Ntibisanzwe! Umugabo yataburuye umurambo wa mushiki we ajya kuwusabisha amafaranga muri banki

Inkuru itangaje kandi yuzuyemo agahinda n’ukutamenya amategeko yabereye mu gihugu cy’u Buhinde, aho umugabo w’imyaka 50 yafashe icyemezo gikomeye cyo gutaburura umurambo wa mushiki we awujyana kuri banki, agamije kugaragaza …

Ntibisanzwe! Umugabo yataburuye umurambo wa mushiki we ajya kuwusabisha amafaranga muri banki Read More

Ubuzima bushya bwa Bisi i Kigali: Impinduka zidasanzwe, impumeko y’abashoferi n’abagenzi. Amafoto + Video

Imibare itangwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ishusho y’uburyo abatuye Umujyi wa Kigali bagenda bajya ku kazi, aho 60,9% bagenda n’amaguru, 25,8% bagakoresha bisi na moto, mu gihe 13,3% ari …

Ubuzima bushya bwa Bisi i Kigali: Impinduka zidasanzwe, impumeko y’abashoferi n’abagenzi. Amafoto + Video Read More

Kinshasa: Inteko Ishinga Amategeko yafashe icyemezo gikomeye ku masezerano y’u Rwanda na RDC

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yafashe icyemezo gikomeye gishobora guhindura icyerekezo cy’umutekano n’ubukungu by’iki gihugu ndetse n’akarere k’ibiyaga bigari, yemeza ku bwiganze busesuye amasezerano y’amahoro …

Kinshasa: Inteko Ishinga Amategeko yafashe icyemezo gikomeye ku masezerano y’u Rwanda na RDC Read More

Indege rutura y’u Bubiligi yageze i Burundi ijyanyeyo izindi ntwaro zo kwifashisha mu gutera u Rwanda

Amakuru mashya aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko ku Cyumweru tariki ya 26 Mata, indege rutura ivugwaho kuba iy’u Bubiligi yageze muri iki gihugu izanye izindi ntwaro n’ibikoresho bya …

Indege rutura y’u Bubiligi yageze i Burundi ijyanyeyo izindi ntwaro zo kwifashisha mu gutera u Rwanda Read More

Umuyobozi mushya w’ubutumwa bwa MONUSCO yahishuye ibyo yaganiriye n’Ihuriro rya AFC/M23 i Goma

Umuyobozi mushya w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Umunyamerika James Swan, yatangaje ko uruzinduko yagiriye mu mujyi wa Goma rwamusigiye ishusho nyayo y’uko …

Umuyobozi mushya w’ubutumwa bwa MONUSCO yahishuye ibyo yaganiriye n’Ihuriro rya AFC/M23 i Goma Read More

Twebwe icyifuzo cyacu ni uko haba imvururu zituma Abahutu bahunga: Ibyo Gen Kabarebe yahishuriwe na Admiral Herteleer

Amateka y’intambara zabereye mu karere k’Ibiyaga Bigari akomeje gusobanurwa mu buryo butandukanye, ariko hari ibimenyetso n’ubuhamya bigaragaza uruhare rw’inyungu z’ibihugu bikomeye mu byabaye. Bimwe muri ibyo byagarutsweho na Gen (Rtd) …

Twebwe icyifuzo cyacu ni uko haba imvururu zituma Abahutu bahunga: Ibyo Gen Kabarebe yahishuriwe na Admiral Herteleer Read More

Uruzinduko rwa Papa Léon XIV muri Cameroun rwari rwitezweho kuba urw’amateka rwasize induru.

Uruzinduko rwa Papa Léon XIV mu gihugu cya Cameroun rwari rwitezweho kuba urw’amateka, by’umwihariko mu butumwa bwe bwo gushishikariza abaturage n’abayobozi kurwanya ruswa no kwimakaza imiyoborere myiza. Icyakora, uko iminsi …

Uruzinduko rwa Papa Léon XIV muri Cameroun rwari rwitezweho kuba urw’amateka rwasize induru. Read More

CNDD-FDD yemeje Ndayishimiye nk’umukandida wayo mu matora ya 2027, ahita atanga ubutumwa bukomeye.

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, ryemeje ku mugaragaro Perezida Evariste Ndayishimiye nk’umukandida uzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu 2027, mu cyemezo cyafatiwe mu nama idasanzwe y’iri shyaka …

CNDD-FDD yemeje Ndayishimiye nk’umukandida wayo mu matora ya 2027, ahita atanga ubutumwa bukomeye. Read More