga z’abarwanya Leta y’u Rwanda. Uwo mugambi …

Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhungabanya u Rwanda Read More

Burundi: Hamenyekanye ibyo Perezida Ndayishimiye yikanze byatumye arekura Gen Bunyoni

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yafashe icyemezo gitunguranye cyo kurekura by’agateganyo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Alain-Guillaume Bunyoni, wari warakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’ibyaha bikomeye birimo umugambi wo …

Burundi: Hamenyekanye ibyo Perezida Ndayishimiye yikanze byatumye arekura Gen Bunyoni Read More

Uko Amayeri adasanzwe y’imirwanire ya Iran yacanze imbaraga za gisirikare z’ibihugu bikomeye? 

Intambara iri hagati ya Iran ku ruhande rumwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel ku rundi ruhande ikomeje gufata indi ntera, aho impande zombi zikomeje kugerageza uburyo bushya …

Uko Amayeri adasanzwe y’imirwanire ya Iran yacanze imbaraga za gisirikare z’ibihugu bikomeye?  Read More

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran yatangaje ko ibirindiro bya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati bizakomeza kuraswa

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zizakomeza kugaba ibitero ku birindiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika biri mu Burasirazuba bwo Hagati, mu rwego …

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran yatangaje ko ibirindiro bya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati bizakomeza kuraswa Read More

U Rwanda rwashyizeho ibihano bikarishye cyane ku batwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho itegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’imihanda, ririmo ingingo zikaze zigamije gukumira impanuka zo mu muhanda no kongera umutekano w’abawukoresha. Muri iri tegeko rishya, umuntu utwara ikinyabiziga yanyoye …

U Rwanda rwashyizeho ibihano bikarishye cyane ku batwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda Read More

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano Mu gihugu cya Uganda hatangiye kuvugwa cyane ikibazo cy’umudepite mushya uherutse gutorerwa kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma …

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano Read More