Inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye gutakaza agaciro: BNR yasabye abaturage kwihutira kuzihinduza

Banki Nkuru y’u Rwanda, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangaje gahunda nshya igamije kuvugurura amafaranga akoreshwa mu gihugu, aho zimwe mu noti zisanzwe ziri mu maboko y’abaturage zigiye gutakaza agaciro …

Inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye gutakaza agaciro: BNR yasabye abaturage kwihutira kuzihinduza Read More

Hari amabanga atoroshye: Umusirikare urinda umugore wa Ndayishimiye watumiwe muri Amerika akomeje kwibazwaho

Mu gihe umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye, yitegura kwitabira inama mpuzamahanga ikomeye izabera muri Washington, D.C., hari ibibazo byinshi bikomeje kuzamuka ku mutekano we n’abashinzwe kumurinda. Iyi nama …

Hari amabanga atoroshye: Umusirikare urinda umugore wa Ndayishimiye watumiwe muri Amerika akomeje kwibazwaho Read More

Impamvu idasanzwe yatumye Tshisekedi ahitamo gukoresha umuhungu wa Habyarimana mu barwanya Leta y’u Rwanda

Mu gihe umwuka mubi ukomeje kwiyongera hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru akomeje kugaragaza uko ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi buri gushaka uburyo bushya bwo guhangana …

Impamvu idasanzwe yatumye Tshisekedi ahitamo gukoresha umuhungu wa Habyarimana mu barwanya Leta y’u Rwanda Read More

Uruganda rukora imodoka rwa Volkswagen rwakomoje ku makuru yo gufunga no guhagarika ubucuruzi bwarwo mu Rwanda

Uruganda rwa Volkswagen rwakomoje ku makuru yo gufunga no guhagarika ubucuruzi bwarwo mu Rwanda Uruganda rukora imodoka rwa Volkswagen Group Africa rwanyomoje amakuru yari amaze iminsi akwirakwizwa n’abantu rutavuze amazina, …

Uruganda rukora imodoka rwa Volkswagen rwakomoje ku makuru yo gufunga no guhagarika ubucuruzi bwarwo mu Rwanda Read More

Urujijo ku rupfu rw’Umuhungu wigaga muri Kaminuza wasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye bapfuye

Mu Karere ka Rulindo haravugwa inkuru y’incamugongo y’umuhungu n’umukobwa basanzwe bapfuye mu nzu, ibintu byateye urujijo mu baturage ndetse bituma inzego zibishinzwe zitangira iperereza ryimbitse. Aya makuru yamenyekanye kuri uyu …

Urujijo ku rupfu rw’Umuhungu wigaga muri Kaminuza wasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye bapfuye Read More

Igisubizo cya AFC/M23 kuri raporo ya RSF iyishinja gufunga no kwica urubozo abanyamakuru n’abasivili mu bice igenzura

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye kwamagana ibirego byatanzwe n’umuryango Reporters Without Borders (RSF), uwushinja gufunga no gukorera iyicarubozo abanyamakuru n’abasivili mu bice ugenzura. …

Igisubizo cya AFC/M23 kuri raporo ya RSF iyishinja gufunga no kwica urubozo abanyamakuru n’abasivili mu bice igenzura Read More

Perezida Kagame yasabiye ubutabera umubyeyi witabye Imana azize kwangirwa serivisi z’ubuvuzi

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza impungenge ku ireme rya serivisi zihabwa abaturage, asaba ko hakorwa iperereza ryimbitse ku rupfu rw’umubyeyi wo mu Karere ka Karongi witabye Imana nyuma …

Perezida Kagame yasabiye ubutabera umubyeyi witabye Imana azize kwangirwa serivisi z’ubuvuzi Read More