Ubutumwa bwa Perezida wa Mozambique mu gihe EU yahagaritse inkunga yahaga ingabo z’u Rwanda

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse inkunga wahaga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique. Mu minsi ishize, Perezida wa Mozambiqe, Daniel Francisco Chapo, yagaragaje ko igihugu cye kigifitiye icyizere gikomeye ingabo …

Ubutumwa bwa Perezida wa Mozambique mu gihe EU yahagaritse inkunga yahaga ingabo z’u Rwanda Read More

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse inkunga wahaga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique

Icyemezo cy’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi cyo guhagarika inkunga wahaga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique cyongeye gukangura impaka ku ruhare rw’izo ngabo mu kugarura umutekano mu ntara ya Cabo Delgado, …

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse inkunga wahaga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique Read More

Perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma y’ibyo Abashinwa bakoze bikamuteranya na Amerika.

Perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma y’ibyo Abashinwa bakoze bikamuteranya na Amerika. Ubwumvikane hagati ya sosiyete ya Sicomines ihuriweho n’Abashinwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo burimo kugenda …

Perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma y’ibyo Abashinwa bakoze bikamuteranya na Amerika. Read More

Abongereza bahaye AFC/M23 inkunga ikomeye cyane ishimangira ko abasirikare ba FARDC ari bo bagiye kwinjizwa muri iri huriro?

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kugaragaza gahunda irenze urugamba rwa gisirikare, aho riri gushyira imbere kuvugurura inzego z’umutekano no kuzamura ubukungu mu bice rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya …

Abongereza bahaye AFC/M23 inkunga ikomeye cyane ishimangira ko abasirikare ba FARDC ari bo bagiye kwinjizwa muri iri huriro? Read More

Kenya na Mozambique mu biganiro byagutse ku bucuruzi bwa gaz n’iterambere ry’ingufu muri Afurika

Guverinoma ya Kenya yatangiye urugendo rushya rugamije gushaka ibisubizo birambye ku kibazo cy’ingufu, yerekeza amaso ku mutungo kamere wa gaz muri Mozambique. Ibi biganiro biri mu rwego rwo kugabanya igiciro …

Kenya na Mozambique mu biganiro byagutse ku bucuruzi bwa gaz n’iterambere ry’ingufu muri Afurika Read More

AFC/M23 yitegura guhurira na Kinshasa mu Busuwisi yatanze umuburo ukomeye cyane nyuma yo gusubira inyuma ibilometero 30

Ingabo za AFC/M23 ziri mu bikorwa byo gusubira inyuma mu bice bitandukanye by’intara za Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo, mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibiganiro by’amahoro biteganyijwe n’impande zombi. Amakuru aturuka …

AFC/M23 yitegura guhurira na Kinshasa mu Busuwisi yatanze umuburo ukomeye cyane nyuma yo gusubira inyuma ibilometero 30 Read More

Abandi ba-Jenerali babiri mu gisirikare cya Uganda batawe muri yombi ku itegeko rya Gen. Muhoozi Kainerugaba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye gufata icyemezo gikomeye mu rugamba rwo kurwanya ruswa n’imikorere idahwitse mu gisirikare, ategeka itabwa muri yombi ry’abasirikare bakuru babiri bafite amapeti …

Abandi ba-Jenerali babiri mu gisirikare cya Uganda batawe muri yombi ku itegeko rya Gen. Muhoozi Kainerugaba Read More