Kinshasa mu rujijo ku basirikare barekuwe: ikibazo cy’imfungwa z’intambara gikomeje gukoma mu nkokora inzira y’amahoro

Icyemezo cya FARDC cyo kwanga kwakira abasirikare bayo barekuwe n’ihuriro rya AFC/M23 cyongeye kugaragaza ubukana bw’ukutumvikana hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abayirwanya mu burasirazuba bw’igihugu, mu …

Kinshasa mu rujijo ku basirikare barekuwe: ikibazo cy’imfungwa z’intambara gikomeje gukoma mu nkokora inzira y’amahoro Read More

Perezida Evariste Ndayishimiye uri ku gitutu gikomeye arahitamo kwegura ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe?

Inkubiri y’impaka za dipolomasi muri Afurika irakomeje nyuma y’aho Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ahuriye n’igitutu gikomeye gishingiye ku cyemezo yafashe cyo gushyigikira kandidatire ya Macky Sall ku mwanya w’Umunyamabanga …

Perezida Evariste Ndayishimiye uri ku gitutu gikomeye arahitamo kwegura ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe? Read More

Perezida Donald Trump yumvise ibya AFC/M23 muri RDC akubitwa n’inkuba mu nteko ya Loni.

Ijambo ryavugiwe mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ryahinduye icyerekezo cy’ikiganiro ku bibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje …

Perezida Donald Trump yumvise ibya AFC/M23 muri RDC akubitwa n’inkuba mu nteko ya Loni. Read More

Burundi: Ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igisirikare kiragambaniwe, ibikorwa bya gisirikare bihagarara mu buryo butunguranye. Ubwoba ni bwose

Amakuru aturuka i Bujumbura mu Burundi aravuga ko ikibuga cy’indege cyitiriwe Melchior Ndadaye cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibitero by’ikoranabuhanga byahungabanyije ibikorwa byose by’indege, bikaba byateje impagarara zikomeye mu nzego za gisirikare …

Burundi: Ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igisirikare kiragambaniwe, ibikorwa bya gisirikare bihagarara mu buryo butunguranye. Ubwoba ni bwose Read More

Abarwanyi ba AFC/M23 barimbuye ingabo za Congo n’Abarundi zari zitonze umurongo ziri guhabwa aamabwiriza muri Uvira

Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho amakuru ava mu kibaya cya Ruzizi hafi ya Uvira agaragaza ko uburyo bushya bw’intambara burimo gukoresha …

Abarwanyi ba AFC/M23 barimbuye ingabo za Congo n’Abarundi zari zitonze umurongo ziri guhabwa aamabwiriza muri Uvira Read More

Abasirikare ba AFC/M23 Bavuye mu Bice Bimwe byo muri Walikale na Lubero

Umutekano ukomeje guhindagurika mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ibikorwa bya gisirikare n’imyanzuro ifatwa n’impande zihanganye bikomeje guteza impungenge abaturage n’abasesenguzi. Amakuru aheruka agaragaza ko ihuriro rya …

Abasirikare ba AFC/M23 Bavuye mu Bice Bimwe byo muri Walikale na Lubero Read More

U Rwanda ruriteguye: Abofisiye n’abasirikare mu nzego zitandukanye barangije amahugurwa y’ingabo zidasanzwe

Mu gihe umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje kuba mubi mu karere k’Ibiyaga Bigari, u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kongerera ubushobozi ingabo zarwo, cyane cyane izidasanzwe, mu rwego rwo gukomeza …

U Rwanda ruriteguye: Abofisiye n’abasirikare mu nzego zitandukanye barangije amahugurwa y’ingabo zidasanzwe Read More

AU mu manga: Uko abaperezida ba Afurika baciye agasuzuguro ka Ndayishimiye wabashyizeho igitutu

Mu gihe Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wari utegerejweho kugaragaza ubumwe n’icyerekezo ku rwego mpuzamahanga, ibikorwa biherutse kuwuranga byawushyize mu mwuka w’impaka n’ukutumvikana gukomeye hagati y’ibihugu biwugize. Ibi byatewe …

AU mu manga: Uko abaperezida ba Afurika baciye agasuzuguro ka Ndayishimiye wabashyizeho igitutu Read More