Umusore ari guhigwa bukware nyuma yuko abeshye ko umuturanyi yapfuye, bagejeje isanduku iwe basanga akiri muzima

Umusore yabeshye ko umuturanyi yapfuye, bamenya ko ari muzima bajyanye isanduku iwe Ibyabereye mu Karere ka Gatsibo byongeye kugaragaza uko imigenzo imwe n’imwe yo ku ya 1 Mata ishobora kurenga …

Umusore ari guhigwa bukware nyuma yuko abeshye ko umuturanyi yapfuye, bagejeje isanduku iwe basanga akiri muzima Read More

Kigali: Urukiko rwakatiye igifungo gikakaye Turahirwa Moses nyuma yo kurutakambira.

Urubanza rw’umunyamideli Turahirwa Moses rwasojwe n’icyemezo gikakaye cy’Urukiko Rukuru rwa Kigali, rwemeje burundu igihano yari yarakatiwe, akaba agomba gukomeza gufungwa imyaka itatu yiyongera ku yindi yari asanzwe arimo kurangiza. Iki …

Kigali: Urukiko rwakatiye igifungo gikakaye Turahirwa Moses nyuma yo kurutakambira. Read More

Umukobwa yakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamufashije kwiga

Inkuru itangaje y’umukobwa wakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’uwamufashije kwiga Inkuru ikomeje kuvugisha benshi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda, iravuga ku mukobwa witwa Fortunate Kyarikunda yakatiwe igifungo cy’imyaka …

Umukobwa yakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamufashije kwiga Read More

Yafashwe nyuma y’inkuru yakoze: RIB yataye muri yombi umunyamakuru DC Clement

Inkuru y’ifatwa rya Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement ku mbuga nkoranyambaga yakomeje kuvugisha benshi, ikomatanya ibijyanye n’ikoreshwa ry’ubutaka, kubahiriza amategeko ndetse n’uruhare rw’imbuga nkoranyambaga mu kugaragaza ibibazo by’abaturage. Byatangiye …

Yafashwe nyuma y’inkuru yakoze: RIB yataye muri yombi umunyamakuru DC Clement Read More

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri filime Seburikoko yagowe cyane n’akazi ko gusukura imirambo

Mutoni Assia wamamaye muri sinema nyarwanda, cyane cyane muri filime Seburikoko, ari mu bagaragaje ko ubuzima bwo kwimukira mu mahanga bushobora gutandukana cyane n’uko benshi babutekereza. Nyuma yo gushaka no …

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri filime Seburikoko yagowe cyane n’akazi ko gusukura imirambo Read More

Umubare w’Abakobwa basigaye bicuruza mu mujyi wa Kigali watumye benshi bashya ubwoba bwinshi cyane.

Umubare w’abakora bicuruza mu Mujyi wa Kigali ukomeje kuzamuka ugera ku barenga 9000, ibintu ubuyobozi bw’umujyi buvuga ko bifitanye isano ikomeye n’ibibazo bikiri mu miryango n’imibereho y’abaturage. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi …

Umubare w’Abakobwa basigaye bicuruza mu mujyi wa Kigali watumye benshi bashya ubwoba bwinshi cyane. Read More

Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo Abajura barimo umugore umwe bibye Inka barayibaga.

Ibikorwa by’ubujura bw’amatungo bikomeje gutera impungenge mu Karere ka Rubavu, aho abantu barindwi barimo umugore umwe bafatiwe mu cyuho bakekwaho kubaga no kugurisha inyama z’inka yibwe. Ibi byabaye mu rukerera …

Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo Abajura barimo umugore umwe bibye Inka barayibaga. Read More

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe

Umuhanzi The Ben yongeye kugaragaza ko afite imishinga ikomeye igamije kuzamura uruganda rw’umuziki nyarwanda, aho yatangaje ko mu minsi iri imbere azashyira hanze album nshya ndetse akanakorana ibitaramo bikomeye n’umuhanzi …

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe Read More

Habaye impanuka ikomeye cyane yabereye mu rugo igahitana Umugore n’Umugabo bari bari gukora urukundo rwo mu mashuka.

Mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Rugerero, Akagari ka Rwaza, Umudugudu wa Rebero, humvikanye inkuru y’incamugongo y’abantu batatu bagwiriwe n’inzu mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 25 …

Habaye impanuka ikomeye cyane yabereye mu rugo igahitana Umugore n’Umugabo bari bari gukora urukundo rwo mu mashuka. Read More