Intambara yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Congo, ibitero bikomeye byagabwe ku mirongo yose y’urugamba

Imirwano ikomeye yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ihuriro ry’ingabo zishyigikiye ubutegetsi bwa Kinshasa ryagabye ibitero ku mirongo yose y’urugamba rihanganyemo na AFC/M23, bikaba byatangiye …

Intambara yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Congo, ibitero bikomeye byagabwe ku mirongo yose y’urugamba Read More

Intambara ihinduye isura: Abasirikare ba FARDC basoje imyitozo yihariye bahabwaga n’u Bufaransa.

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko abasirikare 715 barangije imyitozo yihariye yo kurwanira mu mashyamba, mu gikorwa kigaragaza icyerekezo gishya cyo kongerera ingabo ubushobozi mu guhangana …

Intambara ihinduye isura: Abasirikare ba FARDC basoje imyitozo yihariye bahabwaga n’u Bufaransa. Read More

Umubare w’Abakobwa basigaye bicuruza mu mujyi wa Kigali watumye benshi bashya ubwoba bwinshi cyane.

Umubare w’abakora bicuruza mu Mujyi wa Kigali ukomeje kuzamuka ugera ku barenga 9000, ibintu ubuyobozi bw’umujyi buvuga ko bifitanye isano ikomeye n’ibibazo bikiri mu miryango n’imibereho y’abaturage. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi …

Umubare w’Abakobwa basigaye bicuruza mu mujyi wa Kigali watumye benshi bashya ubwoba bwinshi cyane. Read More

Imirwano ikaze cyane yubuye hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na AFC/M23 yakomoje ku mpinduka mu gisirikare cya yo

Imirwano ikomeye yongeye kubura mu gace ka Osso Banyungu muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ihanganishije abarwanyi ba AFC/M23 n’ingabo za FARDC zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo na …

Imirwano ikaze cyane yubuye hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na AFC/M23 yakomoje ku mpinduka mu gisirikare cya yo Read More