Akagara: Bombori bombori mu Banyamulenge. Uko amafaranga ya Tshisekedi yatumye bamwe bahinduka ibikoresho

Mu gihe umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kuzamo ibibazo bikomeye, ubwumvikane buke mu Banyamulenge, cyane cyane abari mu mahanga, burushaho gufata indi ntera, aho …

Akagara: Bombori bombori mu Banyamulenge. Uko amafaranga ya Tshisekedi yatumye bamwe bahinduka ibikoresho Read More

Kigali: Umugabo yaguye gitumo Umugore we wamusize mu buriri mu gicuku akajya gusambana n’umusore akodeshereza.

Mu Murenge wa Gatsata, Akagali ka Karuruma mu Mudugudu wa Nyagisozi mu Mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru yateje ururondogoro mu baturage nyuma y’uko umugore witwa Nyiramana Christina afatiwe mu cyumba …

Kigali: Umugabo yaguye gitumo Umugore we wamusize mu buriri mu gicuku akajya gusambana n’umusore akodeshereza. Read More

Impinduka mu mahame y’itorero ry’Abahamya ba Yehova bemerewe guterwa amaraso

Itorero ry’Abahamya ba Yehova ryatangaje impinduka ikomeye ku mabwiriza ryari risanzwe rikurikiza ku bijyanye no gukoresha amaraso mu buvuzi, aho ubu ryemereye abayoboke baryo kwifatira icyemezo ku ikoreshwa ry’amaraso yabo …

Impinduka mu mahame y’itorero ry’Abahamya ba Yehova bemerewe guterwa amaraso Read More

Asize asohoye indirimbo zisaga 100: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yitabye Imana

U Rwanda ruri mu gahinda nyuma y’itabaruka ry’umuhanzi w’inararibonye Ngombwa Timothée, witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 19 rishyira uwa 20 Werurwe 2026, asize amateka akomeye mu muziki gakondo …

Asize asohoye indirimbo zisaga 100: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yitabye Imana Read More

Umunyarwenya Babu Joe yahishuye uko yapfuye abona Jay Polly na Yvan Bravan mbere yo kuzuka

Mu gihe imyidagaduro mu Rwanda ikomeje kwaguka, hari inkuru zimwe ziza zigahindura imitekerereze y’abantu benshi, ntizibe gusa izo gusetsa cyangwa gushimisha, ahubwo zikaba amasomo y’ubuzima. Ni muri urwo rwego umunyarwenya …

Umunyarwenya Babu Joe yahishuye uko yapfuye abona Jay Polly na Yvan Bravan mbere yo kuzuka Read More

Mutoni Assia yarwaye agahinda gakabije (depression) nyuma y’ibyamubayeho muri Amerika

Umukinnyi wa filime nyarwanda Mutoni Assia yongeye kugarukwaho mu itangazamakuru nyuma yo gusangiza abakunzi be inkuru yihariye ku buzima bwe, by’umwihariko ku rugendo rutoroshye yanyuzemo ubwo yabyariraga muri Amerika, aho …

Mutoni Assia yarwaye agahinda gakabije (depression) nyuma y’ibyamubayeho muri Amerika Read More

Ihuriro rya AFC/M23 Ryahagaritse Umuyobozi Mukuru Waryo Ushinjwa Gushaka Gufata ku Ngufu

Ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC/M23 bwatangaje ko bwahagaritse by’agateganyo umwe mu bayobozi baryo bakomeye mu rwego rwa politiki, Yannick Tshisola Kwasa Mukwenu, nyuma yo kuvugwaho imyitwarire mibi irimo n’ibirego bikomeye byo …

Ihuriro rya AFC/M23 Ryahagaritse Umuyobozi Mukuru Waryo Ushinjwa Gushaka Gufata ku Ngufu Read More

Umunyarwandakazi Teta Sandra na Weasel bagiye gukorera ubukwe mu Rwanda nyuma y’urukundo rwvuzweho byinshi

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel Manizo yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko ari gutegura gukora ubukwe n’umukunzi we Sandra Teta, mu muhango utegerejweho guhuza imiryango n’inshuti zabo, ukaba ushobora kubera mu …

Umunyarwandakazi Teta Sandra na Weasel bagiye gukorera ubukwe mu Rwanda nyuma y’urukundo rwvuzweho byinshi Read More

Ikibazo cy’Impunzi z’Abarundi cyashyizwe ku meza mu nama idasanzwe y’iminsi itatu gishakirwa igisubizo kirambye

Mu gihe ikibazo cy’impunzi gikomeje kuba imwe mu mbogamizi zikomeye mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, inama y’iminsi itatu yahuje abaminisitiri n’abahagarariye ibihugu bitandukanye yabereye i Nairobi muri Kenya, yibanze cyane …

Ikibazo cy’Impunzi z’Abarundi cyashyizwe ku meza mu nama idasanzwe y’iminsi itatu gishakirwa igisubizo kirambye Read More