Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye

Nyuma y’imyaka myinshi ari umwe mu baririmbyi b’ingenzi muri Korali ya Ambassadors of Christ, Sarah Sanyu yafashe icyemezo gikomeye cyo gutangira urugendo rwe bwite nk’umuhanzi wigenga, anahita atangaza ko ari …

Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye Read More

Burundi: Ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igisirikare kiragambaniwe, ibikorwa bya gisirikare bihagarara mu buryo butunguranye. Ubwoba ni bwose

Amakuru aturuka i Bujumbura mu Burundi aravuga ko ikibuga cy’indege cyitiriwe Melchior Ndadaye cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibitero by’ikoranabuhanga byahungabanyije ibikorwa byose by’indege, bikaba byateje impagarara zikomeye mu nzego za gisirikare …

Burundi: Ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igisirikare kiragambaniwe, ibikorwa bya gisirikare bihagarara mu buryo butunguranye. Ubwoba ni bwose Read More

Abarwanyi ba AFC/M23 barimbuye ingabo za Congo n’Abarundi zari zitonze umurongo ziri guhabwa aamabwiriza muri Uvira

Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho amakuru ava mu kibaya cya Ruzizi hafi ya Uvira agaragaza ko uburyo bushya bw’intambara burimo gukoresha …

Abarwanyi ba AFC/M23 barimbuye ingabo za Congo n’Abarundi zari zitonze umurongo ziri guhabwa aamabwiriza muri Uvira Read More

Umutoza w’Amavubi nyuma yo kunyagira Grenada atanze ubutumwa bukomeye ku hazaza h’iyi kipe.

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yatangiye urugendo rwayo muri FIFA Series 2026 yerekana isura nshya itanga icyizere, nyuma yo kunyagira Grenada ibitego 4-0 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro. Uyu …

Umutoza w’Amavubi nyuma yo kunyagira Grenada atanze ubutumwa bukomeye ku hazaza h’iyi kipe. Read More

Abasirikare ba AFC/M23 Bavuye mu Bice Bimwe byo muri Walikale na Lubero

Umutekano ukomeje guhindagurika mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ibikorwa bya gisirikare n’imyanzuro ifatwa n’impande zihanganye bikomeje guteza impungenge abaturage n’abasesenguzi. Amakuru aheruka agaragaza ko ihuriro rya …

Abasirikare ba AFC/M23 Bavuye mu Bice Bimwe byo muri Walikale na Lubero Read More

U Rwanda ruriteguye: Abofisiye n’abasirikare mu nzego zitandukanye barangije amahugurwa y’ingabo zidasanzwe

Mu gihe umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje kuba mubi mu karere k’Ibiyaga Bigari, u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kongerera ubushobozi ingabo zarwo, cyane cyane izidasanzwe, mu rwego rwo gukomeza …

U Rwanda ruriteguye: Abofisiye n’abasirikare mu nzego zitandukanye barangije amahugurwa y’ingabo zidasanzwe Read More