Perezida Kagame yakomoje ku bihano bya Amerika, imibanire na AFC/M23 no gukura ingabo muri Mozambique

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rudateze guhindura icyerekezo cyarwo mu bijyanye n’umutekano n’inyungu zarwo, nubwo rukomeje gushyirwaho igitutu n’ibihano mpuzamahanga, cyane cyane biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za …

Perezida Kagame yakomoje ku bihano bya Amerika, imibanire na AFC/M23 no gukura ingabo muri Mozambique Read More

Umusore ari guhigwa bukware nyuma yuko abeshye ko umuturanyi yapfuye, bagejeje isanduku iwe basanga akiri muzima

Umusore yabeshye ko umuturanyi yapfuye, bamenya ko ari muzima bajyanye isanduku iwe Ibyabereye mu Karere ka Gatsibo byongeye kugaragaza uko imigenzo imwe n’imwe yo ku ya 1 Mata ishobora kurenga …

Umusore ari guhigwa bukware nyuma yuko abeshye ko umuturanyi yapfuye, bagejeje isanduku iwe basanga akiri muzima Read More

U Rwanda rwaburiye Mozambique nyuma y’amakuru y’uko EU yahagaritse inkunga yahabwaga ingabo za RDF.

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira ko hakenewe uburyo buhamye kandi burambye bwo gutera inkunga ibikorwa by’ingabo zayo ziri mu ntara ya Cabo Delgado, igaragaza ko igihe kigeze ngo umutwaro wari …

U Rwanda rwaburiye Mozambique nyuma y’amakuru y’uko EU yahagaritse inkunga yahabwaga ingabo za RDF. Read More

Bujumbura byahinduye isura: Irekurwa rya Gen. Bunyoni rifitanye isano n’iturika ryabereye i Musaga?

Iminsi mike mbere n’inyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu bubiko bw’intwaro i Musaga mu mujyi wa Bujumbura, u Burundi bwari bumaze kwinjira mu bihe bidasanzwe bya politiki n’umutekano. Ibi byatumye bamwe …

Bujumbura byahinduye isura: Irekurwa rya Gen. Bunyoni rifitanye isano n’iturika ryabereye i Musaga? Read More

Kigali: Urukiko rwakatiye igifungo gikakaye Turahirwa Moses nyuma yo kurutakambira.

Urubanza rw’umunyamideli Turahirwa Moses rwasojwe n’icyemezo gikakaye cy’Urukiko Rukuru rwa Kigali, rwemeje burundu igihano yari yarakatiwe, akaba agomba gukomeza gufungwa imyaka itatu yiyongera ku yindi yari asanzwe arimo kurangiza. Iki …

Kigali: Urukiko rwakatiye igifungo gikakaye Turahirwa Moses nyuma yo kurutakambira. Read More

Umukobwa yakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamufashije kwiga

Inkuru itangaje y’umukobwa wakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’uwamufashije kwiga Inkuru ikomeje kuvugisha benshi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda, iravuga ku mukobwa witwa Fortunate Kyarikunda yakatiwe igifungo cy’imyaka …

Umukobwa yakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamufashije kwiga Read More

Impuruza muri gereza ya Mpimba: Abagororwa bavuga ko ibisasu byabaguyemo, bamwe bahasiga ubuzima mu rusaku rw’amasasu i Bujumbura

Ijoro ry’akajagari n’ubwoba ryabaye i Bujumbura ku wa 31 Werurwe 2026 rikomeje kugaragaza ingaruka zikomeye, nyuma y’uko abagororwa bo muri gereza nkuru ya Mpimba batangiye gutabaza bavuga ko ibisasu byabaguyemo …

Impuruza muri gereza ya Mpimba: Abagororwa bavuga ko ibisasu byabaguyemo, bamwe bahasiga ubuzima mu rusaku rw’amasasu i Bujumbura Read More

Yafashwe nyuma y’inkuru yakoze: RIB yataye muri yombi umunyamakuru DC Clement

Inkuru y’ifatwa rya Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement ku mbuga nkoranyambaga yakomeje kuvugisha benshi, ikomatanya ibijyanye n’ikoreshwa ry’ubutaka, kubahiriza amategeko ndetse n’uruhare rw’imbuga nkoranyambaga mu kugaragaza ibibazo by’abaturage. Byatangiye …

Yafashwe nyuma y’inkuru yakoze: RIB yataye muri yombi umunyamakuru DC Clement Read More