U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’imiryango yabo, rugaragaza ko inzira yo gutaha ikomeje gufunguka

Leta y’u Rwanda yakiriye abarwanyi 15 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bari kumwe n’abantu 19 bo mu miryango yabo, baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu cyiciro …

U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’imiryango yabo, rugaragaza ko inzira yo gutaha ikomeje gufunguka Read More

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe.

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo cy’abantu batunze ibinyabiziga bitanditse mu mazina yabo, binyuze mu ihererekanya ryemewe rizwi …

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe. Read More

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore

Niyitegeka Gratien uzwi cyane ku izina rya Seburikoko cyangwa Papa Sava, umwe mu bantu bakunzwe cyane muri sinema nyarwanda, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ibisobanuro ku mpamvu atihutira gushaka …

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore Read More

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye

Mu gihe ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burundi bukomeje gutangaza ko ibintu bimeze neza, hari indi shusho igenda igaragara kure y’amaso ya rubanda. Iyi shusho igaragarira mu buhamya bw’abasirikare bavuye mu gihugu, …

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye Read More

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’ibyo u Rwanda rwayemereye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye intambwe zifatika zo kwinjira mu bibazo by’umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ku mugaragaro ko …

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’ibyo u Rwanda rwayemereye Read More

Abarusiya bahunze intambara na Ukraine bifuza kuba Abanyarwanda byuzuye kubera ibyo babonye mu Rwanda.

Intambara iyo itangiye, ntigira uwitandukanya n’ingaruka zayo. Irasenya, igatwara ubuzima, igatatanya imiryango, ikanazimya inzozi z’abari bafite ejo heza. Ukraine ni urugero rufatika rw’igihugu cyari kizwi nk’ikigega cy’ibinyampeke ku isi, gifite …

Abarusiya bahunze intambara na Ukraine bifuza kuba Abanyarwanda byuzuye kubera ibyo babonye mu Rwanda. Read More

Ababiligi baguye mu kantu nyuma yo kwisanga inyuma y’u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite imihanda myiza ku Isi

Mu gihe u Bubiligi buzwi nk’igihugu gifite ubukungu bukomeye, ibikorwaremezo byateye imbere n’umwanya ukomeye mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), abenegihugu benshi batunguwe no kubona ko kiri inyuma y’ibihugu birimo …

Ababiligi baguye mu kantu nyuma yo kwisanga inyuma y’u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite imihanda myiza ku Isi Read More