U Rwanda ruriteguye: Abofisiye n’abasirikare mu nzego zitandukanye barangije amahugurwa y’ingabo zidasanzwe

Mu gihe umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje kuba mubi mu karere k’Ibiyaga Bigari, u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kongerera ubushobozi ingabo zarwo, cyane cyane izidasanzwe, mu rwego rwo gukomeza …

U Rwanda ruriteguye: Abofisiye n’abasirikare mu nzego zitandukanye barangije amahugurwa y’ingabo zidasanzwe Read More

AU mu manga: Uko abaperezida ba Afurika baciye agasuzuguro ka Ndayishimiye wabashyizeho igitutu

Mu gihe Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wari utegerejweho kugaragaza ubumwe n’icyerekezo ku rwego mpuzamahanga, ibikorwa biherutse kuwuranga byawushyize mu mwuka w’impaka n’ukutumvikana gukomeye hagati y’ibihugu biwugize. Ibi byatewe …

AU mu manga: Uko abaperezida ba Afurika baciye agasuzuguro ka Ndayishimiye wabashyizeho igitutu Read More

Afurika Yunze Ubumwe yanze kandidatire y’umukandida wari watanzwe na Perezida Ndayishimiye ngo azayobore Loni

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wafashe icyemezo cyo kudashyigikira kandidatire ya Macky Sall ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, mu gihe irushanwa ryo gusimbura António Guterres rikomeje gufata indi …

Afurika Yunze Ubumwe yanze kandidatire y’umukandida wari watanzwe na Perezida Ndayishimiye ngo azayobore Loni Read More

Habaye impanuka ikomeye cyane yabereye mu rugo igahitana Umugore n’Umugabo bari bari gukora urukundo rwo mu mashuka.

Mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Rugerero, Akagari ka Rwaza, Umudugudu wa Rebero, humvikanye inkuru y’incamugongo y’abantu batatu bagwiriwe n’inzu mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 25 …

Habaye impanuka ikomeye cyane yabereye mu rugo igahitana Umugore n’Umugabo bari bari gukora urukundo rwo mu mashuka. Read More

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukoresha nabi ijambo ‘Indangamirwa’ rimaze kwamamara mu mvugo z’ubu.

Mu gihe imvugo n’imikoreshereze y’amagambo bikomeje guhinduka cyane cyane mu rubyiruko, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene, yongeye kwibutsa urubyiruko akamaro ko gusobanukirwa neza amagambo y’umuco Nyarwanda, …

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukoresha nabi ijambo ‘Indangamirwa’ rimaze kwamamara mu mvugo z’ubu. Read More

RDC: Itangazo riteye agahinda rya AFC/M23 nyuma y’ibitero bikomeye cyane bya FARDC n’abambari ba yo

Mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje kuvugwa ku rwego mpuzamahanga, umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuzamo ibibazo, aho abaturage bo muri Mikenke bongeye kwibasirwa n’ibitero bikomeye …

RDC: Itangazo riteye agahinda rya AFC/M23 nyuma y’ibitero bikomeye cyane bya FARDC n’abambari ba yo Read More