Abandi ba-Jenerali babiri mu gisirikare cya Uganda batawe muri yombi ku itegeko rya Gen. Muhoozi Kainerugaba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye gufata icyemezo gikomeye mu rugamba rwo kurwanya ruswa n’imikorere idahwitse mu gisirikare, ategeka itabwa muri yombi ry’abasirikare bakuru babiri bafite amapeti …

Abandi ba-Jenerali babiri mu gisirikare cya Uganda batawe muri yombi ku itegeko rya Gen. Muhoozi Kainerugaba Read More

Kinshasa mu rujijo ku basirikare barekuwe: ikibazo cy’imfungwa z’intambara gikomeje gukoma mu nkokora inzira y’amahoro

Icyemezo cya FARDC cyo kwanga kwakira abasirikare bayo barekuwe n’ihuriro rya AFC/M23 cyongeye kugaragaza ubukana bw’ukutumvikana hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abayirwanya mu burasirazuba bw’igihugu, mu …

Kinshasa mu rujijo ku basirikare barekuwe: ikibazo cy’imfungwa z’intambara gikomeje gukoma mu nkokora inzira y’amahoro Read More

Perezida Evariste Ndayishimiye uri ku gitutu gikomeye arahitamo kwegura ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe?

Inkubiri y’impaka za dipolomasi muri Afurika irakomeje nyuma y’aho Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ahuriye n’igitutu gikomeye gishingiye ku cyemezo yafashe cyo gushyigikira kandidatire ya Macky Sall ku mwanya w’Umunyamabanga …

Perezida Evariste Ndayishimiye uri ku gitutu gikomeye arahitamo kwegura ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe? Read More

Perezida Donald Trump yumvise ibya AFC/M23 muri RDC akubitwa n’inkuba mu nteko ya Loni.

Ijambo ryavugiwe mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ryahinduye icyerekezo cy’ikiganiro ku bibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje …

Perezida Donald Trump yumvise ibya AFC/M23 muri RDC akubitwa n’inkuba mu nteko ya Loni. Read More

Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye

Nyuma y’imyaka myinshi ari umwe mu baririmbyi b’ingenzi muri Korali ya Ambassadors of Christ, Sarah Sanyu yafashe icyemezo gikomeye cyo gutangira urugendo rwe bwite nk’umuhanzi wigenga, anahita atangaza ko ari …

Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye Read More

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe

Umuhanzi The Ben yongeye kugaragaza ko afite imishinga ikomeye igamije kuzamura uruganda rw’umuziki nyarwanda, aho yatangaje ko mu minsi iri imbere azashyira hanze album nshya ndetse akanakorana ibitaramo bikomeye n’umuhanzi …

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe Read More

Burundi: Ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igisirikare kiragambaniwe, ibikorwa bya gisirikare bihagarara mu buryo butunguranye. Ubwoba ni bwose

Amakuru aturuka i Bujumbura mu Burundi aravuga ko ikibuga cy’indege cyitiriwe Melchior Ndadaye cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibitero by’ikoranabuhanga byahungabanyije ibikorwa byose by’indege, bikaba byateje impagarara zikomeye mu nzego za gisirikare …

Burundi: Ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igisirikare kiragambaniwe, ibikorwa bya gisirikare bihagarara mu buryo butunguranye. Ubwoba ni bwose Read More