Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we

Abaturage b’akarere ka Umoja muri Kenya wagize agahinda kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Alphy Migasa, umutoza w’imyitozo ngororamubiri (gym) wari ukunzwe cyane muri ako gace. Amakuru aturuka mu baturage b’aho byabereye …

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we Read More

U Burusiya bwahishuye igitero simusiga u Bufaransa buri gutegura kugaba ku ngabo z’u Rwanda bugahirika ubutegetsi

Mu itangazo rikomeye ryasohotse ku wa 2 Gashyantare 2026, urwego rw’ubutasi bw’u Burusiya rufite inshingano zo gukurikirana ibikorwa by’amahanga, SVR, rwatangaje ko bufite amakuru yizewe agaragaza ko Leta y’u Bufaransa …

U Burusiya bwahishuye igitero simusiga u Bufaransa buri gutegura kugaba ku ngabo z’u Rwanda bugahirika ubutegetsi Read More

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira

Mu Karere ka Jinja, abarimu 20 hamwe n’abayobozi b’amashuri batatu bafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara bigisha abanyeshuri mbere y’itangira ry’umwaka w’amashuri, icyemezo kitubahirije amategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu. Ubuyobozi bw’akarere …

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira Read More

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho

Ku wa 31 Mutarama 2026, Uwicyeza Pamella yizihije isabukuru y’amavuko mu buryo budasanzwe, umunsi wabaye uwo kwishimira we ubwe, umuryango we n’inshuti ze, cyane cyane umugabo we, umuhanzi Mugisha Benjamin …

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho Read More

Yari yaramugize umugore we: Umusore w’imyaka 23 yisanze mu maboko atari aye nyuma yo gusambanya mubyara we w’imyaka babanaga.

Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru ibabaje y’umusore w’imyaka 23 watawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka icyenda wo mu muryango we wa hafi, babanaga mu rugo rumwe kwa nyirakuru …

Yari yaramugize umugore we: Umusore w’imyaka 23 yisanze mu maboko atari aye nyuma yo gusambanya mubyara we w’imyaka babanaga. Read More

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wongeye kwikoma ubuyobozi bw’u Burundi, uhakana ibirego bya Perezida Evariste Ndayishimiye byawushinje gukorana na Leta y’u Rwanda, ihuriro AFC/M23 riri mu ntambara mu burasirazuba …

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi Read More

Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biravugwa ko zatangiye ibiganiro byimbitse bigamije gusuzuma uburyo u Rwanda rwafatiwamo ibihano, nyuma y’uko amasezerano y’amahoro rwasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atarashyirwa mu …

Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane? Read More