Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye guhagarika imirwano mu Burasirazuba bw’igihugu

Mu gihe imyaka myinshi ishize uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwugarijwe n’intambara z’urudaca, Guverinoma y’iki gihugu yatangaje ku mugaragaro ko yemeye guhagarika imirwano, igaragaza icyizere gishya cy’inzira …

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye guhagarika imirwano mu Burasirazuba bw’igihugu Read More

AFC/M23 Yigaruriye Akandi Gace mu Mirwano Ikaze cyane na FARDC n’Abambari ba yo, Nyuma Yuko Yungutse Abakomando Bashya Barenga 7.500

Ihuriro rya AFC/M23 ryigaruriye agace ka Biguri kari muri Teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze cyane yarihanganishije n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo …

AFC/M23 Yigaruriye Akandi Gace mu Mirwano Ikaze cyane na FARDC n’Abambari ba yo, Nyuma Yuko Yungutse Abakomando Bashya Barenga 7.500 Read More

Imirwano ikaze cyane hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Ingabo z’u Burundi zongereye imbaraga bidasanzwe

Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, intambara yongeye gufata indi ntera ikomeye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo, aho imirwano ihuje ingabo za Leta ya Congo …

Imirwano ikaze cyane hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Ingabo z’u Burundi zongereye imbaraga bidasanzwe Read More

Ibyo Umuyobozi wa MONUSCO yasabye AFC/M23 gukorera abaturage akigera i Goma byazamuye impaka ndende

Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vivian van de Perre, yasuye Umujyi wa Goma ku nshuro ya mbere mu gihe kirenga umwaka, azanye ubutumwa …

Ibyo Umuyobozi wa MONUSCO yasabye AFC/M23 gukorera abaturage akigera i Goma byazamuye impaka ndende Read More

Ubuhamya bushaririye bw’Umunyarwandakazi wafashwe ku ngufu n’Abasirikare bwashenguye imitima ya benshi

Nyiramana (izina ryahinduwe), w’imyaka 36, ni umwe mu Banyarwanda 161 bamaze gutahuka mu gihugu nyuma yo kuba imyaka myinshi mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iyi nkuru …

Ubuhamya bushaririye bw’Umunyarwandakazi wafashwe ku ngufu n’Abasirikare bwashenguye imitima ya benshi Read More

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 18 afunzwe akekwaho gukomeretsa umusore wamwimye urukundo amukebesheje urwembe

Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru itangaje, nyuma y’uko umukobwa w’imyaka 18 akurikiranyweho gukomeretsa umusore w’imyaka 25 akoresheje urwembe, amuziza ko yamwimye urukundo. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari …

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 18 afunzwe akekwaho gukomeretsa umusore wamwimye urukundo amukebesheje urwembe Read More

Ibibazo by’Ikibuga cy’Indege cya Bujumbura bikomeje guteza impungenge, bigera no ku ngendo za Perezida Ndayishimiye

Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Bujumbura cyitiriwe Melchior Ndadaye kiri mu bibuga by’ingenzi mu karere, ariko mu minsi ishize cyugarijwe n’ibibazo by’itumanaho bikomeye byatumye indege zihindura ibyerekezo ku buryo bukomeje gutera …

Ibibazo by’Ikibuga cy’Indege cya Bujumbura bikomeje guteza impungenge, bigera no ku ngendo za Perezida Ndayishimiye Read More

Tshisekedi yahuye n’Abanyamulenge baba muri Amerika mu gihe imirwano ikaze ikomeje mu Minembwe

Mu gihe Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yari mu ruzinduko rw’akazi i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yakiriye intumwa z’urubyiruko rw’Abanyamulenge baba muri …

Tshisekedi yahuye n’Abanyamulenge baba muri Amerika mu gihe imirwano ikaze ikomeje mu Minembwe Read More