Umunyezamu Drissa Kouyaté yateye amabuye ikipe ya Rayon Sports nyuma y’ibiganiro bagiranye

Umunyezamu Drissa Kouyaté yatandukanye na Rayon Sports nyuma y’ibiganiro byerekeranye n’ahazaza he muri iyi kipe, ariko amagambo yakoresheje nyuma yo gutandukana yagaragaje ko atanyuzwe n’uburyo yumvaga yarahawe agaciro mu biganiro. …

Umunyezamu Drissa Kouyaté yateye amabuye ikipe ya Rayon Sports nyuma y’ibiganiro bagiranye Read More

Chelsea FC yerekanye umukinnyi wa 10 isinyishije ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri iyi mpeshyi.

Ikipe ya Chelsea FC yamaze kwemeza ko yasinyishije myugariro w’ibumoso ukomoka muri Espagne, Pep Chavarria, mu masezerano y’imyaka itanu, mu rwego rwo gukomeza kubaka ikipe nshya itozwa na Xabi Alonso, …

Chelsea FC yerekanye umukinnyi wa 10 isinyishije ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri iyi mpeshyi. Read More

Real Madrid yerekeje amaso muri Arsenal ishaka kuyitwara umukinnyi w’ingenzi yari yubakiyeho umushinga wa Arteta

Real Madrid yongeye kugaragaza ko ishishikajwe no kugura umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Arsenal, Martin Zubimendi, nubwo amaze igihe gito yerekeje i Londres, aho amakuru avuga ko iyi kipe …

Real Madrid yerekeje amaso muri Arsenal ishaka kuyitwara umukinnyi w’ingenzi yari yubakiyeho umushinga wa Arteta Read More

Fabrizio Romano yaciye amarenga yo gusezera ku mwuga wo gutangaza amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi

Fabrizio Romano, umwe mu banyamakuru bazwi cyane ku isi mu gutangaza amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, yateje impaka nyuma yo gutangaza ko ashobora kudazakomeza gukora uyu mwuga mu buryo asanzwe …

Fabrizio Romano yaciye amarenga yo gusezera ku mwuga wo gutangaza amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi Read More

Manchester United: Ahazaza ha Marcus Rashford mu gihe Liverpool na Chelsea zitegura guhatana nayo ku mukinnyi witwaye neza mu gikombe cy’Isi

Manchester United iracyafite akazi gakomeye ko gukora ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, nubwo yamaze gukoresha arenga miliyoni 80 z’amapawundi mu gushaka abakinnyi bashya. Icyerekezo cya Marcus Rashford na cyo kiracyari …

Manchester United: Ahazaza ha Marcus Rashford mu gihe Liverpool na Chelsea zitegura guhatana nayo ku mukinnyi witwaye neza mu gikombe cy’Isi Read More

Man City yanze kurekura Rodri wahisemo Barcelona aho kujya Real Madrid, Arsenal na Manchester United mu ntambara ikomeye.

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gufata indi ntera mu Burayi, aho amakipe akomeye ari gukomeza guhatanira amazina akomeye mbere y’uko shampiyona zitangira. Mu masaha make ashize, amakuru mashya yibanze yagarutse …

Man City yanze kurekura Rodri wahisemo Barcelona aho kujya Real Madrid, Arsenal na Manchester United mu ntambara ikomeye. Read More

Nyuma yo kubura Vinicius Jr, Arsenal isanze Manchester United mu rugamba rwo gusinyisha rutahizamu udasanzwe I Burayi?

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gufata indi ntera, aho Arsenal isa n’iyongereye amahirwe yo gusinyisha rutahizamu wa Inter Milan, Pio Esposito, nyuma y’uko gahunda yayo yo kuzana Vinicius Junior iburijwemo …

Nyuma yo kubura Vinicius Jr, Arsenal isanze Manchester United mu rugamba rwo gusinyisha rutahizamu udasanzwe I Burayi? Read More

Byari bigeze kure! Impamvu Vinicius Jr yahisemo guhagarika inzozi ze muri Arsenal akongera amasezerano muri Real Madrid yamenyekanye

Inzozi za Arsenal zo kuzana Vinicius Junior muri Premier League zirangiye nyuma y’uko uyu munya-Brazil yemeye kongera amasezerano mashya muri Real Madrid, amwongerera imyaka itandatu akazageza muri Kamena 2032 akinira …

Byari bigeze kure! Impamvu Vinicius Jr yahisemo guhagarika inzozi ze muri Arsenal akongera amasezerano muri Real Madrid yamenyekanye Read More

Ni iki cyatumye rodri atera umugongo Manchester City? Hamenyekanye ikipe ashaka kwerekezamo hagati ya Real Madrid na FC Barcelona

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje kuzana impinduka zikomeye mu makipe akomeye ku mugabane w’u Burayi, aho amakuru mashya agaragaza ko Rodri ashobora kurangiza imyaka irindwi amaze muri Manchester City akagaruka …

Ni iki cyatumye rodri atera umugongo Manchester City? Hamenyekanye ikipe ashaka kwerekezamo hagati ya Real Madrid na FC Barcelona Read More