Kinshasa: Abaturage Bariye Karungu Nyuma y’Ibyo Abapolisi Bakoreye Umumotari Bikomeje Guteza Impagarara.

Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, hongeye kuvugwa inkuru ikomeje guteza impagarara mu baturage nyuma y’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ihohoterwa rikorerwa umwe mu baturage …

Kinshasa: Abaturage Bariye Karungu Nyuma y’Ibyo Abapolisi Bakoreye Umumotari Bikomeje Guteza Impagarara. Read More

Kigali: Umunyeshuri w’imyaka 16 wiga mu mwaka wa kane yabyariye mu ishuri, bizamura impaka ndende

Kigali: Umunyeshuri w’imyaka 16 yabyariye mu ishuri, bizamura impaka ndende Mu ishuri ryisumbuye rya G.S Camp Kigali riherereye mu Karere ka Nyarugenge, havugwa inkuru yateje urujijo n’impaka ndende mu banyeshuri, …

Kigali: Umunyeshuri w’imyaka 16 wiga mu mwaka wa kane yabyariye mu ishuri, bizamura impaka ndende Read More

Urupfu rw’umugabo wavuye gutanga ubuhamya mu rubanza rwateje urujijo n’impaka mu baturage

Mu karere ka Musanze, mu Murenge wa Remera, haravugwa inkuru yateye impungenge n’urujijo mu baturage nyuma y’urupfu rw’umugabo wari uvuye gutanga ubuhamya mu rubanza rwari rwabereye mu Murenge wa Gashaki. …

Urupfu rw’umugabo wavuye gutanga ubuhamya mu rubanza rwateje urujijo n’impaka mu baturage Read More

“Papa uranyishe, mbabarira.”- Umugabo yarumye ubugabo bw’umuhungu we kubera gufuha

Umugabo yatawe muri yombi akurikiranyweho kuruma ubugabo bw’umuhungu we kubera gufuha Mu Karere ka Ngoma, mu Murenge wa Gashanda, haravugwa inkuru itangaje kandi ibabaje yakuruye impaka mu baturage, nyuma y’uko …

“Papa uranyishe, mbabarira.”- Umugabo yarumye ubugabo bw’umuhungu we kubera gufuha Read More

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatunguwe n’inkumi yamusabye kuyisinyira ahatagerwa na bose.

Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje kugenda waguka no kugera ku rwego mpuzamahanga, bamwe mu bahanzi barimo kongera kugaragaza ko bafite abafana babakunda ku buryo budasanzwe. Ni muri urwo rwego inkuru …

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatunguwe n’inkumi yamusabye kuyisinyira ahatagerwa na bose. Read More

Inzego zishinzwe umutekano zakoze operasiyo idasanzwe ifatirwamo abantu 59 barimo n’abari bafite intwaro

Mu rwego rwo gukomeza guhashya ibyaha bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage, Polisi y’u Rwanda yakoze operasiyo idasanzwe mu Karere ka Muhanga, ifatirwamo abantu 59 bakekwaho ibikorwa by’ubujura, kwitwaza intwaro gakondo no …

Inzego zishinzwe umutekano zakoze operasiyo idasanzwe ifatirwamo abantu 59 barimo n’abari bafite intwaro Read More

Abaturage bakoreye urugomo abayobozi bakomeye barimo Meya w’Akarere banakubita Gitifu w’Umurenge baramukomeretsa

Mu Karere ka Huye, by’umwihariko mu Murenge wa Ruhashya, haravugwa urugomo rukomeye rwakozwe n’abantu bakekwaho gusagarira abayobozi b’inzego z’ibanze, bikaviramo umwe muri bo gukomereka bikomeye. Ibi byabereye mu Mudugudu wa …

Abaturage bakoreye urugomo abayobozi bakomeye barimo Meya w’Akarere banakubita Gitifu w’Umurenge baramukomeretsa Read More

Uburyo 4 bushya bwo gushyingura mu Rwanda: igisubizo ku kibazo cy’ubutaka n’igiciro cyo gushyingura

Mu gihe u Rwanda rukomeje guhangana n’ikibazo cy’ubutaka bugenda buba buke ugereranyije n’ubwiyongere bw’abaturage, ubuyobozi buri gutegura impinduka zikomeye mu buryo bwo gushyingura, zigamije kunoza imikoreshereze y’amarimbi no kugabanya ibiciro …

Uburyo 4 bushya bwo gushyingura mu Rwanda: igisubizo ku kibazo cy’ubutaka n’igiciro cyo gushyingura Read More

Umuganga ukurikiranyweho gusambanya ku gahato abarwayi 38 yagejejwe imbere y’urukiko

Mu gihugu cy’’u Bwongereza, umuganga w’imyaka 38 witwa Nathaniel Spencer yagejejwe imbere y’urukiko akurikiranyweho ibyaha byinshi bikomeye birimo ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abarwayi benshi, barimo n’umwana utarageza ku myaka …

Umuganga ukurikiranyweho gusambanya ku gahato abarwayi 38 yagejejwe imbere y’urukiko Read More