Umugore n’Umugabo bajyanye Umujyi wa Kigali mu nkiko ku butaka bufite agaciro ka miliyari zirenga 5 Frw.

Mu gihe ibibazo by’ubutaka bikomeje kuba imwe mu nzitizi zikomeye mu iterambere ry’imijyi, umuturage witwa Isingizwe Yves n’umugore we Ihimbazwe Esther bagejeje ikirego mu nkiko barega Umujyi wa Kigali, bawushinja …

Umugore n’Umugabo bajyanye Umujyi wa Kigali mu nkiko ku butaka bufite agaciro ka miliyari zirenga 5 Frw. Read More

Gasogi United yateguje urugamba rukomeye nyuma yo guterwa mpaga ikanaterwa utwatsi na Rwanda Premier League

Ikipe ya Gasogi United yakomeje kugaragaza kutanyurwa n’umwanzuro yafatiwe wo guterwa mpaga ku mukino wari kuyihuza na Rayon Sports, ivuga ko igisubizo yahawe n’Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu …

Gasogi United yateguje urugamba rukomeye nyuma yo guterwa mpaga ikanaterwa utwatsi na Rwanda Premier League Read More

Avoka z’u Rwanda zabaye imari ishyushye iri gutanga agatubutse ku isoko mpuzamahanga

Mu gihe isi igenda irushaho gukenera ibikomoka ku buhinzi bifite intungamubiri nyinshi, avoka z’u Rwanda zikomeje gufatwa nk’imari ishyushye ku isoko mpuzamahanga, bituma abahinzi bashishikarizwa kongera umusaruro no kurushaho kwita …

Avoka z’u Rwanda zabaye imari ishyushye iri gutanga agatubutse ku isoko mpuzamahanga Read More

Guverinoma yijeje gukemura ibibazo byagaragaye mu mavugurura ya mituweli, imara impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusobanurira abaturage impamvu y’amavugurura aherutse gukorwa muri gahunda y’ubwisungane mu kwivuza (mituweli), nyuma y’uko bamwe mu baturage bagaragaje impungenge ku izamuka ry’imisanzu n’uburyo yashyizweho. Mu kiganiro …

Guverinoma yijeje gukemura ibibazo byagaragaye mu mavugurura ya mituweli, imara impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya Read More

Afurika Yunze Ubumwe yahaye Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi inshingano nshya

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ukomeje kongera imbaraga mu gukemura amakimbirane hagati y’ibihugu binyuze mu nzira z’amahoro, aho wahaye Ambasaderi Albert Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi …

Afurika Yunze Ubumwe yahaye Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi inshingano nshya Read More

Kigali: Hasigaye iminsi umunani gusa yo gufotora abifuza e-Indangamuntu. NIDA yatanze ubutumwa bukomeye.

Mu gihe gahunda yo gutanga Indangamuntu koranabuhanga (e-ID) ikomeje gushyirwamo imbaraga ku rwego rw’Igihugu, ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Indangamuntu (NIDA) bwongeye kwibutsa abatuye mu Mujyi wa Kigali ko igikorwa cyo gufotora …

Kigali: Hasigaye iminsi umunani gusa yo gufotora abifuza e-Indangamuntu. NIDA yatanze ubutumwa bukomeye. Read More

Uganda: Gen. Muhoozi yateguje kohereza ingabo mu ntambara na Iran mu rurego rwo gushyigikira Israel

Mu gihe umwuka w’intambara mu Burasirazuba bwo Hagati ukomeje gufata intera ishobora kugeza isi mu kaga gakomeye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yashyize hanze itangazo rikomeye …

Uganda: Gen. Muhoozi yateguje kohereza ingabo mu ntambara na Iran mu rurego rwo gushyigikira Israel Read More